Tag Archive | "Gakenke"

Imiryango 17 yorojwe inka muri gahunda ya Girinka

Cyabingo: Imiryango 17 yorojwe inka muri gahunda ya Girinka

Tags: , , , , , , , ,


Imiryango 17 yorojwe inka muri gahunda ya Girinka

Musenyeri ashyikiriza umwe mu bagabiwe inka

Kuva gahunda ya Girinka yatangira mu mwaka wa 2006  itangijwe na Prezida wa Repubulika, paul kagame abaturage bagabiwe inka bitura bagenzi babo kugira ngo nabo babashe gutunga bave mu bukene. Abaturage bo mu Murenge wa Cyabingo bakaba bituye inka 17 tariki 14/05/2013.

Iyi gahunda ya Girinka yafashije abantu batishoboye bava mu bukene aho inka bagabiwe zabahaye amafaranga ava ku mukamo, ubuhinzi bwabo butera imbere kuko bahinga bakabona ifumbire.

Ikindi,  kubera kubona amata byatumye  abaturage baca ukubiri n’indwara ziterwa n’imirire mibi nka bwaki yari yugarije Abanyarwanda batari bake.

Nzabantekereza Marie Therese w’imyaka 52, umujyanama w’ubuzima uhagarariye abandi ku Kigo Nderabuzima cya Cyabingo wavuze mu izina ry’abagabiwe bose  ashimangira ko  gahunda ya Girika yagize uruhare rukomeye mu mu murenge wa Cyabingo mu guca bwaki.

Yifashishije imibare, Nzabantekereza agaragaza ko uko gahunda ya girinka yakangaye bwaki. Ngo mu mwaka  wa 2009  habarurwaga abana 1450 bafite imirire mbibi yoroheje n’abana 209 bafite imirire mibi ikabije none muri 2013 hasigaye 5 n’umwe uri mu mutuku.

Musenyeneri wa Diyoseze ya Ruhengeri, nyiricybahiro Hororimana Vincent witabiriye uyu muhango asanga ubuyobozi bufite ubushake bwo kurwanya ubukene, akangurira abaturage kubushyigikira.

 

Abaturage

Gakenke: Abaturage barashima ibikorwa by’intore ziri ku rugerero

Tags: , , , , , ,


Abaturage barashima ibikorwa

 Intore ziri ku rugerero zatangiye ukwezi kwa gatatu ari na ko kwezi zizasozamo ibikorwa bitandukanye zikoraga mu tugari zivukamo.   Ibikorwa bamaze gukora birashimwa n’abaturage ubwabo.

Mu Mudugudu wa Sitwe, Akagali ka Rusagara mu Murenge wa Gakenke, kuri uyu wa mbere tariki 04/03/2013, abasore n’inkumi bari ku rugerero bahuriye kwa Mukamusoni Leocadie, bamukorera akarima k’igikoni.

Nyuma yo gukora ako karima k’igikoni, uyu mubyeyi w’imyaka 50 yashimiye izo ntore ziri ku rugerero ahobera umwe ku wundi.  Yagize ati: “ Rwose ndabashimye, muzakomeze kugira umutima wo gufasha abantu batishoboye.”

Mukamusoni yakomeje avuga ko agize amahirwe yo kubona akarima k’igikoni kandi byari byaramunaniye kugakora  kubera ubumenyi buke. Ahamya ko ikibazo cy’imboga yagiraga, kigiye gukemuka bityo agaca ukubiri n’imirire mibi.

Ingabire Clémentine, umwe mu bari ku rugerero na we yunga mu magambo y’uwo mubyeyi avuga ko ibikorwa bakora bishimisha abaturage muri rusange.

Ati: “Urugerero ruragenda neza. N’ubwo dukora nta gihembo dutegereje, urugerero turukora turwishimiye  kuko n’imirimo ifitiye igihugu akamaro  n’abaturage ubwabo. Abaturage dukorera ibikorwa bitandukanye barabyishimira…”

Ngo izo ntore zo ku rugerero zaciye imirwanyasuri  n’ibyobo byo gufata amazi mu rwego rwo kurwanya isuri, banabaruye abantu batazi gusoma, kwandika no kubara. Muri uku kwezi kwa gatatu, bateganya gukora uturima tw’igikoni mu midugudu yose igize Akagali ka Rusagara.

Abo basore n’inkumi babona n’umwanya wo kuba bari kumwe igihe kitari gito, rimwe mu byumweru bibiri bagakina umupira w’amaguru. Bao Dieudonné, ukuriye izo ntore,  avuga ko ibyo bituma basabana bakungurana ibitekerezo, umwe akaba yakwigira kuri mugenzi we.

Rwanda Gakenke Abakora akazi k’uburaya

Rwanda | Gakenke : Abakora akazi k’uburaya barahamagarirwa gukora bakiteza imbereRwanda,Rwanda Gakenke,Rwanda Rulindo,Rwanda Advice,Rwanda Cooperative,Rwanda Development

Tags: , , , , , , , , , , , , , , ,


Abakora akazi k’uburaya mu turere twa Gakenke na Rulindo barasabwa guhagurukira kujya mu makoperative kugira ngo biteze imbere, bityo bareke uburaya. Ibi babisabwe  mu mahugurwa y’umunsi umwe yabaye kuri uyu wa gatatu tariki 23/05/2012 mu karere ka Gakenke.

Rwanda Gakenke Abakora akazi k’uburaya

Muri ayo mahugurwa, bibukije ko  kwibumbira mu makoperative ari yo nzira yonyine yabafasha kwiteza imbere mu buryo bwihuse, aho basabwa gutanga imisanzu muri makoperative ibafasha kugurizanya hagati y’abo kugira ngo babone amikoro yo gushora mu bucuruzi.

Abakora akazi k’uburaya bibumbiye mu makoperative bemeza ko bateye intambwe mu kwiteza imbere n’ubwo inzira ikiri ndende kuko bagifite ikibazo cy’amikoro makeya.

Mukamugira Odille ukuriye koperative « Birashoboka » y’abakora akazi k’uburaya mu karere ka Rulindo asobanura ko koperative yabo imaze umwaka n’igice ikora, ariko ikaba imaze kugera kuri byinshi dore ko ifite ubushobozi bwo kuguriza abanyamuryango amafaranga yo gucuruza ubuconsho ikanakora imirimo ijyanye n’ubufumyi ndetse n’ubuhinzi.

Abakora akazi k’uburaya bavuga ko impamvu zabateye kwishora mu buraya ari imibereho mibi ndetse n’ubupfubyi kuri bamwe, nyamara bagahakana bivuye inyuma ko ari ingeso yabibateye kuko bashimangira ko  mu gihe babonye imibereho myiza bahita babusezerera ako kanya.

Bavuga ko mu kazi kabo bakora bahura n’ihohoterwa ritandukanye kuko abana babyarana n’abagabo batabemera kandi ntibabishyurwe amafaranga bumvikanye maze bakabura n’aho barega.


 

 

 

 

Rwanda | Gakenke Ubwiherero

Rwanda | Gakenke : Ubwiherero rusange bwubatse muri 2006 butangiye gusenyuka butarakoreshwa

Tags: , , , , , , , , , , , , ,


Ubwiherero rusange buzwi nka Ecosan bwubatswe na Minisiteri y’Ibikorwaremezo mu myaka itandatu ishize mu Karere ka Gakenke bwatangiye gusenyuka abantu batarabukoresha na rimwe.

Rwanda | Gakenke  UbwihereroUbwo bwiherero bwubatse hafi y’umuhanda wa kaburimbo wa Kigali-Musanze mu mirenge ya Gakenke na Kivuruga bwari bugenewe korohereza abagenzi kubona ahantu bihererera bari ku rugendo,  ariko nyuma y’imyaka itandatu bwubatswe ntabwo bwari bwakoreshwa kandi bukenewe.

Impamvu itangwa  ni uko butuzuye kuko bubura hangari yabugenewe yo kumisha umwanda kugira ngo ubyazwe ifumbire yo gufumbiza imyaka, nk’uko byemezwa na Ntawiniga Michel, umukozi ushinzwe ibikorwaremezo mu karere ka Gakenke.

Yongeraho ko iyo misarane ikoreshejwe idafite iyo hangari yahita yuzura kandi ikaba yatera ikibazo cy’umwanda hafi y’aho iri.

Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Gakenke twaganiriye bemeza ko habayeho uburangare bw’ubuyobozi bw’akarere mu gihe ibikorwa by’ubwubatsi bitagenze neza bagombye kuba barabimenyesheje Minisitiri y’ibikorwaremezo ikareba icyo cyangwa n’akarere  kagashyiraho akako.


 

Rwanda | Gakenke Les motards

Rwanda | Gakenke : Les motards jugent excessif le prix des couvertures de tête utilisés par les passagers

Tags: , , , , , , , , , , , ,


Les motards opérant dans la ville de Gakenke, district du même nom, déclarent que le prix des couvertures de tête utilisés par les passagers est excessif. En effet, ils affirment que l’utilisation de ces couvertures s’en trouve assez problématique alors que leur entrée en vigueur est récente.

Rwanda | Gakenke Les motardsA cet effet, les motards attestent que le prix d’achat de 50 frs pour ces petites couvertures est très élevé alors que les amendes au manquement de ces règles sont fixées à 10 000frs. Ils souhaitent que le prix soit fixé entre 20 et 25 frs en fonction des prix payés par les utilisateurs de ces motos.

Un des responsables de la coopérative COTAMOGA, Moise Nshakabyanga, explique que les petites couvertures sont bénéfiques pour la santé car elles protègent contre les maladies touchant l’épiderme du corps humain. Il préconise l’emploi régulier de ces outils de propreté

 

Rwanda Gakenke Fish farming Cooperatives

Rwanda | Gakenke: Fish farming Cooperatives enlarged

Tags: , , , , , , , , ,


Three cooperatives that farm fish in Gakenke district have received more than 20,000 fish in their ponds, enabling a good harvest by this period of time next year, causing positive grow.

Rwanda Gakenke Fish farming Cooperatives

Frodouard Ahishakiye a coordinator of ‘Twite ku mirire’ cooperative that works in Rusagara cell in Gakenke sector said that they hope to get enough produce in a period of the year.

To achieve this, they have to work hard to get them food so that they grow well, protecting them from dangerous insects and animals by being hygienic.

She says that when fish is well taken care of they give enough produce and that 4 fish in their cooperative weigh 1Kgs.

“Twite ku mirire” cooperative was given 13.600 fish, ‘Terimbere muhinzi-mworozi’ cooperative from Gashenyi sector was given 3.000 fish and Nyarutovu secondary school in Nemba sector were given 4.200 fish on the support of PAGELAC project.

 

 

Rwanda : Hope for living coordinator and Gakenke district workers

Rwanda | Gakenke: HIV/AIDS Victims receive livestock donation

Tags: , , , , , , , , ,


Hope for Living organisation funded by Global fund has given pigs and goats to the cooperatives of the vulnerable people living with HIV/AIDS from four sectors in Gakenke district.

Rwanda : Hope for living coordinator and Gakenke district workers

Hope for living coordinator and Gakenke district workers

During the meeting to reveal the achievements and future prospects held on February 27th 2012, Hope for Living disclosed that 150 goats and 40 pigs were given to cooperatives of people living with HIV /AIDS by the end of last year.

Hope for the living plans to continue giving live stock to the cooperatives in the second phase beginning with March 2012.

The cooperatives that received cows have opted for consolidated live stock keeping in order promoting the culture of working under cooperatives.

However, consolidated farming posed a problem to the goats which has made some beneficiaries relax as far as caring for goats is concerned. As a result some goats do not look healthy.

Hope for living trained 10 health workers that sensitised 1500 people on the advantages of circumcising and family planning as per the contract they had with Hope for Living.

Hope for living works in four sectors; Mataba, Mugunga, Minazi and Muyongwe of Gakenke district from 2011.

 

Les conditions de vie des indigenes de Gakenke se sont ameliorees.

Tags: , , , , , , , , , , , ,


Les autochtones de Gakenke dissent qu’il ya une grande différence entre les conditions de vie d’avant 1994 et celles d’aujourd’hui. Cela résulte que de nos jours ils vivent mieux que dans cette période ci-haut.

Quelques autochtones interrogés du secteur de Gakenke affirment que dans les années d’avant ils vivaient dans des maisons de paille. Ils dormaient par terre dans la poussière sans avoir de quoi se vêtir. Mais de nos jours, ils sont devenus des rwandais comme tant d’autres. Ils vivent dans des maisons en tôles, ils dorment sur des matelas avec des draps.

Muhimpundu Françoise, une des habitantes de cette région, déclare que sa maison est constituée des briques non cuites avec des tôles. Le visiteur est reçu par des enfants propres et bien portants. Derrière la maison, on remarque une étable pour vaches améliorées. Cette mère de deux enfants, atteste ne pas avoir de problèmes pour vivre car la vache qu’elle possède lui a été offerte dans le programme national « Girinka munyarwanda ».

Cette vache donne 7 litres de lait quotidiennement, elle donne une partie du lait à ses enfants. Elle vend l’autre partie, l’argent recolté sert dans la vie courante. Grace à cette vache, elle obtient aussi de l’engrais pour son champ qui est situé tout près de sa maison.

Même si Muhimpundu est parvenue à améliorer sa vie, d’autres indigènes espèrent suivre son exemple en obtenant aussi des vaches pour obtenir de l’argent et engrais pour leurs champs. Comme ils vivent dans la vallée, l’Etat est en train de chercher des voies et moyens de leur construire des maisons à trois chambres avec cuisine qui seront prêtes dans les prochains jours. Ces 5 maisons seront cimentées avec de l’électricité comme c’est prévu dans le programme.


 

 

Gakenke : Cyclists not happy with security meeting resolutions

Tags: , , , , , , , , , , , ,


Cyclists in Gakenke sector are not happy with the decision taken in the previous security meeting which resolved to ban cyclists from operating in Kaziba and Gakenke centers. Officials explained that the move was aimed at reducing the number of road accidents which they blame to cyclists. The latter on the other hand argue that taxi bicycles are their only source of income.

Ntegerejimana Emmanuel, a cyclist in Kiziba centre told us that they used to carry people from the district headquarters to Gakenke trading centre, “so the ban will definitely have a negative impact on our families” he lamented.

Sibomana Christophe is a chairman of a cyclists’ cooperative in Gakenke requested the authorities to lift the ban and give them instructions to follow instead.

The district mayor Nzamwita Deogratias said they cannot lift the ban because it aims to protect people’s safety. He said that the road linking Kaziba and Gakenke centers is very sloppy with sharp corners and that most bicycles do not have brakes thus causing accidents.


 

 

 

 

Les Autochtones

Les Autochtones de Gakenke se felicitent des actions du district en leur faveur.

Tags: , , , , , , , , , , , ,



Les familles des autochtones de Gakenke se réjouissent du programme de leur district en vue d’améliorer leurs conditions de vie. C’est au cours d’une reunion que  le district vient d’organiser avec les habitants dans le but de leur aborder les objectifs atteints par le district de Gakenke.

Les Autochtones

 

Le responsable de la coopérative des potiers du Rwanda (COPORWA) dans la province du nord, Gisaza Nyirora Dieudonné, loue les actions du district de Gakenke  en faveur des populations autochtones. Ces actions sont entre autres la construction de leurs maisons en matériaux durables.

Il a ajouté que ces populations ont été acquittées du paiement des mutuelles de santé, d’où ils n’ont plus de problèmes pour se soigner.

Comme ce responsable le rappelle, quelques indigènes ont reçu des vaches dans le programme national d’octroi des vaches « Girinka Munyarwanda », dans le même sens il réitère a ce que les autres indigènes puissent obtenir des vaches.

Le maire du district de Gakenke, Nzamwita Deogratias, a exhorté les populations autochtones de faire parvenir leurs doléances au district. A cet effet, il s’est engagé à leur venir en aide et leur a promis que le district de Gakenke va tout mettre en œuvre pour que leurs problèmes puissent trouver des solutions.


Top Network News

Rwanda president Paul Kagame hits campaign with Jeannette Kagame, Ivan Kagame and Ange Kagame

A Voyage Through The Life Of Our Late Inyumba Aloisea , Refugee – Leader – Minister – Legend

Jeannette Kagame : Study Finds Rwanda Is “BEST PLACE” For Women Politicians

President Paul Kagame along with Jeannette , Ange and Ivan Kagame - The first family of Rwanda

Related sites

Advertisement

jaguar cars jaguar, jeep, kia