Posted on 31 May 2012
Ubuyobozi bw’akarere ka Gatsibo bufatanyije n’umushinga SNV burashishikariza abatuye mu karere ka Gatsibo n’abahakorera kwamagana imirimo mibi ikoreshwa abana irimo kubakura mu ishuri kuko bibabuza amahirwe yo gutera imbere. Umukozi w’akarere ka Gatsibo ushinzwe umurimo Kagarama John Jakob atangaza ko ibikorwa bibi bikoreshwa abana biboneka mu karere birimo kubaragiza amatungo, kubacukuza amabuye y’agaciro, kubakoresha amaterasi [...]
Tags: , Gatsibo barashishikarizwa, mirimo mibi, Rwanda, Rwanda Advocacy, Rwanda children, Rwanda development, Rwanda gatsibo, Rwanda Human rights
Posted on 31 May 2012
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Gahini mu karere ka Kayonza bavuga ko kwitura ari umuco mwiza ukwiye kuranga abanyarwanda. Babitangaje kuri uyu wagatatu tariki 30/05/2012 nyuma y’uko muri uwo murenge hari abaturage bari barorojwe inka muri gahunda ya Gira inka bituye bagenzi babo bagera kuri 28 batishoboye. Bamwe mu bo twaganiriye bavuga ko [...]
Tags: abantu, abaturage, ari, bamwe, inka, kuri, kwitura, murenge, Rwanda, Rwanda cow, rwanda culture, Rwanda development, Rwanda Farming, Rwanda kayonza, uko, umuco
Posted on 31 May 2012
Nyuma ya jenoside yakorewe abatutsi, ababashije kuyirokoka bubakiwe amacumbi n’imiryango itandukanye harimo iya leta n’iyigenga. Mu gihe cyo kwandikisha ubutaka, ibibanza birimo ayo macumbi byanditswe nk’umutungo wa leta. Ibyo byateye impungenge imiryango yari yarubakiwe amacumbi izi ko iyahawe burundu, none bakaba nta burenganzira busesuye bayafiteho. Mu mirenge itandukanye igize akarere ka Kamonyi, imiryango y’abacitse ku [...]
Tags: abacitse, ayo, bubakiwe, busesuye, icumu, Imiryango, leta, mazu, ngo, nta, Rwanda, Rwanda Advocacy, Rwanda Genocide, Rwanda Kamonyi, Rwanda survivors
Posted on 30 May 2012
A team of medical practitioners from University of Rwanda Teaching Hospital (CHUB), recently offered 17 cows to Gishamvu and Karama sector survivors of the 1994 genocide against Tutsis. 10 cows were given to survivors of Gishamvu sector whereas the other 7 given to survivors of Karama sector. [...]
Posted on 30 May 2012
Kimwe mu bikorwa byiyemejwe mu karere ka Nyabihu, ni uguteza imbere imibereho myiza y’abaturage mu nzego zose. Ni muri urwo rwego abahejejwe inyuma n’amateka babaga muri Nyakatsi bagombaga kubakirwa amazu 52 mu murenge wa Muringa. Muri ayo mazu bagombaga kubakirwa, kugeza ubu amazu 48 amaze kuzura nk’uko [...]
Tags: Rwanda agriculture, Rwanda Arts, Rwanda Building, Rwanda cooperative, Rwanda development, Rwanda Nyabihu, Rwanda population, Rwanda Rwanda
Posted on 30 May 2012
Epaphodite Binamungu, umunyabugeni w’Umunyarwanda, ni we wavuze aya magambo kuwa 25 Gicurasi. Hari mu biganiro byabereye ku cyicaro cy’Ingoro z’igihugu z’umurage w’u Rwanda i Huye. Ibi biganiro byateguwe na Minisiteri y’Ubucuruzi (MINICOM) mu rwego rwo kwizihiza umunsi w’umutungo bwite mu by’ubwenge. Avuga ko inyungu z’abahanzi zizakurikiranwa n’urwego rushinzwe gucunga umutungo bwite mu by’ubwenge, Binamungu yasubizaga [...]
Tags: Rwanda Abahanzi, Rwanda Advocacy, Rwanda Artist, Rwanda development, Rwanda Huye, Rwanda inyungu, Rwanda rights, Rwanda Rwanda, Rwanda urwego rushinzwe gucunga umutungo bwite, Rwandapiracy
Posted on 30 May 2012
Kuri uyu wa mbere tariki ya 28/05/2012, abaturage batuye ahazubakwa isoko, agakinjiro ndetse n’ikigo cy’imyuga mu murenge wa Kagano mu kagari ka Rwesero, umudugudu wa Rwesero n’uwa Gasharu bagiranye inama n’ubuyobozi bw’akarere, iyo nama ikaba yari igamije kubagezaho gahunda ziteganijwe kuzakorerwa muri ubwo butaka. Umuyobozi w’akarere wungiririje ushinzwe imari, ubukungu n’iterambere, Bahizi Charles, yababwiye ko [...]
Tags: , Rwanda development, Rwanda Expropriation, Rwanda Nyamasheke, Rwanda population, Rwanda Rwanda
Posted on 30 May 2012
Kuri uyu wa mbere tariki ya 28/05/2012, abacuruzi bakoreraga mu isoko rya Rwesero bagiranye inama n’ubuyobozi bw’akarere igamije kubamenyesha ko aho bacururiza bahatijwe mu gihe gito bagomba kuzimukira ahazubakwa isoko rya Kijyambere. Aba bacuruzi batijwe n’akarere aho bacururiza ubu nyuma yo gusenyerwa aho bakoreraga kuko hari kunyuzwa umuhanda. Umuyobozi w’akarere wungiririje ushinzwe imari, ubukungu n’iterambere, [...]
Tags: abacuruzi, Aho, akarere, gihe, iri, isoko, iterambere, Rwanda development, Rwanda Market, Rwanda Nyamasheke, Rwanda population, Rwanda Rwanda, rya, soko, Umuyobozi
Posted on 30 May 2012
Gahunday’akarimak’igikoniyashyizweho mu Rwanda hose ahanini mu rwegorwogufashaabaturageguteguraindyoyuzuyebatagombyekujyakureahubwobakuyeibyobayiteguzahaficyaney’ingozabo. Iyigahundakandiyanashyizweho mu rwegorwokurwanyaindwaraziterwan’imiriremibi mu miryangocyanecyanehitabwakubana. MukarerekaNyabihu,nyumay’ahoabaturagebamenyeyeubwizan’akamarok’akarimak’igikoni mu miberehoy’imiryangoyabon’abanababo,kubufatanyen’abajyanamab’ubuzima,abashyinzweubuzimamurirusangendetsendetsen’abayobozib’inzegoz’ibanze,gahunday’akarimak’igikoniyarushijehokugendaiteraimberendetseyitabirwakuburyobushimishijenk’ukoDusenge Pierre ushinzweubuzimamuriakokarereyabidutangarije. Benshi mu baturageusangabafiteuturimatw’igikonikuburyobibafashamuribyinshi mu mitegurirey’indyoyuzuyendetsen’imirireyabon’ukoMasengesho Jean Paul,umwe mu baturageyabidutangarije. Ngo aka karima,kabafasha mu kurwanyaindwaraziterwan’imiriremibinkaBwaki,n’izindicyanekubana. Kubaabaturagebarasobanukiwen’akamarok’akokarimak’igikoni,bibaterakwitabirakukagirakubataribadufitendetse no kutuvugururakubafiteutwaridutangiyegusaza.Dusenge Pierre ushinzweubuzima mu karerekaNyabihuavugako mu turimatw’igikonitugerakuri 267 baribiyemejegukora mu mihigokuva mu kwa07/2011 kugeza [...]
Tags: Rwanda agriculture, Rwanda development, Rwanda food, Rwanda Nyabihu, Rwanda population, Rwanda Rwanda
Posted on 30 May 2012
Gahunda y’akarima k’igikoni yashyizweho mu Rwanda hose ahanini mu rwego rwo gufasha abaturage gutegura indyo yuzuye batagombye kujya kure ahubwo bakuye ibyo bayiteguza hafi cyane y’ingo zabo. Iyi gahunda kandi yanashyizweho mu rwego rwo kurwanya indwara ziterwa n’imirire mibi mu miryango cyane cyane hitabwa ku bana. Mu karere ka Nyabihu,nyuma y’aho abaturage bamenyeye ubwiza n’akamaro [...]