Tag Archive | "rusizi"

Amazu y’abarokotse jenoside yarashaje bikabije

RUSIZI: Amazu y’abarokotse jenoside yarashaje bikabije

Tags: , , , , ,


Amazu y’abarokotse jenoside yarashaje bikabije

Abacitse ku icumu rya jenoside yakorewe abatutsi bo mu Karere ka Rusizi baravuga ko Nyuma y’imyaka cumi n’icyenda bubakiwe amazu ubu amaze kubasaziraho izi nzu zashaje bitewe n’ibikoresho byari bizubakishije kimwe n’izubatswe hutihuti ubwo babashakiraga aho baba bikinze, ni muri urwo rwego bifuza ko Leta y’u Rwanda yabagoboka bakabaha ubufasha bwo kubona aho baba hakwiriye .

Kubibazo birebana n’ayo mazu, Akarere ka Rusizi kavuga ko gafite gahunda yo kubaka amazu 117 y’abacitse ku icumu mu gihe izindi zizakomeza kubakwa no gusanwa umwaka utaha kandi ku buryo burambye.

Izi nzu zubatswe ahagana mu myaka ya 95 kugera  96 nyuma gato ya jenoside yakorewe abatutsi muri 1994 ubwo yari imaze guhagarikwa n’Ingabo zahoze ari iza FPR Inkotanyi. Birumvikana ko ibibazo mu gihugu byari byinshi ariko kubonera icumbi abari bamaze kurokora iyi jenoside byari mu byihutirwaga. Gusa uku kwihutirwa hamwe na hamwe usanga byaratumye izi nzu zitubakwa neza ahandi ugasanga nta bwiherero cyangwa igikoni zifite. Kuri ubu hibukwa Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda ku nshuro ya 19 abaturage urasanga barimo guha imiganda abaturanyi babo ku byo bashoboye:

Kuba zimaze imyaka isaga 18  mu gihe zitigeze zihomwa cyangwa ngo zikomezwe usanga inyinshi muri izi nzu zishaje cyane byagera ku bakecuru n’abasaza b’inshike bo ugasanga ni ikibazo kibakomereye, bityo abaganiriye n’itangazamakuru bo mu Mirenge ya Mururu, Nyakarenzo, Gashonga na Rwimbogo bakaba basaba ubufasha bwo gusanirwa izi nzu:

Umuyobozi w’Akarere ka Rusizi wungirije ufite imibereho myiza y’abaturage mu nshingano ze Nirere Francoise atangaza ko inzu zose zifite ibibazo zamaze kubarurwa bityo ku ikubitiro hakaba hagiye kubakwa inzu 117 ku buryo bwa kijyambere.

Ibibazo by’amacumbi y’abarokotse jenoside yakorewe abatutsi yo mu 1994 mu Karere ka Rusizi biri mu byiciro bitatu. Hari izigaragara ko zishaje ku buryo bisaba kuzisenya zikongera zikubakwa bundi bushya, izitararangiye neza mu gihe zubakwaga zikeneye kurangizwa n’izisabasha gusanwa. Gusa nubwo ikibazo cy’amazu ashaje aricyo bagaragaje cyane bavuga ko aricyo cyihutirwa ariko ngo bafite n’ibindi byinshi.

 

local defence to be more vigilant in security maintenance1

RUSIZI: local defence to be more vigilant in security maintenance

Tags: , , ,


In this trying period when Rwandans are commemorating the atrocities committed to them and their loved ones in 1994 genocide against Tutsis, Local Defence security personnel were asked to be more vigil in keeping the people’s security.

local defence to be more vigilant in security maintenanceThe local defences force personnel

 Rwanda has many enemies especially in neighbouring countries who would like to hurt the scars of the Rwandans rub to their faces how hurt they were during the 11994 genocide against the Tutsis.

Local Defences personnel were told this during the security meeting that brought them together with General Charles Karamba the army commander in Rusizi and Nyamasheke district.

He advised the security personnel to improve their working relationships with other security councils in the district as well as doing vigilante patrols.

local defence to be more vigilant in security maintenance1General Charles Karamba addressing Local Defence Forces

Marcel Habyarimana the vice mayor for fiancé and economic development in Rusizi district asked Local Defence Forces to fulfil their responsibility of maintaining the security of the country especially in this period.

He also asked local defence personnel to be patriotic, to avoid violence in their work citing example of Local Defences’ personnel in Mururu sector who moved away from their responsibilities and were replaced by Inkeragutabara (reserved forces) security.

Though the Local Defence forces are keen on doing well their work of protecting people and their properties, they have limitations in their work especially lack of uniforms, lack of work identification cards and too little their salary as Theogene Habimana explained.

Local Defence personnel were also to keep the security of Genocide Memorial Sites and to work well with sector to ensure people and their properties security. 

Rusizi: Nubwo bamwe bakataje mu kwiyubakira utugari hari abatarabyumva

Tags: , , , , ,


Hagamijwe kurushaho kwigira ubu abanyarwanda bose barashishikarizwa kwiyubakira inyubako z’utugari kubatazifite cyangwa bakodesha. icyakora bamwe mu baturage b’akarere ka Rusizi batangazako iyi gahunda yo kwiyubakira bayishimiye kuko ngo nta kiza cyo gucumbika, icyakora nubwo hari abamaze kubyumva hari nabavuga ko ntacyo babiziho.

Nyuma y’aho bigaragariye ko hari tumwe mu tugari hirya no hino mu gihugu dukorera ahantu hadasobanutse hadahesha n’ agaciro abanyarwaanda, hashyizweho gahunda yo gushishikariza abanyarwanda kwiyubakira inyubako zo gukoreramo zijyanye n’icyerekezo. icyakora iyi gahunda hari abayisamiye hejuru kuburyo umuntu avuzeko yari yaratinze ataba abeshye. urugero ni nk’ ababaturage bo mu kagari ka Nyange ho mu murenge wa Bugarama kamwe mu tugari tugize akarere ka Rusizi bageze kure biyubakira.

Nubwo wumva bo bamaze kubisobanukirwa yewe bakanatangira gushyira mu bikorwa hari abandi bo bataramenya iyo biva niyo bijya cyakora ngo nuko batarabikangurirwa.

Kuba hari bamwe bamaze gusobanukirwa gahunda yo kwiyubakira ibiro by’utugari twabo byatumye bagira ubutumwa bagenera abagiseta ibirenge kuko ngo kwiringira gukodesha ntacyo byazabagezaho.

 

 

Rwanda | Rusizi Mushaka trading

Rwanda | Rusizi: Mushaka trading centre under renovation

Tags: , , , , , , , , , , , ,


Rwanda | Rusizi Mushaka tradingAfter the President of Rwanda H.E Paul Kagame visited Rwimbogo sector in Rusizi district and questioned about poor old buildings in Mushaka trading centre, renovation activities have started.

Philippe Ngirente, in charge of social affairs in Rwimbogo sector on August 7th 2012 said 91 percent of the buildings in this area are modern.

Mushaka trading centre in Rwimbogo sector in Rusizi district, is known in history for receiving foreigners (Burundians and Congolese) that neighbour with it and come to attend the market for many years.

When the president visited in 2010, he asked the residents to renovate the buildings and improve sanitation, reveals Philippe Ngirente.

Concerning the old buildings, the sector administration tackled renovation and building processes and now at 91 percent of what was expected according to the sector’s master plan.

Although they had planned to complete renovation activities before June 30th 2012, it did not come to pass due to lack of bricks but, it has to end this year, narrates Ngirente.

Mushaka trading centre does business with foreigners more than Rwandans because of the food stuffs like cassava, tomatoes, sweet potatoes, bananas and livestock especially goats from Rwimbogo, Nzahaha, Gashonga and Nyakarenzo sectors.

 

Rusizi MOHR gives cows to vulnerable groups of people2

Rwanda | Rusizi: MOHR gives cows to vulnerable groups of people

Tags: , , , , , , , , ,


People in different groups of the poor, those living with HIV/AIDS and the 1994 genocide against Tutsi survivors in Kamembe Mururu, Gihundwe, Giheke and Nkanka sectors in Rusizi district say that they are in the journey of becoming farmers.

Rusizi MOHR gives cows to vulnerable groups of people

 

 

 

 

 

 

 

 

They said this after being given 45 cows by Mission of Hope Rwanda (MOHR) Project on the support of Global Fund to get these people out of poverty as these cows will ensure their development.

Bertha Nyirabihizi a resident of Giheke sector and her fellows who were also given cows said that they will protect and take care of these cows and fight poverty when they are able to promote themselves and they will manage because they were trained about it.

For them it is like a dream come true as they are no longer called the poor but farmers and they are hopeful that they will never be affected by poor eating and their families will be free of malnutrition and they will able to pay their contribution for Mutuelle de santé medical insurance. And they will give their neighbours once these cows reproduce.

Rusizi MOHR gives cows to vulnerable groups of people2

 

 

 

 

 

 

 

 

According to Scovia NARAME the coordinator of Mission of Hope Rwanda, In Rusizi district said that these cows will be of much importance to these people and their neighbours. The district and sector leaders were asked to make a follow up on these cows and how they are taken care of by the groups they were given.

Oscar Niyonsaba the veterinary doctor of Rusizi district asked those who were given cows to take good care of them as they will take them from one level to the other and he said that with the help of veterinary doctors in sectors, they will keep a close watch on these cows and they were warned about using the normal bulls for reproduction as they give no production.

Apart from giving cows to people, Mission of Rwanda Gave to every group 1.8 million francs to take care of these cows by buying medicine and all necessities while taking care of those cows.

Rwanda: Rusizi: RCYWA builds house for a homeless widow

Tags: , , , , , , , , ,


The association for the youth who take care of street children in Rusizi district (RCYWA) recently participated in re-building a house for a widow Jeannette Mukabutera whose house was destroyed by the earth quake.

As RCYWA explains, this deed was to show volunteering spirit, selflessness and love among youth and Rwandans in general.

At the end of this action, Tito Felix the chairperson of RCYWA association said that this deed is worth more than Rwf500.000 and it included completing a house that was built half way buying 2 doors, 3 windows for it and covering it well.

Apart from this community work, this youth collected about Rwf50 000 that will pay the workers who will finish building this house.

Mukabutera whose house was built and her daughter Solange Murengeyinka thanked the association members to have thought about them and given them their support by building for them and thanked God for their new house.

Mukabutera is a mother of 5 and a resident of Kamatita cell, Gihundwe sector in Rusizi district and had spent almost 4 years living with neighbours with her children after her house collapsed. 

 

 

 

Rwanda | Rusizi: RCYWA yubakiye umupfakazi wari umaze imyaka ine acumbikiwe n’abaturanyi.

Tags: , , , , , , , , , , , , , , ,


tariki ya 26/05/2012 ishyirahamwe ry’urubyiruko ryita by’umwihariko ku bibazo by’abana bo mu muhanda rya Rusizi (RCYWA) ryakoze umuganda wo kubakira umupfakazi Mukabutera Jeannete wasenyewe n’umutingito wabaye mu kwezi kwa kabiri 2008.

 

Nk’uko RCYWA ikomeza ibivuga, ngo icyo gikorwa cyari kigamije kubiba ubwitange, ubukorerabushake n’urukundo mu rubyiruko ndetse no mu banyarwanda bose muri rusange.

 

Nyuma y’uyu muganda wo kubakira umupfakazi wasenyewe n’umutingito, umuyobozi wa RCYWA Tito Félix, yatangaje ko igikorwa cy’ubukorerabushake cyakozwe gifite agaciro gasaga amafaranga

y’u Rwanda ibihumbi 500, kikaba cyari ukurangiza inzu yari yaratangiye kubakwa ikagera hagati bikananirana , kuyigurira inzugi 2, amadirishya 3 , no kuyisakara neza.

 

Uretse uyu muganda kandi uru rubyiruko rwanakusanyije amafaranga agera ku bihumbi 50 by’amafaranga y’u Rwanda bizakoreshwa mu guhemba abakozi bazakomeza barangiza neza inzu.

 

Mukabutera wubakiwe inzu ndetse n’umukobwa we Murengeyinka Solange bashimiye ishyirahamwe ry’urubyiruko ryita by’umwihariko ku bibazo by’abana bo mu muhanda rya Rusizi kuba barabatekereje bakabagenera ubufasha mu kubaka inzu yabo, ndetse banashimira Imana.

 

Uyu MUKABUTERA wakorewe umuganda ni umubyeyi w’abana batanu utuye mu karere ka

Rusizi mu murenge wa Gihundwe, akagali ka Kamatita, akaba yari amaze imyaka igera kuri ine acumbitse

mu baturanyi hamwe n’abana be.

 

Rwanda Ils se sont assignés de respecter ces décisions unanimes

Rwanda : Le district de Rusizi s’est résolu d’éradiquer la malnutrition avant fin juin 2012

Tags: , , , , , , , , , , , , ,



Les secrétaires exécutifs des toutes les cellules du district de Rusizi se sont réunis avec le maire du district ce 19 mars. Au cours de cette réunion, ils se sont assignés par le biais des contrats de performance d’éradiquer la malnutrition dans ce district d’ici fin juin 2012.

Rwanda   Ils se sont assignés de respecter ces décisions unanimes

  Ils se sont assignés de respecter ces décisions unanimes

Ces contrats de performance s’inscrivent dans le cadre d’éradiquer le problème de la malnutrition qui se caractérise chez les enfants comme Emmanuel Ndamuzeye , le chargé de la santé dans le district de Rusizi, l’a expliqué.

Le maire du district de Rusizi Oscar Nzeyimana, déclare que ces contrats de performance seront fonctionnels pour que ces dates soient respectées. Il explique : «  Rusizi enregistre 1.81% des cas de malnutrition et nous espérons que ce problème sera résolu avec le consentement de la population. Ainsi si les autorités des différentes cellules font de la sensibilisation efficace auprès de la population par exemple en incitant la population de se prémunir des jardins potagers. Mais aussi en insistant que des écoles de nutrition soient créées dans toutes les cellules ».

Uwamariya Laetitia, la secrétaire exécutif de la cellule de Rebero du secteur de Nzahaha,  affirme  qu’une journée par semaine de visite aux centres de nutrition avait été instaurée afin de lutter efficacement contre la malnutrition. Mais avec les contrats de performance, 2 jours sont prévus pour éradiquer la malnutrition dans cette région.

Uwamariya ajoute que les efforts sont mis en place pour inciter la population de cultiver des jardins potagers réduire les cas de malnutrition chez les enfants.

Les recherches faites en 2010 montrent que le district de Kicukiro a le taux le plus bas de malnutrition chez les enfants dans le pays a savoir 0.66% tandis que le district a le taux le plus élevé de 3.12% des cas de malnutrition chez les enfants.


Rwanda Rusizi local leadership

Rwanda : Rusizi local leadership commits to abolish malnutrition

Tags: , , , , , , , , ,


Rwanda Rusizi local leadership

Cell leaders of Rusizi district gathered at the district headquarters to sign contracts against poor feeding with the district Mayor, according to the meeting of 19th March2012.

The signed terms state that by June 2012 no sign of malnutrition should still be available in any part of Rusizi district.

Rusizi district Mayor Oscar Nzeyimana said that “Rusizi district has 1.81% malnourished children. To solve this, all cell leaders should sensitize citizens about good nutrition, proper farming and rearing of animals.”

“There is a great need to achieve the set targets; therefore all stakeholders should get involved in improving nutrition standards of Rwanda’s children.” Add the district mayor

Emmanuel Ndamuzeye a district worker in charge of health, the signed contracts are meant to devise means of eliminating malnutrition once and for all.

Leatitia Uwamariya -leader of Rebero cell in Nzahaha Sector says that in order to fight against malnutrition they have weekly nutrition studies which she says are to be offered 2 times a week.

Following nationwide statistics, Kicukiro district was said to be the district with least number of malnourished children with a 0.66percent however Rubavu district came up with the worst statistics as the district with most malnourished children at about 3percent.

Rusizi Nyuma yo kubuzwa

Rwanda | Rusizi: Nyuma yo kubuzwa akazi k’ubunyonzi babashije kwishyiriraho koperative yo gutwara moto

Tags: , , , , , , , , , , , , , ,


Ku itariki ya 02 Werurwe abasore bahoze bakora umwuga wo kunyonga amagare bakaza guhagarikwa muri ako kazi bamuritse ku mugaragaro koperative yabo nshya yo gutwara moto.

Rusizi Nyuma yo kubuzwa

Aba basore batangije Cooperative de Taxi Moto de Rusizi (COTAMORU) bagera kuri 50 bavuga ko bagiye kongera gufata ku mafaranga nyuma y’aho baciriwe mu muhanda kubera amabwiriza abuza gutwara abantu ku magare mu muhanda wa kaburimbo.

Umwe mu bagize iyi koperative witwa Ruhanga Ibrahim avuga ko yishimiye ko bageze ku ntera yo gutwara moto barahoze batwara amagare kandi bikaba bigiye gutuma binjiza amafaranga aruta ayo binjizaga batwara amagare.

Ruhanga agira ati: “Twatangiye tunyonga amagare kuri kaburimbo hakaba impanuka ubuyobozi butugira inama yo kureba akandi kazi dukora ko ako kunyonga amagare gahagaritswe.Twahise dufata icyemezo cyo kwiga gutwara moto turangije tugira igitekerezo cyo gushinga koperative yo gutwara moto. Kuba twabigezeho turabyishimiye bigiye gutuma n’ubukungu bwacu bwiyongera. Nakoreraga amafaranga 2000 ku munsi nyonga igare ubu nizeye ko nzajya ninjiza amafaranga arenze ayo nkabasha kwiteza imbere.”

Ubuyobozi bw’umurenge wa Gihundwe mu karere ka Rusizi ufite nawo igice cy’umujyi wa Kamembe ukaba ari nawo uvamo abasore benshi bashinze COTAMORU buvuga ko iyi ari intambwe ikomeye urubyiruko rwagezeho.

Muhirwa Gasita Felix ufite amakoperative mu nshingano ze mu murenge wa Gihundwe agira ati: “Na twe nk’ubuyobozi ibi turabyishimiye kubona uru rubyiruko rwishyira hamwe rugakora koperative yo gutwara moto rwarahoze rutwara amagare yahagarikwa mu mujyi urwo rubyiruko rukabura akazi.

Ibi bigiye guhindura ubuzima bwabo kuko bagiye kujya bavana amafaranga muri aka kazi bagatunga imiryango yabo igatera imbere n’igihugu muri rusange.”

Koperative COTAMORU abayinjiyemo batanze umugabane shingiro w’amafaranga y’u Rwanda 50 000 mu gihe indi koperative yabatanze kuvuka nayo itwara abagenzi kuri moto mu karere ka Rusizi yo kuyinjiramo bigeze ku mafaranga y’u Rwanda 180 000 y’umugabane shingiro.


Top Network News

Rwanda president Paul Kagame hits campaign with Jeannette Kagame, Ivan Kagame and Ange Kagame

A Voyage Through The Life Of Our Late Inyumba Aloisea , Refugee – Leader – Minister – Legend

Jeannette Kagame : Study Finds Rwanda Is “BEST PLACE” For Women Politicians

President Paul Kagame along with Jeannette , Ange and Ivan Kagame - The first family of Rwanda

Related sites

jaguar cars jaguar, jeep, kia