Tag Archive | "Rwanda meeting"

Rusizi: Ababyeyi bacuruza amata muri congo bambukira kumajeto barinubira ko ibyangobwa byabo bicibwa.

Tags: , , , , , , ,


Rusizi: Ababyeyi bacuruza amata muri congo bambukira kumajeto barinubira ko ibyangobwa byabo bicibwa.Rusizi: Ababyeyi bacuruza amata muri congo bambukira kumajeto barinubira ko ibyangobwa byabo bicibwa.Hagamijwe kunoza umwuga w’ubucuruzi bw’amata ukorwa n’abanyarwanda biganjemo abagore, kuwa 06/05/2013 umuyobozi w’akarere ka Rusizi,yagiranye inama n’abakora ubwo bucuruzi aho yasabye abakora ubwo bucuruzi bwambukiranya imipaka kuva mukajagari bagakorera mu mucyo , ibi ngo byavuye kukuba amata acuruzwa muri aka karere akemangwa, aho bivugwa ko ashobora kuba yateza ingaruka mbi kuko yirirwa abunzwabunzwa imihanda yose kandi aba yaturutse mubice bitandukanye by’igihugu, hari ava mu karere ka Nyanza n’ayandi aturuka mubyaro byo mu karere ka Rusizi.

Bitewe nuko ayo mata mata amenshi  agemurirwa abakongomani yambukijwe, umuyobozi w’akarere ka Rusizi Nzeyimana Oscar yavuze ko ikigamijwe ari uguca akajagari bakoreramo, aho atangaza ko aho bayacururiza hateye impungenge z’uko yaba atujuje ubuziranenge, aha akaba yabasabye gushaka amazu yo gukoreramo kuburyo amata  aturuka muri aka karere azajya aba yujuje ubuziranenge.

Nubwo aba bacuruzi b’amata bemeye kuva mukajagari bakoreramo  mugitondo cyo kuri uyu wa 06/05/2013, abacuruzi bambutsa ayo mata i Bukavu ngo bahuye n’ikibazo kitaboroheye na gato kuko ngo nta munyarwanda wigeze yambutsa amata aho bavuga  ko mu Rwanda batambukaga neza bagera muri Congo ngo bakabagarura ndetse ngo bagaca n’ibyangombwa bahawe n’uRwanda byo kwambukiraho nk’amajeto , umuyobozi w’akarere ka Rusizi yavuze ko aribwo amenye icyo kibazo, akaba yatangaje ko bagiye kuvugana n’inzego zibishinzwe  kugirango bamenye impavu abaturage b’urwanda babuzwa kwambuka ndetse n’amajeto yabo agacibwa.

Aba bacuruzi bavuga ko ubucuruzi bw’amata bwari bubafatiye runini kuko ariwo mwuga babonaga uciriritse kandi bafitiye abakiriya , gusa ngo bababazwa n’uko abacongomani bambuka neza kandi bakoresheje amajeto  badahohoterwa, ariko bo ngo ntihatera kabiri batabujijwe uburenganzira bwabo nkuko byabagendekeye uyu munsi ubwo bagarurwaga n’ibicuruzwa byabo.

Rusizi: Ababyeyi bacuruza amata muri congo bambukira kumajeto barinubira ko ibyangobwa byabo bicibwa.

Rusizi: Ababyeyi bacuruza amata muri congo bambukira kumajeto barinubira ko ibyangobwa byabo bicibwa.

Tags: , , , , , , ,


Rusizi: Ababyeyi bacuruza amata muri congo bambukira kumajeto barinubira ko ibyangobwa byabo bicibwa.Hagamijwe kunoza umwuga w’ubucuruzi bw’amata ukorwa n’abanyarwanda biganjemo abagore, kuwa 06/05/2013 umuyobozi w’akarere ka Rusizi,yagiranye inama n’abakora ubwo bucuruzi aho yasabye abakora ubwo bucuruzi bwambukiranya imipaka kuva mukajagari bagakorera mu mucyo , ibi ngo byavuye kukuba amata acuruzwa muri aka karere akemangwa, aho bivugwa ko ashobora kuba yateza ingaruka mbi kuko yirirwa abunzwabunzwa imihanda yose kandi aba yaturutse mubice bitandukanye by’igihugu, hari ava mu karere ka Nyanza n’ayandi aturuka mubyaro byo mu karere ka Rusizi.

Bitewe nuko ayo mata mata amenshi  agemurirwa abakongomani yambukijwe, umuyobozi w’akarere ka Rusizi Nzeyimana Oscar yavuze ko ikigamijwe ari uguca akajagari bakoreramo, aho atangaza ko aho bayacururiza hateye impungenge z’uko yaba atujuje ubuziranenge, aha akaba yabasabye gushaka amazu yo gukoreramo kuburyo amata  aturuka muri aka karere azajya aba yujuje ubuziranenge.

Nubwo aba bacuruzi b’amata bemeye kuva mukajagari bakoreramo  mugitondo cyo kuri uyu wa 06/05/2013, abacuruzi bambutsa ayo mata i Bukavu ngo bahuye n’ikibazo kitaboroheye na gato kuko ngo nta munyarwanda wigeze yambutsa amata aho bavuga  ko mu Rwanda batambukaga neza bagera muri Congo ngo bakabagarura ndetse ngo bagaca n’ibyangombwa bahawe n’uRwanda byo kwambukiraho nk’amajeto , umuyobozi w’akarere ka Rusizi yavuze ko aribwo amenye icyo kibazo, akaba yatangaje ko bagiye kuvugana n’inzego zibishinzwe  kugirango bamenye impavu abaturage b’urwanda babuzwa kwambuka ndetse n’amajeto yabo agacibwa.

Aba bacuruzi bavuga ko ubucuruzi bw’amata bwari bubafatiye runini kuko ariwo mwuga babonaga uciriritse kandi bafitiye abakiriya , gusa ngo bababazwa n’uko abacongomani bambuka neza kandi bakoresheje amajeto  badahohoterwa, ariko bo ngo ntihatera kabiri batabujijwe uburenganzira bwabo nkuko byabagendekeye uyu munsi ubwo bagarurwaga n’ibicuruzwa byabo.

m_01

GISAGARA: ABAPIMYI B’URWAGWA BARASABWA KUREKA UBUCURUZI BW’AKAJAGARI

Tags: , , , , , , ,


Gucururiza inzoga mu kajagari ni kimwe mu byongera ikorwa ry’inzoga z’inkorano. Ibi ni ibyibukijwe abapimyi b’inzoga bakorera mu karere ka Gisagara, bakangurirwa n’umuyobozi w’akarere bwana Leandre Karekezi gukorera mu makoperative.

GISAGARA: ABAPIMYI B’URWAGWA BARASABWA KUREKA UBUCURUZI BW’AKAJAGARIUmuyobozi w’akarere ka Gisagara bwana Leandre Karekezi mu nama yagiranye n’abapimyi b’urwagwa bo muri aka karere yabasabye ko bagerageza gukorera mu makoperative, kandi bakagira ibikoresho byabugenewe kandi byiza kuko hari abo usanga batanga inzoga mu macupa babonye, aya heinken, ayavuyemo amazi…, bigatuma nta cyizere bagirirwa n’ababagana ndetsebikanatuma bamwe bakora ibiyobyabwenge baboneraho kuko ntakibatandukanya n’abakora inzima.

Abantu benshi, cyane cyane abaturuka mu mijyi nta cyizere bakigirira inzoga y’ibitoki izwi ku izina ry’Urwagwa, kuko hadutse benshi bayigana bagashyiramo imvange z’ibintu byishi kugirango itubuke, bimwe muri byo bikaba byangiza ubuzima bw’abantu ariyo mpamvu zitwa ibiyobyabwenge. Nk’uko Pascal Rurangwa umuturage wo mu karere ka Huye ukunze gukora ibiraka by’ubwubatsi mu karere ka Gisagara abivuga, ngo yirinda kunywa inzoga aho abonye cyane muri aka karere kuko hakunze gukorerwa ibiyobyabwenge.

Bimenyimana Ernest umwe mu ba pimyi avuga ko koko ibyo babwiwe ari byo, ko hari abakora ibiyobyabwenge bagashuka abantu ko nabo inzoga zabo ari nzima, umuntu utabizi akaba atabasha kubitandukanya rimwe na rimwe bitewe n’uko koko abakora inzima nta mwihariko bafite.

Ati “Birakwiye ko duhindura imikorere, tukavugurura ibyo dukoresha kandi tugakoresha isuku nyinshi kugirango ntitwangize ubuzima bw’abantu kandi nanone kugirango turusheho kugirirwa icyizere no guca ibiyobyabwenge”

Ubuyobozi bw’aka karere bwaboneyeho busaba aba bapimyi kwitabira guhinga urutoki ku butaka buhuje kugira ngo babone ibitoki byo kwengamo inzoga y’umwimerere.  Bwana Leandre Karekezi umuyobozi w’akarere yabagiriye inama yo kwegeranya ubushobozi bafite bagashinga urwengero rumwe ku rwego rw’akarere ku buryo nako ngo kashyiramo amafaranga y’umugabane maze hagapimwa inzoga imwe mu karere kose.

Ikindi aba bapimyi bahamagariwe ni ugucunga umutekano w’aho bakorera, bagatanga amakuru y’abantu babona bateza umutekano muke, kuko ngo hashize iminsi mu mirenge yegereye igihu cy’u Burundi hagaragara ikibazo cy’ubusambo bukoresheje imbunda kandi ababikora bikavugwa ko ari  abarundi.


Some of the local brew being destroyed

Nyanza: Security Council to close up bars for unfulfilled requirements

Tags: , , , , ,


Bars that do not fulfill all the requirements to operate a bar were given a deadline to close because of insecurities they cause. This was decided upon by the security committee in Nyanza district which convened on Monday the 25th.Feb.2013.

This decision was reached after the security committee moved around in the 10 sectors of the district and found out that many crimes are caused by drugs which are sold in these bars especially illegal local brew like ‘Muriture’, ‘Beyurawihe’ and others.

Some of the local brew being destroyed

Some of the local brew being destroyed

The security committee demanded that the management of sectors such bars operate in to put much strength in closing bars that do not have all the requirements as well as those that create insecurities.

The deadline to the closure of such bars was set not later than 20th.March.2013 and teams were elected to follow up this resolution and make sure it is done thoroughly. The list of violent people who do not heed warnings and conflicting families will also be done not later than the 15th.March.2013 and given over to Nyanza district.

Nyanza district is embarking on ensuring security in all aspects like removing the youth that sell milk and fight for customers on the Kigali- Huye junction commonly known as Hadji’s by finding them other work to do other than selling milk and other goods.

Concerning the crimes committed in February 2013, the security committee disclosed them to be 13 crimes and accidents were 4 therefore creating more panic and insecurity among the people.

The accidents that occur to students who go to schools near the road was discussed and it was agreed upon that all schools neighbouring the main road employ the traffic personnel to aid students to and from school cross the road.

“The security in the district is still intact. Crimes are reducing on monthly basis, there is a good change” says Abdallah Murenzi the mayor of the district.

Nyanza district is one of the 8 districts in the Southern Province of Rwanda that are set to prevent crimes instead of dealing with them when they have already occurred and even destroyed people’s lives.

 

 

Nyanza: Utubari tutujuje ibisabwa twahawe igihe ntarengwa cyo gufungirwa imiryango

Nyanza: Utubari tutujuje ibisabwa twahawe igihe ntarengwa cyo gufungirwa imiryango

Tags: , , , , ,


Komite y’umutekano yaguye mu karere ka Nyanza yateranye tariki 25/02/2013 mu cyumba cy’inama cy’ako karere yahaye utubari tutujuje ibisabwa igihe ntarengwa cyo kuba twafungiwe imiryango  kubera impamvu z’umutekano muke ukomeje kutugaragaramo.

Iki cyemezo cyafashwe nyuma y’uko inama y’umutekano yari imaze guterera akajisho hirya no hino mu mirenge 10  igize akarere

Nyanza: Utubari tutujuje ibisabwa twahawe igihe ntarengwa cyo gufungirwa imiryango

Inzoga z’inkorano iyo zifatiwe mu tubari ziramenwa ku mugaragaro

ka Nyanza igasanga hari ibyaha bimwe na bimwe  biba byatewe n’utwo tubari tugaragaramo n’ubucuruza bw’inzoga zitujuje ubuziranenge nka Muriture, Beyurawihe n’izindi.

 Abari muri iyi nama basabye ubuyobozi bw’imirenge utwo tubari tubarizwamo  gushyira imbaraga zihariye mu kuduhagarika ndetse n’udusanzwe tuzwiho guteza umutekano muke iki cyemezo kigasiga kidufungiye imiryango mu buryo bwa burundu.

Ibyo bizakorwa bitarenze itariki 20 Werurwe 2013 kandi amatsinda ashinzwe gukurikirana imirenge agenzure ko icyo gikorwa cyubahirijwe.

Abantu bananiranye ndetse n’ingo zibanye nabi umuriro urara wakamo nabo bitarenze tariki 15/03/2013 bazaba bakorewe urutonde rushyikirizwe ubuyobozi bw’akarere ka Nyanza.

Ahitwa kwa Hadji ku muhanda Kigali- Huye naho hashyizwe mu majwi n’inama y’umutekano  kuba ari ahantu hateza umutekano muke biturutse ku bucuruzi bw’amata yaho urubyiruko rurwanira abakiriya maze ibintu bigafata isura mbi.

Abasanzwe bakora ako kazi biganjemo urubyiruko hemejwe ko bashakirwa ikindi bakora  kitari ugucuruza amata ku mihanda bikavamo  guhungabanya umutekano w’abantu kuruta kuba igikorwa cyo kwihangira imirimo.

Ku birebana n’ibyaha byakozwe muri uku kwezi kwa Gashyantare mu mwaka wa 2013 ibigera kuri 13 nibyo byawuhungabanyije ariko impanuka nizo zabaye nyinshi kuko zagaragaye inshuro 4 mu kwezi.

Ibyo byatumye ikibazo cy’impanuka zituruka ku banyeshuri biga ku bigo byegereye umuhanda wa kaburimbo nacyo kivugwaho byinshi maze hafatwa umwanzuro ko ibigo byose bituriye umuhanda bigomba gushyiraho abakozi bashinzwe kwambutsa abana mu gihe baza ku ishuri cyangwa igihe bataha bakeneye uwo kubambutsa.

Mu kiganiro twagiranye n’ Umuyobozi w’akarere ka Nyanza, Murenzi Abdallah ku birebana n’uko umutekano uhagaze muri ako karere yabyishimiye avuga ko nta kintu kidasanzwe kigeze kibaho ngo gice igikuba mu bantu.

Yagize ati: “ ibyaha aho kwiyongera biragenda bigabanuka mu karere kacu kuko ukurikije uko amezi yagiye akurikirana kuva mu mpera z’umwaka wa 2012 ushize kugeza muri Gashyantare mu  mwaka wa 2013 hari impinduka nziza byatanze”. Ku bwe yashimiye ubufatanye bukomeje kuranga inzego z’umutekano n’abaturage mu guhashya no kurwanya ibyaha bitandukanye.

Akarere ka Nyanza ni kamwe mu turere 8 tw’intara y’Amajyepfo twiyemeje gukumira ibyaha by’uburyo butandukanye kuruta guhangana nabyo byagaragaye ndetse byanahitanye ubuzima bw’abantu.

Nyamagabe: Ibyahungabanyije umutekano mu kwezi kwa kabiri byariyongereye ugereranije n’ukwa mbere.

Nyamagabe: Ibyahungabanyije umutekano mu kwezi kwa kabiri byariyongereye ugereranije n’ukwa mbere.

Tags: , , , , , ,


Nyamagabe: Ibyahungabanyije umutekano mu kwezi kwa kabiri byariyongereye ugereranije n’ukwa mbere.Nk’uko byagaragajwe mu nama y’umutekano y’akarere ka Nyamagabe yaguye yateranye kuri uyu wa kabiri tariki ya 26/02/2013, ibikorwa byahungabanyije umutekano mu kwezi kwa kabiri dusoza byariyongereye ugereranije n’ibyagaragaye mu kwezi kwa mbere.

Mu gihe mu kwezi gushize kwa Mutarama ibikorwa byahungabanyije umutekano byari 16, imibare y’ibikorwa byahungabanyije umutekano muri uku kwezi kwa Gashyantare yerekana ko bigera kuri 25 byiganjemo gukubita no gukomeretsa byagaragaye inshuro zirindwi, ubujura bwakozwe inshuro esheshatu, gukoresha no gukwirakwiza ibiyobyabwenge byakozwe inshuro enye, impanuka zagaragaye inshuro eshatu, ubwicanyi bwakozwe inshuro ebyiri, naho kunyereza umutungo wa Leta, gusambanya umwana n’amafaranga y’amahimbano bigaragara inshuro imwe imwe.

Umuyobozi w’akarere ka Nyamagabe wungirije ushinzwe imari, ubukungu n’iterambere, Mukarwego Umuhoza Immaculée atangaza ko nta gikuba cyacitse mu karere kabo kuko ibi bikorwa bihungabanya umutekano byiganjemo urugomo rushingiye ku businzi, bakaba bafashe ingamba zo guhangana nabwo.

Mukarwego yagize ati: “twarebye dusanga icyabiteye ahenshi ni urugomo ruba rushingiye ku bantu baba basinze, tukaba twafashe ingamba zo kongera gukangurira abaturage ko n’ubusinzi nabwo ubwabyo ari icyaha. Amategeko bakayamenya ariko n’amasaha yo kunywa bakayagabanya kuko uko batinda mu kabari niko basinda ninako barwana”.

Akomeza atangaza ko gukurikiza amabwiriza agenga utubari byongera bigashyirwamo ingufu, akamanikwa ahantu hose hacururizwa inzoga ariko bikagendana no guhana abazaba babirenzeho.

“Twabyumvikanyeho ko bongera kumanika ahantu hose hacururuzwa inzoga amasaha yo kunywa akongera akibutwa abaturage ariko nanone bikagendana no kubahana kuko hari igihe babifata nk’ibisanzwe kutayubahiriza”, Mukarwego.

Inzoga z’inkorano nazo ngo zigiye kurushaho guhagurukirwa zimenwe iziri ngombwa zitwikwe, ariko n’abaturage bakangurirwa kutazinywa.

Ikindi ngo ni uko amarondo akomeza gushyirwamo ingufu kuko bigaragara ko ibihungabanya umutekano byinshi bikorwa mu masaha ya nijoro.

Umurenge wa Gasaka ubarizwamo umugi wa Nyamagabe niwo ukomeje kuza ku isonga mu bihungabanya umutekano byinshi mu kwezi, ukaba waragaragayemo gukubita no gukomeretsa inshuro eshatu, ibiyobyabwenge bihagaragara inshuro imwe, ubujura buhaboneka inshuro ebyiri, impanuka imwe ndetse hanagaragara amafaranga y’amahimbano inshuro imwe.

Nyamagabe district to get children off streets

Nyamagabe district to get children off streets

Tags: , , , , , , , ,


 With the increase of children in streets of Nyamagabe district especially in Nyamagabe town that is in Gasaka sector, the district administration and concerned organizations are set to end this issue and take children back to their homes and families.

A meeting bringing together the district administrators, church leaders, Kigeme Refugee camp and NGOs that care for children convened on Tuesday the 12th.Feb.2013 to discuss every one’s role in keeping children away from streets.

Nyamagabe district to get children off streets

Making the list of children on the streets and the reasons to why they abandoned their homes are the immediate factors to be determined to be able to take the street children back to their families explains Emile Byiringiro the vice mayor for social affairs in Nyamagabe district.

“We will sensitize all people and especially parents of street children immediately after identifying them and reasons why they ran away and then find solutions to each and everyone’s problems” says Byiringiro.

This meeting also decided on sensitizing people to stop giving alms to the street children and also to stop giving them work to do like making them carry things to be paid which makes them feel that staying on the streets is better than being at home because they have money. The sensitization begins on Wednesday the 13th.Feb in Nyamagabe market.

A team to learn thoroughly on how to get the street children out of streets, to be taken back to schools and to make them live according to their rights was elected in this meeting.

“For this issue to be resolved, it necessitates the participation of every individual and organization to play their role especially teachers, parents, families, NGOs, local authorities” explained Emile Byiringiro.

According to Lambert Hategekimana a worker for National Children Council who was in attendance of this meeting, all concerned individuals, councils and organizations should do the necessary to give security and stability to children to make them stay where they are supposed to be instead of running to streets.

Hategekimana said that children who start begging on streets may become thieves when they grow up with the habit to get money they did not work for. It is good to get them off the streets when they are still young for them to have a better life in future.

 

  

Nyamagabe: 19th genocide memorial preparations in progress

Nyamagabe: 19th genocide memorial preparations in progress

Tags: , , , , ,


The poor and vulnerable genocide survivors of 1994 will be supported for development during the 19th National memorial, according to the Nyamagabe district genocide memorial committee in their first meeting preparing the memorial on Tuesday the 5th.Feb.2013. 

Nyamagabe: 19th genocide memorial preparations in progress

“We have always contributed financially and other things to support the 1994 genocide survivors in need but now are going to do it to develop them permanently” says Emile Byiringiro the vice mayor of social affairs in the district and in charge of genocide memorial.

Byiringiro says they are preparing not giving financial support to the vulnerable genocide survivors but to find them projects to do or give cows to get them out of poverty for long lasting development.

During the 18th memorial period, every sector had a goal to give out at least 2 cows to genocide survivors in need and this will also be applied again and above that profitable projects that can be of use to the genocide survivors.

“Since Girinka program is uplifting our people from poverty, we thought it could be a good idea to try it again as well as think of other projects like trading or farming that can be profitable to the genocide survivors” said Byiringiro.

This committee has started preparing people to participate in the 19th National Memorial and health workers are to start training so as to be able to support the traumatized people during the memorial in April 2013.

The Musange genocide Memorial site in Nyamagabe district which got ruined where water enters inside the building will be reconstructed so that the bodies put to rest there be kept safe and for a long period of time they are meant to be.

Everyone’s participation is needed for the success of the 19th National memorial.

 

 

 

 

Abacitse ku icumu bazafashwa mu buryo

Nyamagabe: Abacitse ku icumu bazafashwa mu buryo burambye mu gihe cyo kwibuka ku nshuro ya 19.

Tags: , , , ,


Abacitse ku icumu bazafashwa mu buryo

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 05/02/2013, komite y’akarere ka Nyamagabe ishinzwe gutegura igikorwa cyo kwibuka jenoside yakorewe abatutsi muri mata 1994 yateranye ku nshuro ya mbere mu rwego rwo gutangira gutegura iki gikorwa ngo kizagende neza.

Muri iyi nama hafashwe umwanzuro ko mu gihe abanyarwanda bazaba bibuka ku nshuro ya 19, abacitse ku icumu batishoboye bazafashwa mu buryo burambye hagamijwe iterambere ryabo aho guhabwa inkunga ihita ishira ako kanya.

Umuyobozi w’akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage ari nawe ufite kwibuka mu nshingano ze, Byiringiro Emile yagize ati: “Dusanzwe dukusanya amafaranga cyangwa n’izindi nkunga n’ubundi bufasha byo gufasha abacitse ku icumu mu kubafata mu mugongo. Aha ngaha twasanze amafaranga cyangwa ubundi bufasha bigomba gufasha mu buryo burambye.”

Byiringiro avuga ko basanze atari ngombwa ko baha abacitse ku icumu amafaranga ahubwo harebwa niba nta mushinga bakora cyangwa se bagahabwa inka bityo bikaba byabafasha kuva mu bukene mu buryo burambye.

Ubu buryo bwo gutanga inka bwari bwakoreshejwe umwaka ushize ubwo hibukwaga jenoside yakorewe abatutsi ku nshuro ya 18 aho byibuze buri murenge wagombaga gutanga inka ebyiri ku bacitse ku icumu. Muri uyu mwaka ngo bukaba buzongera bugakorehswa ndetse hakaba hanarebwa ni ba ntayindi mishinga iciriritse ibyara inyungu abacitse ku icumu batishoboye bafashwa gukora.

“Umwaka ushize twaharaniye ko buri murenge wabona inka ebyiri zo koroza abacitse ku icumu batishoboye aha tukabona ari igikorwa twakomeza kuko urebye imibereho y’abaturage bacu usanga gahunda ya girinka tugomba kuyiha imbaraga ngo abaturage bacu batere imbere. Ariko nanone dushobora no gutekereza n’indi mishinga iciriritse ibyara inyungu yaba ubucuruzi cyangwa ubuhinzi,…”, Byiringiro.

Abaturage ngo bagiye gutangira gutegurwa kugira ngo bazitabire kwibuka ku nshuro ya 19 ndetse n’abajyanama ku ihungabana bagatangira amahugurwa kugira ngo bazabashe gutanga ubufasha mu gihe hagaragara guhungabana kuri bamwe.

Ku birebana no gufata neza inzibutso ziri mu karere ka Nyamagabe, urwibutso rwa Musange rwangiritse ku buryo amazi ashobora kwinjiramo bityo akangiza imibiri narwo ngo rugiye gusanwa kugira ngo imibiri iruhukiyemo ikomeze ibungwabungwe.

Kugira ngo kwibuka ku nshuro ya 19 bizabashe gukorwa neza buri muntu wese arasabwa kubigiramo uruhare rufatika.

m_leaders to involve

Rwanda | Kamonyi: leaders to involve residents in action plans

Tags: , , , , , , ,


 m_leaders to involveThe Rwandan Collective of Leagues and Associations for the Defense of Human Rights (CLADHO) has trained the advisory of civil society on the implementation of economic budget for them to bridge the gap between local people and their leaders.

“The action plan based on the wishes and needs of local people brings about long lasting development in the country.” This was said by Alexis Nkurunziza a worker of CLADHO in the department of communications on economic budget during the training for the advisors of 12 sectors in Kamonyi district and people’s representatives.

In the 2days training that ended on the 16th.Jan.2012, Nkurunziza said that in presentations that CLADHO had with local people showed that a large number of people do not know that they should participate in the implementation of action plans and to follow on the actions that were achieved.

Lack of involvement in the make and implementation of action plans have already led to waste of a lot of governments money into projects that people don’t participate in. examples of such projects that were not participated in included the parking lot of Kicukiro built in Nyanza of which people do not use and Kirengeri market in Ruhango district which is not used as prior planned.

Nkurunziza reminded the sectors’’ advisors and all people’s representatives to bridge local people and their leaders and this will be done through the constant dialogues with local people to know what they need more urgently than others who will in turn inform the leaders of the priorities set to be put in action plan that will be funded by the economic budget.

The advisors of different sectors who attended this training sais that people who represent local people know very well that action plan of the district is based on people’s needs but limited by low financial capabilities of the district to fulfill all the needs, this is the reason action plans are prepared by technicians after which local people confirm it or deny it.

A pastor of ADEPR church who presented the civil society said that the reason to why local people don’t fully participate in the making and implementation of action plans is because their leaders do not encourage them to participate and reminded leaders to always remember that local people should be the center of the actions done for them.

Top Network News

Rwanda president Paul Kagame hits campaign with Jeannette Kagame, Ivan Kagame and Ange Kagame

A Voyage Through The Life Of Our Late Inyumba Aloisea , Refugee – Leader – Minister – Legend

Jeannette Kagame : Study Finds Rwanda Is “BEST PLACE” For Women Politicians

President Paul Kagame along with Jeannette , Ange and Ivan Kagame - The first family of Rwanda

Related sites

Advertisement

jaguar cars jaguar, jeep, kia