Archive | January, 2013

Ngo nta muntu utakinywa amata, kandi mbere batarayanywaga

Rwanda | Ruhango: tuzahora tuzirikana ibyo intwari zatumye tugeraho – Abaturage

Posted on 31 January 2013

Mu gihe hirya no hino imihango yo kwitegura umunsi w’intwari uteganyijwe tariki ya 01/02/2013, abatuye akarere ka Ruhango baravuga ko mu byo bakora byose batakwibagirwa aho bamaze kugera babikesha intwari. Aba baturage bavuga ko aho u Rwanda rugeze ubu, nta kindi cyabiteye uretse abantu bamwe bafasha icyemezo cy’uko bagomba kuba ibitambo by’abandi hagamijwe gukura u [...]

Tags: , , , , ,

Nyamasheke

Rwanda | Nyamasheke: Gutura ku midugudu bikwiriye gushyirwamo ingufu kurushaho

Posted on 31 January 2013

Inzego zishinzwe imiturire mu karere ka Nyamasheke ziratangaza ko gahunda yo gutura ku midugudu ikwiriye gushyirwamo imbaraga kurushaho kugira ngo abaturage barusheho kuyitabira. Ibi byaganiriweho kuri uyu wa kabiri, tariki ya 29/01/2013 mu nama yahuje urwego rw’akarere ka Nyamasheke rushinzwe imiturire n’abanyamabanga Nshingwabikorwa b’imirenge igize aka karere. Nkundineza Juvenal ushinzwe imiturire mu karere ka Nyamasheke [...]

Tags: , , , , , ,

amezi atatu arasiga intore ziri k’urugerero

Ruhango: amezi atatu arasiga intore ziri k’urugerero zizibye icyuho cy’abatazi gusoma no kwandika

Posted on 30 January 2013

Intore zitabiriye urugerero zituguye gufasha abatazi gusoma no kwandika Ubuyobozi bw’akarere ka Ruhango buravuga ko bwiteguye gufatanya n’intore ziri k’urugerero kugirango zizajye gusoza ibikorwa byazo nta muturage usigaye atazi gusoma no kwandika. Mbabazi Francois Xavier umuyobozi w’akarere ka Ruhango, avuga ko kugeza ubu bafite abaturage bashaka gutangiza kwiga kubara no gusoma ariko  ngo bagahura n’ikibazo [...]

Tags: , , , , ,

Disabled people need more attention

Gisagara: Disabled people need more attention

Posted on 30 January 2013

People living with the disabilities in Gisagara district need much attention for them to gain confidence in themselves and to participate in different government programs. This was said by Elysé Bakundukize the coordinator of the National Council for people with Disabilities in Gisagara district. Cows given to disabled people   Giving people with disabilities livestock [...]

Tags: , , , ,

Rusizi: Nubwo bamwe bakataje mu kwiyubakira utugari hari abatarabyumva

Posted on 30 January 2013

Hagamijwe kurushaho kwigira ubu abanyarwanda bose barashishikarizwa kwiyubakira inyubako z’utugari kubatazifite cyangwa bakodesha. icyakora bamwe mu baturage b’akarere ka Rusizi batangazako iyi gahunda yo kwiyubakira bayishimiye kuko ngo nta kiza cyo gucumbika, icyakora nubwo hari abamaze kubyumva hari nabavuga ko ntacyo babiziho. Nyuma y’aho bigaragariye ko hari tumwe mu tugari hirya no hino mu gihugu [...]

Tags: , , , , ,

Inama y’igihugu y’abafite

Rwanda : Inama y’igihugu y’abafite ubumuga mu guca burundu ingeso yo gusabiriza

Posted on 30 January 2013

Kureba uburyo ingeso yo gusabiriza ikigaragara kuri bamwe mu bafite ubumuga yacika, ni imwe mu ngingo nyamukuru ziri kuganirwaho na bamwe mu bayobozi bahagarariye inama y’igihugu y’abafite ubumuga, mu mwiherero batangiye mu karere ka Musanze kuri uyu wa mbere tariki 28/01/2013. Uyu mwiherero wanitabiriwe kandi n’abandi bafatanyabikorwa b’iyi nama y’igihugu, hagamijwe guteza imbere imibereho myiza [...]

Ikibazo cyo kwishyura imisoro kubukode bw’ibibanza

Rwanda | Rusizi: Ikibazo cyo kwishyura imisoro kubukode bw’ibibanza kiracyari ingorabahizi

Posted on 30 January 2013

Ibi n’ibyaganiriweho kuwa 28/01/2013, munama yahuje abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge n’utugari ubwo bari bari mu nama yo gushyira mubyiciro imidugudu igize akarere ka Rusizi kugirango harebwe uko bazishyura iyo misoro ni muri urwo rwego mu midudugudu ifatwa kimwe n’umujyi  cyane cyane ahamaze kugera amajyambere ashingiye kubikorwaremezo hafashwe ibyemezo by’ agateganyo ko bazajya bishyura amafaranga mirongo 30 [...]

Abana bakeneye kurya

Rwanda : Abana bakeneye kurya indyo yuzuye ngo bakura neza.

Posted on 30 January 2013

Abagore batuye akarere ka Rulindo kuri ubu ngo biyemeje kugaburira abana babo indyo yuzuye ,mu rwego rwo kubarinda indwara no kugira ngo bagire imikurire myiza. Aba bagore kandi bavuga umwana wariye neza indyo yuzuye ibisabwa ,aba atandukanye n’urya indyo ituzuye.Ngo kuko haba mu mikurire ,no mu bwenge usanga batandukanye ku buryo bugaragara. Gutegura indyo yuzuye [...]

Tags: , , , ,

Mu bibanza hamaze no gucibwamo imihanda

Rwanda | GISAGARA: SAVE IRIFUZWAMO UMUJYI

Posted on 29 January 2013

Ahagomba kubakwa  umudugudu w’icyitegererezo mu murenge wa Save mu karere ka Gisagara, hamaze gusizwa ndetse n’ibibanza byatangiye gucibwa, hakaba ikigambiriwe ari uko hazaba umujyi, amajyambere akarushaho kwiyongera muri aka karere. Igice cyaciwemo ibibanza bigenewe kuzubakwamo inyubako zigendanye n’igihe muri uyu murenge wa Save, ni igice cyegeranye n’akarere ka Huye ahareba muri Rwabuye. Ibi rero ngo [...]

Tags: , , , , ,

ABANYARWANDA BARASABWA KWAMAGANA AKATO

Rwanda | GISAGARA: ABANYARWANDA BARASABWA KWAMAGANA AKATO GAHABWA ABAFITE UBUMUGA

Posted on 29 January 2013

Buri munyarwanda arakangurirwa  kwamagana akato kagirirwa abafite ubumuga kuko bafite ubushobozi nk’abandi. Ibi byavuzwe  na minisitiri w’umutekano mu gihugu Mussa Fazil Harerimana,  mu muhango wo kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe kwita ku bafite ubumuga mu karere ka Gisagara mu murenge wa Nyanza.   Hasozwa iminsi16 yahariwe kwita ku bikorwa byo kuzirikana abafite ubumuga mu karere ka [...]

Tags: , , , , ,

Top Network News

Rwanda president Paul Kagame hits campaign with Jeannette Kagame, Ivan Kagame and Ange Kagame

A Voyage Through The Life Of Our Late Inyumba Aloisea , Refugee – Leader – Minister – Legend

Jeannette Kagame : Study Finds Rwanda Is “BEST PLACE” For Women Politicians

President Paul Kagame along with Jeannette , Ange and Ivan Kagame - The first family of Rwanda

Related sites

Advertisement

jaguar cars jaguar, jeep, kia