Posted on 04 April 2013
Tags: Good Windows, Muhanga

Abaturage bahabwa
Bamwe mu baturage bafashwa muri gahunda ya “Girinka Munyarwanda” mu byiciro bitandukanye baratangaza ko bifuza ko bajya bafashwa birenzeho kuko inka bahabwa zishobora kubagora aho kubakiza.
Ibi bikaba bitangazwa na bamwe mu bahawe inka n’umuryango Good Windows; umuryango w’abayisilamu wita ku batishoboye, bavuga ko bajya bafashwa no mu gukurikirana inka baba bahawe kuko hari n’abazihawe badafite n’ikiraro cyo kuyicyuramo.
Umwe mu bakecuru bahawe inka witwa Mukagakwaya Madalena avuga ko nubwo yahawe inka nta kiraro cyo kuyicyuramo afite kandi akaba nta n’ubushobozi afite buhagije bwo kubaka ikiraro cyayo.
Mukagakwaya akomeza avuga ko ibi bitamubuza gufata iyi nka kuko yemera akayitahana agashaka uburyo ari uko ayigejeje iwe.
Si uyu mukecuru gusa uvuga ko adafite ubushobozi bwo gutunga inka yahawe kuko n’abandi bavuga ko bafite ikibazo cyo kuba bazabona imiti yo kujya bavura izi nka bahawe kuko ngo ubusanzwe inka z’inzungu ziruhamya mu kuzitaho atari kimwe n’inyarwanda.
Aha bavuga ko nubwo mu karere haba hari abaganga b’amatungo ngo bibagora kubahamagara mu gihe inka yagize ikibazo kuko aribo bagomba kubihembera ndetse bakanishakira imiti; akenshi usanga iba idahendutse.
Bakaba bashima ababahaye inka cyane cyane gahunda ya girinka munyarwanda kuko bose ariyo bagenderaho ariko bagasaba ko bajya bafashwa nk’abakene bagashakirwa bimwe mu by’ibanze byabafasha gufata neza izi nka cyane ko baba bagomba kuzitura igihe izi nka zizabyara.
Aha umuyobozi w’uyu muryango Good Windows, Nsabimana Abdu avuga ko iki kibazo abaturage bagaragaza bakizi neza ko bifuza kuba babafasha ariko bikaba bitabashobokera muri iki gihe kuko umuryango wabo aribwo ugitangira.
Nsabimana akomeza avuga ko uko uyu muryango wabo uzagenda ukomeza gufasha abaturage uzashaka n’ubundi buryo bwo kujya babashakira ibiraro ndetse bishobotse bakaba babafasha no kuzitaho.
Posted on 03 January 2013
Tags: celebration, ending parties, finishing, money, Muhanga

Bamwe mu batuye akarere ka Muhanga bararira ayo kwarika nyuma yo kwizihiza ubunani mu gihe abandi bariraga ayo kwarika mbere y’uko buba.
Muri iyi minsi y’impera z’umwaka ndetse n’intangiriro zawo, bamwe mu batuye akarere ka Muhanga n’igihugu muri rusange baratangaza ko ibasize nta kintu basigaranye kuko ngo babimariye mu iyizihiza ry’uyu munsi mukuru.
Aba baturage bakaba bavuga ko impamvu bariye utwabo nta gitangira ngo harimo impamvu nyinshi zabibateye.
Uwitwa Mukangire Media, ati: “jye nariye utwanjye nta gitangira hamwe n’umuryango wanjye kuko narinzi ko ubundi uyu mwaka utazadusiga kubera imperuka yari iteganijwe ku ya 21/12/2012. Byabaye nko kwereka Imana ko tuyishimiye”
Mukangira avuga ko nyuma yo kwizihiza uyu munsi mukuru nta kintu asigaranye cyerekeranye n’amafaranga kuko ngo ubu agiye kuguza kugirango abashe gukomeza ubuzima.
Bamwe mu bakozi nabo bahembwa ku kwezi bavuga ko kuba barahembwe mbere yako byabaye intandaro yo kurya utwabo bamwe bakaba basigaye iheruheru.
Uwitwa Eric M. ni umukozi uhembwa ku kwezi nawe yahembwe mbere y’itariki yari asanzwe ahemberwaho kuko yabonye umushahara we ku itariki ya 23 z’uku kwezi mu gihe ubusanzwe yawubonaga mu matariki ari hagati y’iya 3 n’iya 5 za buri kwezi.
Avuga ko kuba barahembwe mbere byabafashije kwizihiza iminsi mikuru kuko kuko ngo iyo batayabona bamwe byari kubashobera kuko mu mpera z’ukwezi amafaranga aba yarashize basigaye bacunganwa n’impera z’ukundi.
Aha ariko na none ngo byababereye ikibazo kuko ngo kuba barayahawe mbere byatumye bayakoresha ku buryo bwo gusesagura kuko ngo nyuma yo kubona ko bahembwe nta gitangita bagize ku mafaranga. Eric M. Avuga ko bayishimishijemo ku buryo badasanzwe bakora kuko ngo bari bizeye imishahara bari bazi ko yageze ku makonti yabo.
Nyamara nubwo bamwe bavuga ko iminsi mikuru bayidagaduyemo uko bashaka abandi baremeza ko uyu mwaka waje udasanzwe kuko ngo habaye iburya ry’amafaranga n’ibintu kuburyo budasanzwe bigatuma batabona amafaranga yo kwishimisha nk’abandi.
Ibi biravugwa cyane na bamwe mu bacuruzi bo mu mujyi wa Muhanga bemeza ko uyu mwaka ubucuruzi bwabo bwacumbagiye cyane kuburyo ngo nta mafaranga yo kwishimisha babashije kubona.
Posted on 15 August 2012
Tags: abaturage, akarere, dufite, hari, imiturire, kuko, Muhanga, muri, nbsp, Rwanda bad habitation, Rwanda housing, Rwanda leaders, Rwanda Muhanga, Rwanda program, Rwanda responsibilities, turere

Akarere ka Muhanga kaza ku mwanya wa mbere mu turere dufite abaturage batuye nabi mu ntara y’Amajyepfo ndetse kakaza no mu turere turi ku isonga mu dufite imiturire idahwitse ku rwego rw’igihugu cyose.
Ubuyobozi bw’aka karere bukaba busobanura ko kugeza magingo aya ibi biterwa ahanini n’uko inzego z’ibanze zitari gukora uko bikwiye kuko ngo hari utundi turere duteye nabi nka Muhanga ndetse tukaba twari dufite imiturire nayo itari myiza nyamara kugeza ubu bakaba barabashije gusohoka muri iki kibazo.
Hashize igihe akarere ka Muhanga gakomeje kuvugawaho iki kibazo cy’imiturire mibi kuko usanga hari n’abaturage bagiye bahitanwa n’inkangu biturutse kuri iyu miturire. Aka karere kandi kanaje no mu myanya ya mbere mu gihugu mu turere dukennye kurusha utundi. Ibi bikaba bifitanye isano n’iyi miturire.
Raporo igaragazwa n’intara y’Amajyepfo igaragaza ko muri iyi ntara abaturage batuye nabi kuburyo bashobora kuhasiga ubuzima hatagize igikorwa vuba na bwangu bagera hafi ku bihumbi 25, akarere ka Muhanga konyine kakaba kihariye abarenga icyakabiri cy’ababarwa mu ntara yose kuko gafite abaturage bagera hafi ku bihumbi 13 bagomba kwimurwa vuba na bwangu.
Umuyobozi w’aka karere Mutakwasuku Yvonne avuga ko ikibazo gihari ari imikorere mibi y’abayobozi b’inzego z’ibanze.
Mutakwasuku ati: “Nko mu murenge wa Kabacuzi twajyanyeyo amashanyarazi yadutwaye miliyoni 950, ni ukuvuga ngo imari twashoye yarahombye kuko twayabahaye tuzi ko hari icyo azabafasha gutera imbere, ikibazo singishyira ku baturage kuko iyo bakoreshejwe barakora, iyo tumaze imyaka itatu hari site ikaswe ngo yubakwe, bikarangira itubastwe hari ikibazo kiba kiri mu bayobozi”.
Nyamara abakora muri izi nzego zatunzwe agatoki ntibemeranya n’uyu muyobozi kuko bo bavuka ko ikibazo nyakuri gihari ari ukutabona ibikoresho bihagije.
Umuyobozi w’aka karere ariko avuga ko iki kibazo cy’amazi n’amabuye ari urwitwazo kuko muri gahunda yo guca nyakatsi hari aho abaturage bakuraga ibikoresho byo kwiyubakira muri kilometero zirenze umunani. Akaba ashingira no ku ngero z’utundi turere dufite imiterere mibi nk’iy’akarere ayoboye ariko bo bakaba bamaze gusohoka muri iki kibazo kubera ingufu abayobozi n’abaturage bashyizemo.
Posted on 26 July 2012
Tags: Authority, committee, district, housing, master, Muhanga, part, plan, Rwanda, town, village

Muhanga town
Rwanda Housing Authority has asked districts and towns to classify village settlements so that they are used during the 4th general population and housing census to start on July 16th 2012.
Alexis Byiringiro, employee in Rwanda housing authority presented to Muhanga district Advisory committee the master plan of the this town, villages that should be in the town and settlements that should not be included in the town.
However, the master plan is not the final because the advisory committee of Muhanga has to study it and confirm if the village settlements are classified the way they should be.
This comes to life after Rwanda Housing Authority realized that some villages in districts are not yet defined to know if they belong to town part or in the village.
Byiringiro asserts that defining the villages is being done in connection with helping data collectors find the whole information during the census to base on while planning development for residents, towns and villages.
While studying the master plan of Muhanga town, the district advisory committee faced the problem of some villages that belong to the urban part when they qualify to be on the pre-urban part.
Muhanga district mayor, Yvonne Mutakwasuku confesses that some settlements are counted in town when they have no roads, electricity and water. She suggests that those villages should be put where the town will be expanded to.
Byiringiro explains that being in the urban part of the district does not mean residents are richer than those in pre-urban part of the area.
Posted on 07 June 2012
Tags: district, Forongo, genocide, genocide against, Ibuka, Kabgayi, Kabgayi in Muhanga, Muhanga, nbsp, pain, place, Tutsi, Tutsi survivors
some of the 1994 genocide against Tutsi survivors in Kabgayi in Muhanga district in the Southern Province of Rwanda said that they would like to have a place they can testify to their most difficult situations during the genocide to ease the pain in their hearts but in secrecy.
One of the people who survived at Kabgayi said that during the genocide, many women and girls experienced many traumatic experiences and they wish to have trusted people to talk to about such things so as to ease their pain.
“Some of us women were raped and others were defiled and others were raped with clubs and we wish we could have people to listen to us because we can’t testify about such things anywhere, we wish we could get a secret and trusted place where we could talk about our burdens and maybe we can be relieved.” She stressed.
Janvier Forongo The executive secretary of Ibuka said that this place should be introduced so as to make people who had traumatic experiences to ease them and move on with their lives.
Forongo said Ibuka prepared these places and in almost all sectors in the country there Are Ibuka and AVEGA workers who were trained about listening to people that were hurt and had traumatic experiences in the genocide.
He asked genocide survivors that were traumatized to trust them and give them their testimonies. He also said that because most women and girls were mistreated during the genocide and that’s why they have a day to remember women and girls that were killed during the genocide.
Such a function will be held in Kibirizi in Nyanza district where 350 women were killed and one place where the majority women killed in Rwanda. Alphonse Munyantwari the governor of Southern Province of Rwanda said that Rwandans should help each other to heal because where there is a problem, a solution can be found.
Posted on 07 June 2012
Tags: avuga, bamaze, hari, kuko, kuri, kwicungira, Muhanga, muri, Rwanda, Rwanda cooperatives, Rwanda Muhanga, Rwanda Youth, urubyiruko, usanga
Rumwe mu rubyiruko rukomoka mu mirennge itandukanye y’akarere ka Muhanga rurasaba ko rwajya ruhabwa inyigisho ku buryo bwo kwicungira ibyo baba baragezeho kuko nyuma yo kwigishwa kwihangira imirimo, hari benshi bamaze kugira icyo bageraho. Ibi babivuze tariki ya 4 kamena,2012 ubwo batangizaga kongere (cogres) y’urubyiruko mu mujyi wa Muhanga.
Bavuga ko gahunda za leta zabigishije igihe kinini cyo kwibumbira mu makoperative ndetse bakanagira umuco wo kwihangira imirimo none kugeza magingo aya bamaze kugera kuri byinshi babikesha amakoperative. Hari abatangaza ko bifuza guhabwa inyigisho zihagije ku buryo bwo kwicungira ibyo bamaze kugeraho. Jean Pierre Gasirabo wo mu murenge wa Nyamabuye agira ati: “kenshi usanga urubyiruko twaramaze kwibumbira mu makoperative cyangwa amashyirahamwe kandi byanagize akamaro, ni byiza rero ko na duke twaba tumaze kugeraho tumenya kuducunga ndetse tukabasha no kutubyaza undi musaruro wisumbuyeho”. Sebastien Mushayija wo mu murenge wa Cyeza avuga ko hari ubwo usanga amakoperative n’amashyirahamwe amaze gutera imbere ariko mu gihe runaka ugasanga yasenyutse cyangwa yasubiye inyuma mu mutungo.
Avuga ko ibi usanga biterwa n’imicungire mibi ahanini ishingiye kubwumvikane buke buvuga hagati y’abanyamuryango. Bamwe bavuga ko ubu bwumvikane buke ngo usanga buvuka nyuma y’uko bamaze kugira icyo bageraho kuko batangira gushwanira no muri duke bafite. Hari amakoperative yagiye ashinjwa kenshi ubwumvikane buke muri aka karere kuburyo benshi mu banyamuryango bagiye bayavamo. Muri yo hari iyo ikigo cy’amakoperative cyasanze asigayemo abayobozi gusa nta banyamuryango. Bamwe mu bayobozi nk’aba wasangaga bashinjwa kwikubira umutungo wose wo muri koperative. Umuhuzabikorwa w’Inama y’urubyiruko mu karere ka Muhanga, Tharcie Kabasindi we asanga hari byinshi byagezweho n’urubyiruko kuko kuri ubu benshi bamaze kumenya uburyo bwo kwihangira imirimo kandi bakamenya guhuriza hamwe imbaraga aho kugira ngo buri wese abe nyamwigendaho.
Umukozi ushinzwe urubyiruko mu karere ka Muhanga Innocent Gashugi, avuga ko kugeza uyu munsi bafite amakoperative agera kuri 12 akora neza, yitabira gahunda yo kugana ibigo by’imari ndetse n’akarere kakabaha ubwunganizi bugenewe imishinga yo kuzamura urubyiruko. Gashugi avuga ko ku ngengo y’imari irangiye bahawe ubwunganizi bw’amafaranga agera kuri miliyoni 10. Muri aya makoperative harimo arindwi yiyemeje kurinda inkengero z’uruzi rwa Nyabarongo ku bufatanye n’ikigo nyarwanya gifite mu nshingano zacyo ibidukikije REMA. Gashugi avuga ko uru rubyiruko rwamaze kumenya kwizigamira kuko nibura iyo bakoreye amafaranga ku munsi buri wese ashyira 300 mu isanguku ya koperative mu rwego rwo kuzamurana.
Posted on 24 May 2012
Tags: association, cell, Dutureheza, Gashorera, land, Muhanga, plot, problem, Settlement, village
In order to improve living standards amongst themselves, residents of Gashorera cell, Nyabinoni sector in Muhanga district formed “Dutureheza” Association.
The aim of the association is to build for fellow members who cannot afford on their own. Dutureheza Association members say they are ready to shift to the village settlement because the association will help them achieve it.
However, some of them face the problem of not having plots in the village settlements, and getting a plot of land in the village is very expensive.
Members claim that plot owners ask for a lot of money or big compensation for their piece of lands.
Leonidas Nkerabigwi, in charge of social affairs and development in Gashorera cell says that measures were taken to solve the problem of residents who demand high amount of money for their lands.
Land was at Rwf50000 before but it was increased to Rwf70000.The plot owner accepts this amount or is given another plot outside the village which is equivalent to his plot.
While the residents are happy about the fair purchase of the land, those who own land in proposed village settlements say that authorities should leave the two parties to reach an agreement.
Out of 40 members of “Dutureheza Association”, only 25 members have no houses in the village settlement and out of 720 homes that make Gashorera cell, 350 homes live outside village settlement.
However, it is hoped that every home will secure a plot in the village within a short period of time.
Posted on 08 May 2012
Tags: bahoneza, com, development, district, Kwishyira, Muhanga, nbsp, section, www, youth

Jean Philbert Nsengimana, Minister of youth
Minister for youth, Jean Philbert Nsengimana has told youth that self development is far more than joining cooperatives immediately after training.
Minister Nsengimana was talking to the youth that completed training on job creation in Muhanga district, when he emphasized that cooperatives is not the only way to social development as some people think.
Minister Nsengimana highlights that most youth and other adults, after completing their trainings think of that their development depends on joining the cooperatives, instead of creating a positive work attitude.
“Joining cooperatives is not a must that you develop, you should first have the passion to work and develop yourself.
You can start small and expand after some time,” explains Minister Nsengimana
Minister Jean Philbert Nsengimana asked youth to think wisely of what they can do to earn and then think of forming cooperatives later.
There are 12 registered youth cooperatives in Muhanga district and the Ministry of youth agreed to support five of them financially with Rwf3 million.
Posted on 21 April 2012
Tags: AIDS, association, district, Ihorere, Muhanga, Munyarwanda, nbsp, prostitution, research, situation
Lack of care from family members and loss of parents seem to be among few causes of prostitution to young girls, according to recent findings.
Taking a sample from Muhanga district that usually has young girls below 18 years as prostitutes, the research reveal that the area has several orphans.

One of girls who is 18years and has a 5months old baby born out of prostitution says that if she had another job, she could stop prostitution since it has too much problems.
Muhanga district is in preparations to make a centre to help such young children get out of prostitution and ‘Ihorere Munyarwanda’ association that fights AIDS says they have already started discussions with these young girls so as to get out of social immoralities.
Asking for anonymity, another said how her life had been full of trouble after losing her parents, she accidentally became pregnant when she was still young and her brother sent her out of her home.
Joseph Harerimana the coordinator of ‘Ihorere Munyarwanda’ association which is determined to fight AIDS and idlers in Muhanga and Ruhango districts said that they made a research about this issue and they are looking for a way to apply their counter measures.
According to Fortunée Mukagatana the vice mayor for social affairs in Muhanga district, they are looking for measures to help these young girls get out of the situation.
Though this problem has been tackled for a very long time, the Government still puts a lot of meaning into the fight so that the situation is seen through.
Posted on 14 April 2012
Tags: acte, district, enfant, Muhanga, nbsp, nombre, prison, prisonnier, problème, Rwanda, Rwanda Muhanga, Rwanda Prison, Rwanda Punishment, Twagiramungu
Quelques détenus de la prison de Muhanga demandent à ce que le problème des enfants mineurs qui sont emprisonnés en nombre croissant dans des prisons soit étudié de toute urgence. En effet, le nombre croissant des enfants mineurs emprisonnés peut conduire a la multiplication d’actes d’antivaleur.

Ces doléances des prisonniers ont été adressées lors de la visite des autorités du district de Muhanga à la prison de Muhanga ce 10 avril 2012.
Un prisonier du nom de Twagiramungu Pierre Célestin, déclare que le problème des enfants prisonniers est devenu récurent.
Il affirme que la prison n’est pas une bonne solution pour ces enfants car ceux-ci peuvent devenir des endurcis au lieu de les mettre sur le bon chemin.
Twagiramungu affirme que la plupart de ces enfants n’ont pas reçu d’éducation ou sont des orphelins.

La maire du district de Muhanga, Yvonne Mutakwasuku, rétorque que ces enfants sont envoyés en prison pour différentes causes d’effractions contre la loi comme les homicides, l’utilisation et la vente des stupéfiants, le viol…
Elle garantit que les enfants de la rue ne sont pas dirigés dans des centres de détention mais plutôt dans le centre de rééducation de Wawa pour enfants en difficulté.
Madame Mutakwasuku déclare que les enfants coupables d’actes répréhensibles par la loi seront prochainement envoyés dans la prison de Nyagatare ou ils seront initiés aux différents métiers.