Archive | November, 2011

004

GITWE: Ikibura ni isoko

Posted on 26 November 2011

  Iyo ukinjira muri ako gasantere wakirwa n’ inyubako zigenda zizamurwa  zerekana ko hari kugera iterambere, iri terambere ariko siryo usanga mu gace gacururizwamo ibiribwa. Ugihinguka ahari ibiribwa ubona abantu benshi bagizwe n’abacuruzi ndetse n’abaguzi babo.Ubona kandi ibicuruzwa birimo amoko atanduaknye y’ibiribwa biri ku dufuka dutanditse hasi ku itaka,ibitari ku dufuka biri ku dutanda  dushaje.Hepfo [...]

Guhagararirwa kuri 30% byatumye abagore babasha kwiteza imbere

Posted on 26 November 2011

Bamwe mu banyeshuri biga mu  ishuri rikuru rya Byumba (Institut Polytechnique de Byumba) riherere mu ntara y’Amajyaruguru ho mu karere ka Gicumbi  bavuga ko kuba leta y’ u Rwanda yarahaye abagore imyanya mu nzego zifatirwamo ibyemezo byatumye babasha kwiteza imbere mu bikorwa bitandukanye. Niyitegeka Marie Josée umunyeshuri wiga muri iri shuri  akaba ari n’umwe mu [...]

Abatuye umudugudu wa kabingo, akarere ka muhanga bahangayikishijwe no kutagira amavomo ahagije

Posted on 26 November 2011

Abaturage bo mu mudugudu  wa  Kabingo mu murenge wa Muhanga mu karere ka Muhanga  bavuga ko bafite ikibazo cy’amazi meza kuko bayavoma bagombye gukora urugendo rurerure rugera ku minota irenga 50 kandi bakahahurira ari benshi.   Umuyobozi mudugudu wa Kabingo, Bizimana Onesphore yemera ko iki kibazo gihari kuko umudugudu utuwe n’abantu benshi ku buryo amasoko [...]

Amarushanwa yo kurwanya ibiyobyabwenge na Sida mu rubyiruko ngo azasigira Akarere ka Nyagatare ikipe y’umupira w’amaguru

Posted on 26 November 2011

Akarere ka Nyagatare karimo gutegura amarushanwa y’imikino n’imyidagaduro agamije kurwanya ibiyobyabwenge na SIDA mu rubyiruko azaba mu kwezi kwa mbere k’umwaka utaha. Ayo marushanwa kandi ngo bakaba bateganya ko azasigira akarere ikipe y’umupira w’amaguru y’abahungu n’iy’abakobwa mu kiciro cya kabiri. Umuyobozi w’akarere ushinzwe urubyiruko, umuco na siporo; Twahirwa Théoneste,  avuga ko uretse kuba bazarwanya ibiyobyabwenge [...]

Rusizi : Ihuriro ry’abana ryafashije mugenzi wabo w’imfubyi rimugurira imyenda

Posted on 26 November 2011

Mukeshimana Thierry ni umwana w’impubyi ubana na nyirakuru. Kimwe n’abandi henshi mu mirenge igize akarere ka Rusizi, Mukeshimana ari mu ihuriro ry’abana bana baturanye. Nk’uko Mukeshimana abivuga, iri huriro ryamufashije byinshi atari kwigezaho. Mu kwezi kwa gatanu, abandi bana babana mu ihuriro bamukoreye igikorwa cy’urukundo atibagirwa. Bakusanyije amafaranga bamugurira amapantaro abiri, imipira itatu n’amasogisi. Mukeshimana [...]

Nyamagabe: kubera kwibumbira muri koperative abamotari barishimira intambwe bamaze gutera

Posted on 26 November 2011

Nyuma yaho abamotari bakorera mu mujyi wa Nyamagabe mu murenge wa Gasaka, bibumbiye muri cooperative bise Cotamonya, ubu baravuga ubuzima bwabo bwahinditse k’ uburyo basigaye babasha ku verisa ba nyiri moto nta kibazo kibayeho. Umuyobozi w’ iyi cooperative Mark Bikorimana, avuga ko kuva bashinga Cotamonya mu mwaka wa 2008, ubu bamaze kugira abanyamuryango 170, uko [...]

Gakenke : Ihuriro ry’Abafatanyabikorwa b’Akarere ryamuritse ibikorwa byaryo

Posted on 26 November 2011

Kungurana ibitekerezo, guhahamo inararibonye no kumenyekanisha ibyo bakorera abaturage ni bimwe mubyari biteganyijwe kuzava mu imurikabikorwa ryateguwe ku wa 27 Ukwakira 2011 n’Ihuriro y’Abafatanyabikorwa b’Akarere ka Gakenke. Iryo murika ryitabiriwe n imiryango itandukanye, amashyirahamwe n’abantu ku giti cyabo bakorera muri ako karere. Afungura iryo murikabikorwa, Hon. Uwamariya Devota wari umushyitsi mukuru yavuze ko iryo murika [...]

003

Ngororero: Abaturage barashishikarizwa gutura mu midugudu

Posted on 26 November 2011

Muri iyi minsi harimo kugwa imvura nyinshi mu bice byinshi by’u Rwanda. Hamwe na hamwe iyi mvura yangiza byinshi. Mu karere ka Ngororero hari aho abaturage bimuwe n’imyuzure nyuma y’uko itwaye amazu yabo ubu bakaba bacumbitse ku bitabiriye gahunda yo gutura ku midugudu kuko bo batujwe ahantu hizewe umutekano kandi horoshye kugera ibikorwa remezo. Abatinze [...]

002

Ivugururwa ry’umujyi wa Nyamagabe nta muturage ryahutaje

Posted on 26 November 2011

Ivugururwa ry’ umujyi wa Nyamagabe rirakomeje Ubuyobozi bw’umujyi wa Nyamagabe buravuga ko ivugururwa ryabanje kwigwaho bihagije ndetse bunabanza kwigisha abaturage impamvu y’iryo vugururwa nicyo rizamarira akarere kabo. Umuyobozi w’aka karere, Mugisha Philbert, aravuga ko mu gihe hafatwaga ingamba zo kuvugurura uyu mujyi abaturage badafite ubushobozi bujyanye n’ivugururwa ry’umujyi babanje guteguzwa mbere y’uko iki gikorwa gitangira [...]

Abaturage baragira uruhare mu gikemura ibibazo bivuka mu gihe cyo kwandikisha ubutaka

Posted on 26 November 2011

Mu karere ka Kamonyi abakozi b’ibiro by’ubutaka biyambaza abaturage ndetse n’ubuyobozi bw’umudugudu ngo babafashe gukemura ibibazo by’amasambu mu gihe cyo kwandika ubutaka. Igikorwa cyo kubarura ubutaka mu karere ka Kamonyi kirabera mu kagali ka Kabagesera na Muganza. Abakozi b’ibiro by’ubutaka bafatanije n’abayobozi b’umudugudu icyo gikorwa kiberamo, bandika imbibi za buri sambu na nyirayo. Nk’uko Habumukiza [...]

Top Network News

Rwanda president Paul Kagame hits campaign with Jeannette Kagame, Ivan Kagame and Ange Kagame

A Voyage Through The Life Of Our Late Inyumba Aloisea , Refugee – Leader – Minister – Legend

Jeannette Kagame : Study Finds Rwanda Is “BEST PLACE” For Women Politicians

President Paul Kagame along with Jeannette , Ange and Ivan Kagame - The first family of Rwanda

Related sites

Advertisement

jaguar cars jaguar, jeep, kia