Tag Archive | "rwamagana"

Uturere twa Kayonza na Rwamagana ngo turagenda biguru ntege mu gutuza abaturage mu midugudu

Rwanda : Uturere twa Kayonza na Rwamagana ngo turagenda biguru ntege mu gutuza abaturage mu midugudu

Tags: , , , , , , , , , , , , , ,


Uturere twa Kayonza na Rwamagana ngo turagenda biguru ntege mu gutuza abaturage mu midugudu

 

 

 

 

 

 

 

Ngo hari Uturere twafashe umurongo mwiza mu guteza imbere imiturire mu midugudu

Umuyobozi wa gahunda ishinzwe guteza imbere imiturire myiza mu cyaro aranenga abayobozi b’Uturere twa Kayonza na Rwamagana ko bagenza biguru ntege gahunda yo gutuza abaturage mu midugudu kandi barahawe ibikoresho n’amafaranga byo gukoresha imirimo y’ibanze abaturage bakeneye ngo bubake mu midugudu.

Mu nama yahuje abayobozi b’ibanze mu Ntara y’Iburasirazuba kuwa 3 Kanama 2012 bagamije kureba uko gahunda ya leta yo gutura mu midugudu ishyirwa mu bikorwa, bwana Kampayana Augustin uyobora gahunda ishinzwe guteza imbere imiturire myiza mu cyaro yanenze ko mu Turere twa Kayonza na Rwamagana bataragira icyo bakora kigaragara kandi aribo bahawe ibikenewe mbere y’abandi mu Rwanda.

Ubu mu gihugu cyose harahugurwa abakozi muri buri Karere bazajya bakoresha imashini zibumba amatafari n’amategura ku buryo bworoshye kandi buhendutse. Uturere twa Kayonza na Rwamagana turi mu twahuguwemo abakozi mbere y’abandi mu gihugu, nyuma hakurikiraho utwo mu Ntara y’Amajyepfo, ubu hakaba hatahiwe Iburengerazuba.

Uturere twa Ngororero na Nyabihu twahuguwe nyuma ngo twamaze kuzuza inyubako nke za mbere mu gihe Kayonza na Rwamagana ngo bataragira inyubako n’imwe batangira no gushingira umusingi.

Muri iyi gahunda ngo buri Karere kahawe imashini zibumba amatafari n’amategura zingana n’umubare w’Imirenge buri Karere gafite, banahabwa amafaranga akabakaba miliyoni 8 (7,900,000 Rwf) yo guhemba abakozi bahuguriwe gukoresha izo mashini zibumba amatafari n’amategura. Kugera uyu munsi ariko ngo ntacyo abayobozi b’Uturere twa Kayonza na Rwamagana barabyaza ubwo bushobozi bahawe.

Kubwa Kampayana ati “Utu Turere dukwiye kutwambura ibyo bikoresho bigahabwa abafite ubushake bwo kubibyaza agaciro.

Kampayana Augustin n’abo bakorana muri iriya gahunda bavuga ko imwe muri ziriya mashini ngo yabumba amatafari 300 n’amategura 300 buri munsi, buri Karere kakaba gashobora kubona ibikoresho byakubaka inyubako 15 buri kwezi.

Bamwe mu bayobozi b’Uturere bari muri iyo nama ariko bavugaga ko ngo izo mashini zibumba amatafari n’amategura macye cyane kurusha ayo abazitanze bavuga. Aya make ariko nayo ngo ntarabyazwa umusaruro mu Turere tumwe na tumwe.

    

 

The new urban area delineation

Rwanda : The new urban area delineation proposal of Rwamagana put in place, residents warned

Tags: , , , , , , , , ,


 Rwamagana residents and those who intend to reside in the area have been reminded to be careful of the new urban area demarcation proposal for the District borders which has changed many places in the District.

The new urban area delineation

This proposal expects that Rwamagana town will be where the yellow colour passes, places like Byimana, Nyakabungo, Kavura, Kanywiriri, Plage, Ramba, Rusave, Kirehe, Kigega, Umuganura, Kayenzi, Busanza, Rurembo, Bigabiro, Kabeza, Biraro, Kabuye, Kamata, Cyahafi, Karutimbo and Miyange will make up this town.

In these areas only houses that meet the requirements of the town master plan will be accepted there and those who will not follow these regulations their buildings will be demolished.

Places that are circled by red colour will be neighbouring Rwamagan town and those places are Cyiri, Umunini, Rwagahaya, Abakina, Akanogo, Shaburondo, Akabeza, Rubirizi, Kibare, Kingondo, Nyarugarama, Mugusha, Agatare, Karambo, Kidogo, Cyeru, Umubuga, Akagarama, Mpingu, Gahondo, Akatorero, Karuhayu, Gahonogo, Kamanga, Bacyoro, Kabuga, Bugugu, Gasharu and Cyimpima.

In this proposal of Rwamagana district, villages of Akubugingo, Rugarama, Marembo, Rubona Gituza, Mugogo, Kamirindi, Kampigika and Nyamugari that had been taken in Kigali city neighbouring villages in the past are now in Rwamagana district.

The residential plan in Rwamagana town and its neighboring places will be decided by the advisory council of Rwamagana district before the end of September 2012.

 

 

 

 

 

Rwanda Urubyiruko rurasabwa kwimakaza amahoro n’ubusabane mu miryango

Rwanda : Urubyiruko rw’i Rwamagana rwasabwe gukemura amakimbirane mu ngo

Tags: , , , , , , , , , , , , , , ,



Urubyiruko rwo mu Karere ka Rwamagana rurasabwa guhindura ubutumwa bwiza bwo kwamamaza ivanjiri rusanzwe rukora muri bagenzi barwo bitwa ko baguye, rukongeramo n’ubutumwa bwo kubyutsa ikibatsi cy’urukundo, rukemura amakimbirane mu ngo zitabanye neza, hagamijwe gukumira amakimbirane n’urugomo byagiye bigaragara muri Rwamagana, ndetse hamwe na hamwe ababana mu rugo rumwe bakavutsanya ubuzima.

Rwanda Urubyiruko rurasabwa kwimakaza amahoro n’ubusabane mu miryango

Urubyiruko rurasabwa kwimakaza amahoro n’ubusabane mu miryango

Ibi ngo biraterwa n’uko muri ako Karere hagaragaye ingo zisaga 232 zirangwamo umwiryane n’ubwumvikane buke, kandi benshi mu rubyiruko rw’i Rwamagana ari abakirisitu bakora ubutumwa bwo kwamamaza ijambo ry’Imana mu ngo za bagenzi babo bita ko baguye.

Superintendent James Muligande ukuriye polisi y’u Rwanda mu Karere ka Rwamagana yabwiye urubyiruko rw’i Rwamagana rwari mu nama nkuru y’Urubyiruko kuwa 17 Gicurasi ko urwo rubyiruko rukwiye no gushyiraho ubutumwa bwihariye bugenewe ingo bazi zirimo abashakanye batakibana mu bucuti, ahubwo baba mu ngo zirara zishya, bwacya zikazima.

Superintendent Muligande yabwiye abasore n’inkumi basaga 300 bari bitabiriye inama nkuru y’urubyiruko I Rwamagana ko mu kazi kabo ka polisi bazi ingo nyinshi zirara mu nduru n’intonganya, abazirimo bakaba barangwa n’umwiryane iyo bari bonyine mu ijoro, amaso ya rubanda asinziriye. Bamwe ndetse barara bagenda amajoro bajya gutabaza no gucumbika kuri polisi kuko mu ngo zabo hababereye indiri y’ibibazo.

Umuyobozi w’Akarere ka Rwamagana, bwana Uwimana Nehemie nawe avuga ko ikibazo cy’ingo zitabanye neza akizi ndetse kikaba cyarageze n’aho mu mezi ashize gitera bamwe mu babana kwicana hagati yabo. Kuri ubu ariko, uyu muyobozi avuga ko ingo zizwi ko zitabanye mu mudendezo zabaruwe, ndetse abazituye bakaba baraganirijwe bakanagirwa inama yo kubana neza kuko bibazanira amahoro n’umutuzo bombi.

Mu gukumira hakiri kare izi ntonganya n’urugomo rushobora kuzishamikiraho, urubyiruko rw’i Rwamagana rwasabwe gushyira muri gahunda z’iyobokamana no kubwiriza ubutumwa bwiza umwanya n’ubutumwa byihariye hagamijwe guhwitura abashakanye ngo bongere kubana neza.

 

 


Rwanda : 100 couples tied knot in mass wedding ceremony..

Tags: , , , , , , , , ,


 

One hundred  couples  who have been married illegally this Friday 09/03/2012 in different sectors of rwamagana district  of the southern province of Rwanda made the ‘until death do us apart’ vow in a mass-wedding ceremony.

The couples said that having tied the knot and married like many other marriages accepted by law will help then sort out several problems they have been encountering in the homes.

“We have been together for 15 years and have 5children , my hasband would see me as  a harlot but now we’re going to live happily.”  Said nzamwitakuze dativa  one of the 100 couples that tied the knot in mwurire sector , rwamagana district .

They were greeted by family, friends, and local leaders who came to share in the festivities. The couples were smart and happy with a lot of smiles.

After the ceremony which was conducted by the sector leader, the groups left in pairs to celebrate the day with families and friends.

Olivier sebatware, the Executive Secretary of mwurire sector, said the event is a milestone in the area during this month dedicated to the family adding that their target is to see at least 300 families tying knot by the end of this month.

The Executive Secretary noted that legal marriages will help address domestic conflicts and violence.

“Legal marriage gives women and children rights on property and addresses the issue of polygamy among men.” He said.

Rwanda | Les habitants qui s’étaient levé

Rwanda | Ils se sont retrouves enfermés dans le marché de Rwamagana le jour de la journée mondiale de la femme

Tags: , , , , , , , , , , , , , , , , , , , , , , , , ,


Rwanda | Les habitants qui s’étaient levé

 

 

Les habitants qui s’étaient levé tôt dans le marché le jour de la journée mondiale de la femme se sont retrouvés enfermés par décision du responsable de ce marché. Cette décision de fermer le marché découle du souhait du dirigeant des commerçants de Rwamagana qui édictait que le marché sera rouverte après les festivités.

En s’acquérant auprès du responsable des commerçants du district de Rwamagana , Murenzi Jean Baptiste, il a affirmé que cette décision de fermer le marché n’émane pas de lui.

Il explique : «  Je n’ai pas encore parlé avec le responsable du marché et je pense que les habitants avaient leurs droits d’acheter les différents produits tout en participant aux festivités de ce jour ».

Une femme du nom de Beata qui était dans ce marché au moment de la fermeture déclare qu’elle s’était levée tôt afin de se rendre au marché. Elle indique que les achats étaient pour ses enfants qui s’apprêtaient  à se rendre à l’école afin de se préparer pour les réjouissances de la journée de la femme.

Les festivités marquant la journée mondiale de la femme au niveau national s’étaient déroulées dans le district de Kayonza. Elles étaient conduites par la première dame du Rwanda, Madame Jeannette Kagame. Cette journée avait pour thème : « Continuons de construire les attributions de la femme et la fille dans le progrès de la famille ».

On célébrait le centième anniversaire de la journée mondiale de la femme. L’organisation des nations unies(ONU) a instauré la journée mondiale de la femme depuis 1975 d’où c’est la 37e année de célébration au niveau des nations.


 

 

Rwanda | Abazindutse guhaha

Rwanda | Abazindutse guhaha iby’Umunsi w’abagore i Rwamagana bafungiranywe mu isoko

Tags: , , , , , , , , , , , , , , ,


Rwanda | Abazindutse guhaha

 

Abaturage bazindutse mu isoko rikuru rya Rwamagana kuri uyu munsi mpuzamahanga wahariwe abagore barifungiranywemo n’umukuru w’iryo soko ngo ababwira ko yasabwe n’umukuru w’abacuruzi muri Rwamagana gufunga isoko ntihagire uwongera kwinjira no gusohoka kugeza ibirori byo kwizihiza umunsi wahariwe abagore birangiye.

twavuganye na Murenzi Jean Baptiste ukuriye abacuruzi mu Karere ka Rwamagana avuga ko atatanze ayo mabwiriza akaba atanamenya aho ayo mabwiriza yaturutse.

Bwana Murenzi yagize ati “Ntabwo ndavugana n’umukuru w’isoko kandi ndatekereza ko ku munsi mukuru abafite ubushobozi bari guhaha neza bakawizihiza.

Umugore witwa N. Beatha wari mu isoko rifunze yatubwiye ko yari yazindutse ajya guhaha ibyo yari butegurire abana bagiye mu ishuri ngo abone uko ajya mu birori byo kwizihiza umunsi mukuru w’abagore.

Naho uwitwa Gasarabwe wari watwaje umucuruzi imboga acururiza mu isoko bari bananiwe kumvikana kuko umucuruzi yamusabaga ko azisubiza mu rugo kandi atamwongereye amafaranga ngo kuko atari bucuruze ngo ayabone, naho Gasarabwe akavuga ko ashaka ko amwishyura ayo kuzizana gusa akigira mu zindi gahunda ze.

Mu Rwanda, uyu munsi wizihijwe ku rwego rw’igihugu mu Karere ka Kayonza mu birori biri buyoborwe n’umufasha wa perezida wa repubulika, madamu Jeannette Kagame. Ni umunsi ufite insanganyamatsiko igira iti “Turusheho kubaka ubushobozi bw’umugore n’umukobwa mu guteza imbere umuryango.

Uyu munsi umaze imyaka 100 uhimbazwa mu bihugu binyuranye ku isi, ariko Umuryango w’Abibumbye ONU yawemeje mu mwaka w’ 1975, ukaba wizihizwa mu buryo bwemewe na leta z’ibihugu ku nshuro ya 37.


Rwamagana Residents

Rwanda | Rwamagana: Residents decry expensive firewood prices

Tags: , , , , , , , , , , , , ,


Rwamagana Residents

Residents in the Eastern district of Rwamagana town, say that it is now expensive to buy firewood than to buy food.

According to Claudine Kireri who whom we found buying firewood, it is more expensive to buy a bunch of fire wood that it is to buy a basket of potatoes.

 “A bundle of firewood that can be used in 3 days costs Rwf1, 800. But the same amount of money can buy foodstuffs that I cannot carry to my home without help,” said Kireri.

Megitirida Mukashyaka a firewood vendor says that the increase of firewood prices is due to the pressure the population is exerting on the existing forests leading to scarcity.


Inkwi z i Rwamagana

Rwanda | Inkwi z’i Rwamagana zihenda kurusha ibyo ziteka

Tags: , , , , , , , , , , , , ,


Inkwi z i Rwamagana

 

Kireri Claudine twasanze agura inkwi ahitwa Muswahilini ku isoko rya Rwamagana aravuga ko amafaranga atanga agura inkwi ari menshi kurusha ayo agura ibiribwa bimwe na bimwe nk’igitoki, ibijumba, ibigori n’ibindi binyuranye.

Uyu mukobwa yagize ati “Ubu umutwaro umwe w’inkwi tuzacana iminsi ine ndawishyura amafaranga 1,800 y’u Rwanda. Ndawikorera njyenyine ndetse mpahireho n’ibindi. Nyamara igitoki cyangwa ibigori wagura amafaranga 1,800 sinabivana ku butaka. Inkwi z’ino aha rwose zihenze kurusha ibiryo ziteka.

Megitirida ucuruza inkwi Muswahilini avuga ko inkwi zigenda zihenda buri munsi, kuko muri Rwamagana hari amashyamba make kandi abaturage bakeneye inkwi bakomeza kwiyongera.

Avuga ko azinduka mu gitondo kare kare, akarangura inkwi n’ababa bazizindukanye mu isoko, ariko ngo igiciro abona kigenda kizamuka.

Agira imitwaro y’inkwi agurisha amafaranga ari hagati ya 1,500 na 2,500 y’u Rwanda.

Gasana ucuruza isambusa atekereza ko ikiguzi cy’inkwi kiri mu bituma aho arangura isambusa bamuca amafaranga menshi. Ati “Nanjye iyo ndeba inkwi batekesha isambusa z’umunsi umwe nkabona ziba zihenze pe!

Uretse inkwi, bamwe mu batuye Rwamagana batekesha amakara bagura mafaranga 6,500 cyangwa 7,000 y’u Rwanda ku mufuka umwe.


Ngo Abakobwa n abagore

Ngo “Abakobwa n’abagore ntibajya bahanaguza inkweto zabo, ahubwo Bazisiga igikotoro!”

Tags: , , , , , , , , , , ,


Ngo Abakobwa n abagore

Gasangwa Hassan ukorera aho abagenzi bategera imodoka i Rwamagana ngo ntiyishimira ko abakobwa n’abagore batajya bamuha icyashara ngo abahanagurire inkweto nk’uko bigenda ku bagabo.

Uyu musore ukorera imirimo inyuranye muri gare ya Rwamagana avuga ko buri munsi abagabo n’abasore bari hagati ya 20 na 30 bamuha akazi ko kubahanagurira inkweto ngo bajye mu rugendo basa neza.

Gasangwa ati “Mu masaha ya mu gitondo haza abagabo benshi baba bashaka ko mbahanagurira inkweto ngo bajye mu modoka basa neza. Habamo ariko n’ababa basohotse mu modoka bava ahandi, bagasanga banduye bakaza nkabatayarisha! Abavuye mu modoka bo mba numva bavuga ko bajya mu mazu y’ubuyobozi nko ku Karere cyangwa Intara n’ahandi hafi hano mu mujyi wa Rwamagana.

Gasangwa ngo abishyuza amafaranga ari hagati ya 300 na 800 y’u Rwanda bitewe n’ubwoko bw’inkweto ndetse n’umwanya nyirayo ashaka kumara ayitegereje. Inkweto zitwa ingozi azisiga umuti uzikesha ku mafaranga 300 y’u Rwanda iyo nyirazo azitegereza iminota 10, akishyura 500 iyo ashaka ko azirangiza uwo mwanya.

Abambara izitwa souplesses bo ngo abishyuza 500 iyo bazitegereza, akaca amafaranga 800 y’u Rwanda iyo bihuta azibatunganyiriza uwo mwanya.

 

Abagore ariko ngo ntibajya bamuha icyashara kuko n’iyo inkweto zabo zanduye ngo abona bunama bakanyuzaho ibitambaro bagendana, abandi benshi bagashyiraho amavuta y’igikotoro baba bitwaje mu dukapu twabo bakabyirangiriza.


Abakoresha abakozi birengagiza

Abakoresha abakozi birengagiza ko babaragije ubuzima bwabo-Bizimana

Tags: , , , , , , , , , , , , ,


Umuyobozi w’umuryango utegamiye kuri Leta Tubafashe kwifasha ukorera mu Karere ka Rwamagana mu Ntara y’Uburasirazuba arahamagarira abakoresha abakozi mu ngo zabo guhindura uburyo bafata abo bakozi no kubaha agaciro nk’abantu babacungiye byinshi birimo n’ubuzima bwabo kuko aribwo abo bakozi nabo bazakora bifitemo icyizere n’ishema ryo kunoza akazi kurushaho.

Abakoresha abakozi birengagiza

Bizimana Maurice uyobora Tubafashe kwifasha avuga benshi mu bakoresha abakozi mu ngo zabo batajya babafata nk’abantu baragije byinshi mu ngo zabo, birimo ndetse n’ubuzima bwabo bwose.

Bwana Bizimana ati “Iyo utekereje ku myitwarire y’abakoresha bamwe na bamwe imbere y’ababakorera mu ngo ugira ubwoba. Usanga aba bakoresha basa n’abishyira mu kaga gakomeye kuko badafata abakozi nk’abantu babaragiriye ubutunzi bukomeye buruta ubundi bwose ari bwo buzima bwabo.”

Uyu muyobozi wa Tubafashe kwifasha avuga ko imyitwarire y’abakoresha igira ingaruka ku bakozi. Bwana Bizimana ati “Biratangaje nko kubona nk’umukoresha asiga uduce tubiri tw’umugati mu rugo, yataha agatoganya umukozi asigira inzu yose n’abana ngo kuki yariye twa duce tw’umugati kandi bugacya akongera akamusigira inzu, ibiyirimo ndetse n’abana be!”

Bizimana ahera kuri uru rugero rw’umugati, akavuga ko imyitwarire y’abakoresha imbere y’abakozi babakorera mu ngo ikwiye guhinduka niba abakoresha bifuza gutekana no gutunganyirizwa kurusha uko henshi bigenda.

Uyu muyobozi wa Tubafashe kwifasha yemeza ko hari amakosa n’imyitwarire mibi mu bakozi, ariko agashimangira ko nabo aria bantu bashobora kuganirizwa, bagakosorwa mu kinyabupfura n’icyubahiro ndetse bakubahwa kuko bacunga umutungo ukomeye muri buri rugo.


Top Network News

Rwanda president Paul Kagame hits campaign with Jeannette Kagame, Ivan Kagame and Ange Kagame

A Voyage Through The Life Of Our Late Inyumba Aloisea , Refugee – Leader – Minister – Legend

Jeannette Kagame : Study Finds Rwanda Is “BEST PLACE” For Women Politicians

President Paul Kagame along with Jeannette , Ange and Ivan Kagame - The first family of Rwanda

Related sites

Advertisement

jaguar cars jaguar, jeep, kia