Tag Archive | "Gicumbi"

Umujyi wa Byumba uragenda uhindura isura nyuma yo kuwusasamo amabuye

Umujyi wa Byumba uragenda uhindura isura nyuma yo kuwusasamo amabuye

Tags: , , , , ,


Umujyi wa Byumba uragenda uhindura isura nyuma yo kuwusasamo amabuye 2

Umujyi watangiye gusa neza kubera gutunganya umuhanda

Mugihe abatuye umujyi wa Byumba bavuga ko umujyi wabo wasigaye inyuma mu iterambere ubu umujyi uri kugenda uhindura isura kuko ubuyobozi bw’akarere bwihaye intego yo kuwuvugurura usasamo amabuye ntukomeze kubamo ibitaka bitwarwa n’imvura.

Iki gikorwa cyatangiye gushyirwa mu bikorwa aho umuyobozi w’akarere ka Gicumbi Mvuyekure Alexandre abaye umuyobozi w’ako karere kuko igihe yayoboraga by’agateganyo igikorwa cya mbere yatangaje azakora naramuka atowe cyari icyo kuvugurura umujyi.

Nk’uko bamwe mubaturage babitangaje kuri uyu wa 18/4/2013 batangaje ko babona umujyi wa Byumba uri kugenda uhindura isura baka bafite ikizere cy’uko nibikomeza bazagera ku iterambere rirambye.

Munyaneza Cyprien we asanga nibafatanya n’ubuyobozi bw’akarere bazagera kuri byinshi kuko ukubuko kumwe kutagira icyo kugeraho ariko nibahuza imbaraga bazagera kuri byinshi.

Asanga n’ubwo akarere kihaye intego yo gusasa amabuye mu muhanda bizageza ubwo babasha kwishyirirambo na kaburimbo.

Avuga ko ibyo bizagerwaho mugihe habaye gufatanya n’inzego z’ubuyobozi zose mu kurwanya ubukene binyuze mu ngamba zitandukanye z’icyerekezo 2020 haba mu rwego rw’ubukungu, imibereho myiza, umutekano, n’ibindi.

Umujyi wa Byumba uragenda uhindura isura nyuma yo kuwusasamo amabuye

Mbere umuhanda wari ibitaka

Iyo mirimo iri gukorwa na sosiyete yitwa EGETRACO izarangira mu kwezi kwa gatanu; nk’uko bisobanurwa na Nzabandora Musa, umukozi ushinzwe ibikorwaremezo mu karere ka Gicumbi bikazatwara akayabo ka miliyoni zirenga 199.

 

m_Gicumbi genocide survivors call for renovated accommodation2

Gicumbi genocide survivors call for renovated accommodation

Tags: , , , , , , ,


The 1994 genocide survivors in Gicumbi district still have a problem of accommodation and about 170 houses need reconstruction. This was said by Alexander Mvuyekure The mayor of Gicumbi district on Monday the 15th.April.2013.

m_Gicumbi genocide survivors call for renovated accommodation

Bosco Kimonyo

 

“We are working on strategies to provide solutions to the accommodations problems of genocide survivors that include renovating about 170 houses and constructing 22 new houses” said the mayor.

These houses will be renovated on the support of the alms collected from Gicumbi district residents in supporting the genocide survivors trying to curb down the effects of the 1994 genocide against the Tutsis.

Gicumbi district has already collected more than Rwf20 million in the one week of the commemoration period.

Ruvune memorial site in Ruvune sector is already under construction and people whose people, family members, friends and loved ones were laid to rest in this memorial site appreciate the district administration for this project.

Bosco Kimonyo the representative of families with their loved ones laid to rest in Ruvune memorial site appreciated the government for taking care of its people especially genocide survivors.

m_Gicumbi genocide survivors call for renovated accommodation2

Leaders laying wreaths of flowers at Ruvune memorial site

 

He asked people to fight genocide ideologies and make sure genocide does not happen again ever.  He also presented the problems affecting genocide survivors in Ruvune sector especially not getting their properties compensated, unfinished cases and lack of clerks to make their compensation payment possible.

The coordinator of IBUKA in Gicumbi district says commemoration is so important to all Rwandans especially genocide survivors who get hope to move on with life and a better future.

 

Gicumbi – Gufata inzererezi bigabanya abahungabanya umutekano

Rwanda : Gicumbi – Gufata inzererezi bigabanya abahungabanya umutekano

Tags: , , , , , , , , , , , , , , ,


Rwanda : Zimwe mu nzerere zafatiwe i Gicumbi

Zimwe mu nzerere zafatiwe i Gicumbi

Inzererezi ziri mu bintu bihungabanya umutekano, akarere ka Gicumbi kihaye inshingazo zo guca burundu inzererezi ndetse n’abandi bose bakora ibintu byahungabanya umutekano.

Nk’uko bitangazwa n’ushinzwe urwego rw’umutekano mu karere ka Gicumbi Sindayigaya Edouard kuri uyu wa 7/6/2012 yatangaje ko akarere ka Gicumbi kihaye gahunda yo guca inzererezi burundu muri ako Karere.

Yavuze ko usanga arizo ziteza umutekano muke kuko muri izo nzererezi bafata zibamo ibyiciro bitandukanye harimo abanywa urumogi, abasinzi baba banyweye za kanyanga, abagendagenda hirya no hino mu masoko bashaka abo biba bakoze mu mifuka ndetse n’abarembetsi bahungabanya umutekano bajya kuzana inzoga za Kanyanga mu gihugu cya Uganda, n’abakora ubujura bwa kiboko aho bacunga umuntu ari kuvugira kuri terefone akayimushikuza akiruka n’abategera umuntu mu nzira bumaze kwira akamushikuza isakoshi cyangwa ikindi kintu afite muntoki.

Ibyo byose n’ubujura bukorwa n’izo nzererezi kand ibyo bikorwa bihungabanya umutekano w’akarere, niyo mpamvu hafashwe ingamba zo kuzajya hafatwa umuntu wese w’inzererezi ugenda muri ako karere.

Nyuma yo gufata izo nzererezi zigezwa mu kigo cyagenewe kuzakira bagakomeza kugororwa bigishwa ububi bwo kunywa ibiyobyabwenge, kwiba n’ibindi byaha byabaviramo gufungwa ndetse bikangiza ubuzima bwabo.

Izo nzererezi nazo zemera ko ziba zakoze ibikorwa bihungabanya umutekano nyuma yo kuzava aho babagororera bakazasubira mubuzima busanzwe batangaza ko bazakomeza kwitwara neza.


 

RwaGicumbi Les

Rwanda | Gicumbi: Les résidents estiment qu’une bonne alimentation ne demande pas beaucoup d’argent

Tags: , , , , , , , , , , , , , ,


Quelques habitants sous alimentés du district de Gicumbi ont indiqué qu’une bonne alimentation ne demande pas beaucoup d’argent.

Rwanda |   Les enfants recevant des aliments équilibrés

Les enfants recevant des aliments équilibrés

Les différents autorités ont ainsi sensibilisés les habitants de prendre des aliments équilibrés afin d’éviter une sous alimentation. Ces autorités n’ont pas seulement planté des légumes dans les jardins potagers mais ils ont distribué des aliments variés et équilibrés aux enfants présentant des symptômes de malnutrition. Un des agents de santé présent à cette cérémonie a déclaré que ces aliments sont nutritifs, préventifs contre certaines maladies liées à la mauvaise alimentation.

Une des mères présentes, Nirere Daphrose a affirmé : «  Je viens d’apprendre que la préparation des aliments équilibrés ne demande pas beaucoup de choses. Normalement nous disposons de ces aliments mais nous ne savions pas les donner à nos enfants »

« Je demande que nous soyons ensemble pour lutter et éradiquer la sous alimentation dans nos ménages ! » a-t-elle ajoutée.

 


In the middle, Emile Nyakagabo explaining about former nyakatsi occupants

Rwanda | Gicumbi: Irresponsibility could hinder Nyakatsi eradication

Tags: , , , , , , , , ,


In the middle, Emile Nyakagabo explaining about former nyakatsi occupants

In the middle, Emile Nyakagabo explaining about former nyakatsi occupants

While the government of Rwanda implemented nyakatsi eradication program, some residents in Gicumbi district are living in unroofed houses due to laziness and irresponsibility.

During the recent security meeting this year 2012, Emile Nyakagabo in charge of fighting nyakatsi in Gicumbi district revealed that nyakatsi houses are seen in this place and those who were in grass thatched houses still live in houses with no doors and roofs.

As a way of sharing ideas on the problem of people that previously occupied nyakatsi houses, Emile Nyakagabo showed the list of all sectors that have not completed building for the former nyakatsi residents.

However, sector leaders in this place admit to the problem but partly blame the residents for not participating through community work so that houses are completed.

“Residents in Group B are energetic but refused to turn up for the community work”. For the work to be done, residents have to join efforts with the government.

Still, some people find shelter in other people’s homes when they can play their part to get their own houses, leaders explain.

Others deliberately refuse to do anything waiting for the government to do everything for them, adds sector leaders.

Sector leaders confessed about some of their residents that have entered unfinished houses or partly roofed their houses with grass due to poverty.

Theoneste Ngezahumuremyi, Byumba sector leader confirmed that this resident named Gakuru who has a wife and four children used grass to thatch one side of the house due to poverty.

The decision was reached by Byumba sector administration to provide iron sheets to complete Gakuru’s house.

Although this problem is still there, Vice mayor for finance Alexandre Mvuyekure blamed local leadership for contributing to this problem through delaying to give out iron sheets to the residents.

 

Bwisige – Hatangijwe

Bwisige – Hatangijwe gahunda y’imihigo y’urugo na njyanama y’urugo

Tags: , , ,


 

 

 

 

 

 

 

 

Abaturage bari kubyina nyuma y’imihigo y’urugo

Mu rwego rwo kugera ku iterambere rirambye abaturage bo murenge wa Bwisige mu Karere ka Gicumbi bahize imihigo y’urugo hanashyirwaho gahunda ya njyanama y’urugo.

Iki gikorwa cyabaye kuri uyu wa 23 Ukuboza 2011 Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Bwisige Ngezahumuremyi Theoneste   yavuze ko iyi gahunda y’imihigo y’urugo yateguwe mu rwego rwo gufasha abaturage kugira gahunda  ihamye y’ingo zabo no kubafasha kubasha kubaho bafite intego mu miryango yabo. Buri muturage akaba yarahize imihigo igera mu icumi agomba kuzakorera urugo rwe.

Nsanzurwimo Antoine ni umgabo w’imyaka 47 hamwe n’umuryango we ndetse n’imiryango y’abatuye muri uyu murenge batangaje ko iyi gahunda y’imihigo y’urugo izabageza kuri byinshi mu rwego rwo kubaho bafite intego bagamije kugeraho mu miryango yabo.

Ikindi ni uko Basanga iyi gahunda izabafasha gukora cyane bakiteza imbere ndetse hakabaho n’impinduka mu mibanire y’ingo zabo kuko benshi muri bo umwe ari umujyanama wa mugenzi we.

Iyi gahunda y’imihigo y’urugo ijyanye na gahunda iri muri uyu murenge bise “njyanama y’urugo” ikazafasha abaturage kugirana inama ndetse bagafashanya gukemura ibibazo n’amakimbirane arangwa mu miryango yabo.

Njyanama y’urugo kandi ngo izabafasha kugirana inama mubyo bakora byose kuko urugo rumwe ni umujyanama w’urundi.

Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage Mujawamariya Therese avuga ko iyi gahunda izagera mu mirenge yose y’Akarere ka Gicumbi hagamijwe guteza imbere imibereho myiza y’abaturage binyuze mu mihigo y’urugo no muri njyanama y’urugo.

Muri iki gikorwa cyo guhiga imihigo y’urugo no gushyiraho njyanama y’urugo hanashojwe itorero ryo kurwego rw’umudugudu; hatangwa n’imyambaro y’abahwituzi ndetse n’abaturage bahabwa umwanya wo gucinya akadiho.


 

Nyankenke – Abaturage

Nyankenke – Abaturage bagiye kugurira abahwituzi ibikoresho

Tags: , , , ,



 

 

 

Abahwituzi bo mu murenge wa Nyankenke mu Karere ka Gicumbi abaturage bagiye kubagurira ibikoresho byo kujya bakoresha mu murimo wabo wo guhwitura.

Abahwituzi ni abantu bashinzwe gukangura abaturage mu masaha ya mugitondo babafasha kumenya gahunda za leta no kuzitabira bakoresheje ifirimbi n’ingoma.

Nk’uko byatangajwe na bamwe mubaturage batuye muri uyu murenge bavuga ko abahwituzi  badafite ibikoresho bihagije byo gukoresha muri ako kazi, ni muri urwo rwego abaturage bo muri uyu murenge babemereye kubagurira ibikoresho birimo imyenda ibaranga (uniforme),inkweto za  bote ,na telefone.

Abaturage bavuga ko impamvu bazaha aba bahwituzi ibi byose ari uko babafasha gukora akazi kabo neza.

Mujawamariya Jeanne D’Arc ni umuhwituzi wo mu kagari ka Rusasa atangaza ko ari we muntu wa mbere ukangura abantu akoresheje ifirimbi ngo bitabire imirimo yabo.

Ati “nibangurira inkweto bizandinda urume rwa mugitondo, imyenda yo ni ngombwa kuko hari igihe umuntu yaza agatangaza ibintu atari umuhwituzi ariko nitugira umwambaro udutandukanya n’abandi bizadufasha gukora akazi kacu neza, telefone yo izadufasha kumenya no gutanga amakuru mu buryo bworoshye.”

Umuyobozi w’umurenge wa Nyankenke, Rusizana Joseph avuga ko aba bahwituzi ari ingirakamaro cyane muri gahunda za leta ndetse no mu mibereho yabo yaburi munsi.

Yagize Ati “ Aba bahwituzi  bakangurira abaturage gahunda iyo ariyo yose irebana n’imirimo cyangwa inzego za leta izo ari zo zose”.

Ikindi  n’uko iyi gahunda y’ubuhwituzi yafashije kugera  kwiterambere kuko benshi bahita bitabira icyo gikorwa babwiwe n’abo bahwituzi.

 

Top Network News

Rwanda president Paul Kagame hits campaign with Jeannette Kagame, Ivan Kagame and Ange Kagame

A Voyage Through The Life Of Our Late Inyumba Aloisea , Refugee – Leader – Minister – Legend

Jeannette Kagame : Study Finds Rwanda Is “BEST PLACE” For Women Politicians

President Paul Kagame along with Jeannette , Ange and Ivan Kagame - The first family of Rwanda

Related sites

jaguar cars jaguar, jeep, kia