Tag Archive | "Ngoma"

Abacururiza ahadatwikiriye barinubira itinda ryo kurangiza igice cyo kwagura iri soko

Ngoma: Abacururiza ahadatwikiriye barinubira itinda ryo kurangiza igice cyo kwagura iri soko

Tags: , , ,


Abacururiza  ahadatwikiriye barinubira itinda ryo kurangiza igice cyo kwagura iri soko

Mugihe ibikorwa byo kwagura isoko rikuru rya Ngoma riherereye mu mujyi wa Kibungo  bisa n’aho byahagaze, abacururiza muri iri soko igice cy’ahadasakaye barinubira ko iri soko ryagurwa biguru ntege.

 

Ibikorwa byo kwagura iri soko bimaze amezi arenga 10 bikorwa nubwo hashize igihe kitari gito  byarahagaze. Kwagura iri soko byagombaga gutwara miliyoni zigera kuri 250.

 

Aba bacururzi bavuga ko batumva impamvu basora amafaranga amwe n’abakorera ahubakiye kandi bo izuba ribica ndetse n’imvura yagwa bakarekeraho gucuruza.

 

Aba bacuruzi  batazi impamvu akarere ka Ngoma kahagaritse ibikorwa byo kwagura isoko bitarangiye, kandi bari bijejwe ko ikibazo cyabo cyo kuba ahatubakiye kigiye kurangira.

 

Umucuruzi umwe w’umutegarugori twasanze  acururriza hanze ibishyimbo muri iri soko yatubwiye ko niba basaba akarere kwihutisha ibikorwa byo kwagura isoko cyangwa se kakagabanya imisoro kubacururiza hanze.

 

Ygize ati ”Twebwe twakwa imisoro imwe n’abakorera ahubakiye, twari twihanganye kuko akarere kari kavuze ko kagiye kwagura isoko natwe tukajya ahatwikiriye ariko turabona imirimo yarahagaze.niba kananiwe no kubaka batugabanyirize imisoro.”

 

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’akarere ka Ngoma,Muzungu Gerard,avuga ko habayemo amakosa mu gukora budget  yo kubaka iri soko  maze  bituma aya mafaranga asohoka mubindi bikorwa.

 

Ygize ati” Bitewe n’ikoranabuhanga dukoresha iyo amafaranga  asohotse muri sisiteme ari kukindi kintu ntago twayakuramo byadusabye kuyakosora none bitarenze uku kwa mbere bizaba byakunze kuko byarakosowe.”

 

Kukibazo cy’abacururiza ahatubakiye bavuga ko bishyuzwa imisoro myinshi, Muzungu Gerard, yavuze ko ibyo bavuga bishyura bimwe ari amahooro atari imisoro. Yasobanuye ko amahooro impamvu bakwa amwe ari uko amahoro angana kumuntu wese ucuruza mu isoko.

 

Yavuze ati ”Hari ahubakiwe n’ahatubakiwe ariko amahooro aba arimo amafaranga y’ isuku angana bitewe  nibyo acuruza. Ntabwo hakurikizwa ngo harubakiye cyangwa ntihubakiye kuko harimo n’ayo gukora isuku ubwo rero bose bakorerwa isuku.”

 

Imirimo yo kwagura isoko  rya Kibungo yagombaga kurangira itwaye miliyoni 250,umucuruzi ukorera mu isoko ry’akarere ka Ngoma riherereye mu murenge wa Kibungo avuga ko yishyura amafaranga 6000Rwf buri kwezi.

 

 

 

Ngoma: Ubuyobozi burongera kwibutsa abakoresha abana bato mungo ko bitemewe

Rwanda | Ngoma: Ubuyobozi burongera kwibutsa abakoresha abana bato mungo ko bitemewe

Tags: , , , , , , , , , , , , , ,


Ngoma: Ubuyobozi burongera kwibutsa abakoresha abana bato mungo ko bitemewe

Mugihe  ubuyobozi bw’ akarere ka Ngoma bwihanangiriza abagatuye gukoresha abana bari munsi y’ imyaka 16 mu ngo, bamwe mu babakoresha bavuga ko babiterwa nuko baba babatabaye kuko baba ntahandi baba.

Hashize iminsi mike  mu karere ka Ngoma hakozwe umukwabu maze inzererezi nyinshi,abakoresha ibiyobyabwenge  ndetse n’amabandi barafatwa.

Muri iki gikorwa umuyobozi w’akarere ka Ngoma Nambaje Aphrodise  yaboneyeho no gutanga ubutumwa bw’uko umuntu uzafatanwa umwana muto amukoresha mu rugo azabihanirwa.

Nubwo ariko ubuyobozi budahwema kwiyama abantu bakoresha abana bakiri bato mu ngo kuko baba bagombye kuba bari mu mashuri,usanga hakiri bamwe babakoresha.

Bamwe mubo twegereye ngo batubwire impamvu babona itera abantu gukoresha abana bato kandi baziko bibujijwe,  batubwira ko hari ababakoresha ari mu rwego rwo kubafasha kuko ngo ntaho baba bafite baba.

Umwe mubo twaganiriye yagize ati”Hari igihe umwana agutakira wareba ugasanga ari imfubyi ntaho agira aba, bityo ukaba umufashe unareba ko nta mico mibi agira. Iyo usanze ari muzima hari ubwo umujyana mu ishuri akanagukorera.”

Uretse abakoresha aba bana bitwaje  ko ari ukubafasha, hari n’ abandi babakoresha kuko ngo iyo bakiri bato batarangara bakora imirimo neza bityo ko abakuru bashobora no kwiba kuko baba batangiye kugira imishinga.

Kuba Wamutunga kumpamvu wumva ko zumvikana cyangwa urundi rwitwazo,umuyobozi w’akarere ka Ngoma yatangaje ko abaturage bakoresha abana batagejeje imyaka 16 bagomba kubireka kuko  amategeko abahana ahari.

Mu karere ka Ngoma hakorera cooperative y’abakozi bo mungo. Iyo koperative  kugeza ubu ifite abanyamuryango barenga 200. Umuyobozi w’iyi cooperative avuga ko abo bakozi bishyize hamwe mu rwego rwo kubahiriza amategeko baca akarengane kabakorerwa.

  

 

 

Rwanda | Ngoma: Village settlements benefit from electricity supply

Tags: , , , , , , , , ,



Some of the residents that refused village settlements have said that they regret it for missing out on electricity program.

Since electricity program reached Ngoma district, every house old or new in remaining sectors gets cash power except for those outside village settlements.

Baribwiyumuhungu, a resident of Kazo sector who recently built a permanent house outside the village settlement, revealed to us that he feels bad about not getting electricity after building a beautiful house.

“Am confused about destroying my new permanent house and build in the village settlement, so that I get electricity,” Baribwiyumuhungu laments.

Eng. Fidele Kayigire, in charge of infrastructure in Ngoma district pointed out that the electricity program will extend to all sectors but specifically to trading centres and to those settling in villages.

Engineer Kayigire notes that village settlement program in eastern province was implemented since 1998 and most residents live in village settlements.

The aim of encouraging residents to settle in villages was to extend infrastructures like electricity, water, hospitals, schools and good roads, explains Eng. Kayigire.

 

Rwanda | Ngoma: cooperative members lament on poor treatment

Tags: , , , , , , , , ,



Members of ‘CATAM’ cooperative for pineapple growers that make and bottles pineapple wine in Mutenderi don’t understand how they can spend 4 years operating and don’t share even a single cent.

This cooperative gets about Rwf800 000 profits every month. Some of the cooperative members say that being in this cooperative doesn’t help them at all since their fellows who are in other cooperatives share money for dividends and do things that develop them.

One Diogene Nizeyimana a cooperative member said that for the last 4 years he has been in this cooperative he has never got any money instead they are always in unending meetings. He said that members are tired and bored by this.

“Those who joined later get Rwf30 000 per month but for us they say money is not yet available. When we ask they show us accounts and since most of us didn’t go to school we can’t understand. We need advocacy so as to understand what is happening if they don’t just eat our money.”

Fidel Nkurayija the president of this cooperative for six months admits to poor accountability of this cooperative. He said that the former president of the cooperative Alphonse Ngendahimana was characterized by lack of experience and spending money in undefined ways and up to now he is still answering about the disappearance of Rwf600 000.

Fidel Nkurayija said that now things are starting to go to order and that in 2 months they will start sharing the money made from the profit among all members. This cooperative is still rebuilding itself and it has been buying some of the modern machines needed.

Another limitation of this cooperative the president mentioned of is that this cooperative has about 260 members and that it takes time to have money to give to all members.

 

Rwanda : Abantu bafatiwe mu buzererezi i Kigali bashyikirijwe akarere ka Ngoma bakomokamo

Tags: , , , , , , , , , , , , ,


Mu masaha y’igicamunsi yo kuri uyu wa 25/04/2012 abantu babiri bafatiwe mubikorwa by’ubuzererezi bagashYirwa mu kigo cya GikondoTransit Center  bakomoka mu karere ka Ngoma bashyikirijwe ubuyobozi bw’akarere bakomokamo.

RUTAGENGWA Jean Bosco   umukozi w’akarere ushinzwe urubyiruko na sport  avuga ko atAri ubwa mbere iki gikorwa gikozwe ahubwo ko ubu ari ubwa gatatu kiba muri uyu mwaka kugeza ubu.  abantu bagera kuri 14,barimo abahungu n’umukobwa umwe wafashwe akora umwuga w’uburaya nibo bamaze kugarurwa.

Ku bufatanye mu buyobozi ngo abo bantu iyo bafatiwe mu mujyi wa Kigali barimu buzererezi bajyanwa muri kiriya kigo I Gikondo maze nyuma bagshyikirizwa uturere bakomokamo bagasubizwa iwabo.

Abagaruwe iwaboku kuri iki cyiciro cya gatatu kuva uyu mwaka watangira ni Ndagijimana Jean Claude ufite imyaka 28 ukomoka mu murenge wa Remera muri Ngoma ndetse na Mbonabirama Misago  ukomoka mu murenge wa Jarama akaba afite imyaka 17.

Nkuko bitangazwa na Rutagengwa ushinzwe urubyiruko na Sport mu karere ka Ngoma ngo impamvu benshi bahuriraho ibajyana muri Kigali ngo ni ugushaka imibereho .

Uyu mukozi ariko yemeza ko niyo basubijwe iwabo batahatinda kuko ngo bongera bakisubirira I Kigali gusa nanone yemera ko kubafata bifite akamaro kuko niyo basubiyeyo batongera kujya mu buzererezi cyangwa kugendana n’amabandi.

Mu byifuzo bitangwa ni uko ngo muri iki kigo cya Gikondo bajya bigishirizwamo imyuga kugirango aho basubirijwe iwabo babone ikibabuza kongera gusubira mu mugi kuko ngo n’ubundi baba barahavuye ubuzima bubananiye ntacyo baba bagiye gukora iwabo.

  

  

 

Rwanda Ngoma Advisory council

Rwanda | Ngoma: Advisory council not satisfied with the master plan

Tags: , , , , , , , , ,



Rwanda Ngoma Advisory council

The advisory council of Ngoma district is not satisfied with the master plan designed by the Rwanda Housing Authority for the district.

The authorities from Rwanda Housing Authority were presenting the designed master plan of Ngoma district which required 22meters distance for every house away from the road but the advisory council was uncertain about the implementation of the policy.

Members of the Ngoma advisory council say that it will require them a lot of capacity to displace those close to the road such as the government bodies and other private institutions.

A member of the advisory council Umutoniwase Claudine was not impressed with the required 22meters away from the road as many people will be made to dismantle their houses.

According to the official in charge of planning in the Rwanda Housing Authority Camile Marara,

“Being close to the road could cause respiratory infections when one breathes in various fumes produced by vehicles, close to accidents and the noise pollution from cars which can also cause headache problems and hearing problems to the person.”

Marara continued to explain that the issue will be well studied with the help of the concerned authorities like the ministry finance so that no one is affected by the newly implemented law.

The master plan of Ngoma town is on 8000 hectares of land including the sectors of Remera, Kibungo and Kazo.

Ngoma Njyanama yagaragaje

Rwanda | Ngoma: Njyanama yagaragaje impungenge ku gishushanyo rusange cy umugi wa Ngoma

Tags: , , , , , , , , , , , , , ,



Ngoma Njyanama  yagaragaje

Ubwo bamurikirwaga  igishushanyo cy’umugi wa Ngoma ngo bakemeze,  bamwe mu bagize njyanama y’aka karere bagaragaje impungenge banasobanuza byinshi kuri iki gishushanyo.

Zimwe mumpungenge zagaragajwe ubwo abakozi ba Rwanda houing authority bari bamaze kumurikira njyanama ya Ngoma igishushanyo, ngo icyemeze, bavuze ku kibazo cya metero zisabwa  (22m) uvuye ku muhanda kugera ku mazu, maze bavuga ko ishyirwa mu bikorwa ry’iri tegeko rishobora kugorana dore ko nta na hamwe muri uyu mugi byakurikijwe.

Bamwe mubagize njyanama ya Ngoma bavuze ko bishobora gusaba ubushobozi bwinshi bwo kwimura abaturiye umuhanda ndetse n’ibigo bitandukanye bya leta n’ibyigenga.

Umujyanama Umutoniwase Claudine  agaragaza impungenge ze kuri iki gishushanyo kigaragaza ko ziriya metero 22 zigomba kubahirizwa yavuze ko abaturage bashobora kuzagira ikibazo kitoroshye  cyo gusenyerwa.

Kuri iki kibazo, umukozi wo mukigo cy’igihugu gishinzwe iterambere ry’imiturire (Rwanda housing authority) ushinzwe igenamigambi muri iki kigo Marara Camile,yasubije avuga ko iri ari itegeko rya leta ryasohotse nyuma yo kubona ko gutura hafi y’umuhanda bifite ingaruka nyinshi ku mubiri w’umuntu ndetse no kuba byadidiza iterambere kuko ibikorwaremezo bya leta bitabona aho bica.

Yagize ati” Gutura  hafi y’umuhanda bituma uhumeka imyuka mibi imyotsi y’amamodoka bishobora kwangiza umubiri wawe kandi n’urusaku rw’amamodoka narwo ntirwatuma umubiri wawe  umererwa neza. Ikindi gikomeye ni uko iyo leta ishatse nko kugira ibikorwa ikora iruhande rw’umuhanda nko kuwongera,cyangwa gushing amapoto y’amashanyarazi ibura aho ibikorera. Gutura kuri metero 22 uvuye ku muhanda ni kunyungu z’umuturage ndetse na leta.’

Uyu mukozi akomeza avuga ko iki kibazo kizakomezwa kwigwaho  nabo bireba barimo ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere ry’imiturire na RTDA ndetse na ministeri y’imari kugirango abantu bazimurwe binyuze mu mucyo ntawubihombeyemo.

Iki gishushanyo rusange cy’umugi wa Ngoma  kiri kubuso bwa hegitari 8000, gifata ku mirenge ya Remera, Kibungo na Kazo.


Le diocese de Kibungo

Le diocèse de Kibungo doit s’acquitter d’une dette d’un milliard de francs rwandais.

Tags: , , , , , , , , , , , ,


Apres avoir été demandé de payer une colossale somme  de plus d’un milliard de francs des dettes, les paroissiens de l’église catholique de Kibungo se sont convenus de payer 40 millions de francs.

Le diocese de Kibungo

 

Pour que cette dette soit intégralement payée, la réunion du diocèse de Kibungo qui s’est tenue au mois de novembre 2012 a mis en place 3 groupes d’échelonnement de paiement pour tous les diocèses de Kibungo pendant une durée de 32 mois.

Les principales paroisses comme celles de Kibungo  et Rwamagana doivent rembourser à hauteur de 2 millions de francs mensuellement. Le deuxieme groupe devra payer 2 millions de francs également tandis que le dernier groupe devra s’acquitter de 1 500 000frs.

Certains fideles du diocèse de Kibungo ont demandé comment celle-ci a pu perdre de telles sommes d’argent. Car ils se demandent si cela a été provoqué par des personnes ou d’autres raisons non connues.

Le prêtre supérieur de la paroisse de Kibungo, le prêtre Karasi, leur a répondu que ces pertes ont été dues à la mauvaise gestion financière. Un audit interne est prévu afin de punir les personnes ayant été impliqué dans cette sombre affaire.

Les institutions financières comme la Banque de Kigali, Banque Populaire du Rwanda, Agaseke Bank et autres personnes sont celles qui réclament ces sommes d’argent au diocèse de Kibungo. La paroisse de Kibungo a en son sein 50000 membres dont 20000 qui participent aux activités de l’église.

 

 

 

 

Ngoma Abakiristu

Ngoma: Abakiristu biyemeje gutanga miliyoni 40 ngo hishyurwe ideni rya diyosezi

Tags: , , , , , , , , , , , ,


Nyuma yo gusabwa  gufasha  diyosezi   gatolika ya Kibungo mu kwishyura ideni  rirenga miliyari imwe batewe n’ igihombo yagize ,kuri iki cyumweru  abakiristu ba paroise ya Kibungo  biyemeje gutanga miliyoni 40 zo kwishyura.

Ngoma  Abakiristu

Kugira ngo iri deni  ryose ryishyurwe inama ncungamutungo ya diyosezi ya Kibungo ubwo yateranaga mu kwezi kwa cumi na  kumwe 2011 yashyize mu byiciro bitatu amaparoise y’iyi diyoseze maze buri kiciro gihabwa ayo kigomba kwishyura  kugeza mugihe cya amezi 32.

Paroisse zikomeye zirimo  paroisse Kibungo  na Rwamagana zigomba kujya zitanga muliyoni  ebyiri n’igice buri kwezi . Ikiciro cya kabili  bazajya bishyura miliyoni ebyiri naho icya gatatu kizajya kishyura miliyoni imwe n’igice.

Ubwo batangaga ibitekerezo ku buryo hatangwa aya mafaranga , umukiristu umwe yarahagurutse agira ati” ariya mafaranga njyewe n’ubwo ndi umwimukira navuye mu Bugesera nta mafaranga ndabona mbona icyo kurya mpingiye umuntu, nzayahingira nzayabona kuko ntacyo nakwima Yezu yarampaye amaboko.”

Ibi ariko ntibyabujije ko hari nabahagurutse basaba ko basonurirwa uburyo iyi diyosezi yahombye kuko ngo bumva bavuga igihombo ntibamenye niba ari umuntu wayateruye cyangwa izindi mpamvu.

Mu gusubiza iki kibazo padiri mukuru wa Paroisse kibungo  Padiri Karasi yasubije ko habayeho imicungire mibi  ndetse n’uburangare byakozwe n’abantu benshi.Yongeraho ko ariko bitazagarukira aho ahubwo ko hagiye gukorwa igenzura (audite) maze ababigizemo uruhare  bagakurikiranwa.

Banque de Kigali, COGEBANK, Bank Populaire  du Rwanda , Agaseke bank  ndetse n’abikorera kugiti cyabo nibo bose bishyuza amafaranga arenga miliyari y’amanyarwanda diyosezi ya Kibungo. Paroisse ya kibungo ifite abakiristu bagera ku 50 000 barimo 20 000 bagaragara mu bikorwa bitandukanye biteganywa na kiriziya.


NGOMA-Parents urged to

NGOMA-Parents urged to clean their children

Tags: , , , , , , , , , , , ,


NGOMA-Parents urged to

Lack of hygiene among children is a problem that needs special attention in Ngoma district, according to officials there. Addressing a meeting with local residents, the mayor of the district Niyotwagira Francois has urged parents to mind the cleanliness of their children. “It’s a pity to see children in torn colorless and dirty torn dresses, “the Mayor noted.    

He said that taking care of children’s hygiene is every parent’s responsibility; therefore, authorities in charge can’t just let it go on.

“You should take care of your children’s cleanliness. Because if you don’t, ypou’re not playing your role as apparent and you’re jeopardizing the future of Rwanda. Everyone should be involved in children’s educating” the mayor stressed.

Some parents pretend that they look dirty because they are farmers but this has nothing to do with farming according to the governor of the eastern province Uwamariya Odette, while she was recently visiting a local cooperative of pineapple growers in Mugesera.


Top Network News

Rwanda president Paul Kagame hits campaign with Jeannette Kagame, Ivan Kagame and Ange Kagame

A Voyage Through The Life Of Our Late Inyumba Aloisea , Refugee – Leader – Minister – Legend

Jeannette Kagame : Study Finds Rwanda Is “BEST PLACE” For Women Politicians

President Paul Kagame along with Jeannette , Ange and Ivan Kagame - The first family of Rwanda

Related sites

Advertisement

jaguar cars jaguar, jeep, kia