Tag Archive | "Rwanda Nyanza"

m_01

Nyanza: Nyuma y’imyaka 19 adafite aho kuba yubakiwe inzu

Tags: , , , , , , , ,


Umukecuru witwa Musasanzobe Suzana w’imyaka 61 y’amavuko wari utuye  mu mudugudu wa Bweramana mu kagali ka Masangano mu murenge wa Busoro mu karere ka Nyanza amaze imyaka 19 adafite aho kuba kubera ingaruka jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 mu Rwanda  yamugizeho  agasenyerwa,  tariki 08/05/2013 yubakiwe inzu n’urubyiruko mu rwego rwo kumufasha kwigira.

Iyo nzu yubatswe muri gahunda yo gutangiza ukwezi kw’ibikorwa byahariwe urubyiruko yabereye ku rwego rw’akarere ka Nyanza mu murenge wa Busoro aho uwo mukecuru warokotse jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 yabarizwaga.

Urubyiruko rw’abasore n’inkumi rugera ku 130  nirwo rwitabiriye icyo gikorwa rukata urwondo rwo guhomesha iyo nzu ndetse birangira runayisakaje amabati kugira ngo yihutishwe imirimo yayo dore ko uwo mukecuru yabagaho mu buzima bumukomereye agenda acumbika mu myaka 19 yose ishize jenoside yakorewe abatutsi imaze ibayeho mu Rwanda.

 

Nyanza: Nyuma y’imyaka 19 adafite aho kuba yubakiwe inzu


Inzu y’uwo mukecuru bayisize isakaye

 

Musasanzobe Suzana w’imyaka 61 y’amavuko wubakiwe iyo nzu yatangaje ko icyo gikorwa cyamukorewe kidasanzwe ngo kuko kubura aho kuba byari bimwe mu bimukomereye mu mibereho ye ya buri munsi.

Yagize ati: “Ndashimira urubyiruko rwahisemo kuza kumfasha kubona icumbi nkaba ngiye kwicara mu nzu yanjye bwite ndyamamo simvirwe n’imvura ndetse n’izuba riva nkaryugamamo”

Nyanza: Nyuma y’imyaka 19 adafite aho kuba yubakiwe inzu


Nyuma y’uwo muganda urubyiruko rwahimbawe rurabyina

Avuga ko iyo nzu yubakiwe ariyo izaba amasaziro ye ibyo akaba aribyo aheraho asobanura ko ingufu z’urubyiruko zikoreshejwe neza zakemura ibibazo byinshi biri mu gihugu.

Imvugo y’uyu mukecuru kandi yagarutsweho n’abafashe amagambo bose bemeza ko kwishakira ibisubizo nk’abanyarwanda bizatuma igihugu gitera imbere mu buryo bwihuse kurusha gutega amaboko abitwa ko ari abagiraneza baguha none ejo bakakwima.

Mbarubukeye Vedaste umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Busoro yashimangiye ko mu kwezi k’umwe iyo nzu izaba ituwemo n’uwo mukecuru kandi ifite ibyangombwa byayo kugira ngo ikibazo cy’icumbi amaranye imyaka 19 gikemuke.

Urubyiruko rwakoze icyo gikorwa cyo kumwubakira iyo nzu kimwe n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze zo muri ako gace bahuriza  ku mvuyo y’uko bazakomeza kumuba hafi agafashwa kwigira no gumuhumurizwa ahabwa  icyizere cyiza cy’ejo hazaza.

 

 

Abaturage barashishikarizwa 2

April community work to focus on renovating genocide survivors’ houses

Tags: , , , , , , , , ,


The end of the month of April community work which will be on Saturday the 27th.April.2013 in the whole country will be precisely on projects to renovate the houses for vulnerable 1994 genocide against the Tutsis survivors announced the ministry of Local Governments.

Abaturage barashishikarizwa 2

Most houses for genocide survivors need renovations

Dr. Alvera Mukabaramba the state minister for public development and social affairs in the message she passed out to the 30 districts in the country stated that the community work for Saturday the 27th will specifically done in villages through renovating houses for the vulnerable genocide survivors.

The announcement also specified the categories of people whose houses will be renovated including vulnerable widows of genocide, old man and women who have no family members due to the 1994 genocide, needy orphans of genocide, poor and sickly genocide survivors and any genocide survivor who is worth the support.

Local leaders are to make lists of the people whose houses will be renovated and their houses and to solicit the help of engineers and people who are aware of construction in the villages and cells.

Concerning the tools they will use like soil, sand, stones and water they will be provided by the neighbouring families of the homes that will be reconstructed and in places where this will not be possible, these will be got from the FARG and MINALOC budgets in the districts.

For the houses beyond simple repair that will take more money to renovate them, Dr. Alvera Mukabaramba states that they should be left aside for they will be included in the 2013/2014 budget. In villages with no genocide survivors with houses to be renovated, they will have to renovate houses for other vulnerable people in the village.

Every district will have to select the site that need more enforcement than others and that is where the community work on the district level will be done. Actions to renovate the accommodation for the 1994 genocide survivors will be done once a week till the end of July 2013.

According to the research carried out by MINALOC in 2010, there are about 13000 houses for genocide survivors all over the country that need to be renovated.

 

Ibyoabafiteubumugabateganyagagukorabyagezweho 98%

Nyanza: Ibyoabafiteubumugabateganyagagukorabyagezweho 98%

Tags: , , , , ,


Nyanza:  Ibyoabafiteubumugabateganyagagukorabyagezweho 98%

Nyanza: Ibyoabafiteubumugabateganyagagukorabyagezweho 98%

Mu namayahujeinzegozihagarariyeabafiteubumuga mu mirengeyoseigizeakarereka Nyanza yabayetariki 1/04/2013 mu cyumbacy’inamacy’akokarerebatangajekoibyobateganyagagukorabyagezwehokugipimocya 98% mu mwakawa 2012-2013.

TumusiimeSharoonumuhuzabikorwaw’inama y’igihuguy’abafiteubumuga mu karere ka Nyanzaavuga ko mumwakawa 2012-2013 bateganyagagahundazirimogushishikarizaabafiteubumugakwibumbira mu makoperative no gukoreraubuvugiziabanabafiteubumugabaribaratayeishulikugirangobarisubiremo.

Mu byobateganyagakandiharimokwigishaururirimirw’amarengaabantubafiteahobahuriyenaservisizitandukanyekurwegorw’akarereka Nyanza. Ibibikababyari mu nyunguz’abafiteubumugabwokutumva no kutavugamurirusange.

Ibyobikorwabyosebyagezwehousibyeibikorwabibiribisigayegukorwakugirangoibipimobiyemejebigerweho 100% nk’uko Sharon Tumusiimeyakomejeabivuga.

Yasobanuyekoibikorwabyasigayebirimoubukangurambagakukurwanya SIDA ndetsen’inamarusangey’abantubafiteubumugabizakorwa mu kwezikwa Mata 2013. Yagizeati: “ Ntabwotwavugakobyananiranyekukoturacyafiteigihecyokubatwabishyira mu bikorwa.

KambayireAppolineumuyoboziwungirijeushinzweimiberehomyiza mu karereka Nyanza warimuriiyonamayishimiyeintambweabafiteubumugabamazegutera mu karereka Nyanza.

Yavuzekogahundayokwitakubafiteubumugaikirinshyamurigahundaz’utureretunyuranyearikongoibibazobyabobyarahagurukiwe.

Ashingiyekungerozimwenazimweyatangajekoubuabafiteubumugabwo mu mutwebatakinyanyagiyekumihandaahubwobahitabitabwahobagahabwaubuvuzibubagenewe.

Ku bijyanyen’inyubakoyasobanuyekoubumberey’ukoinzuyubakwaharebwanezanibaabafiteubumugabahaweuburyobwokuyigeramokuburyobuboroheye.

Iyo gahundan’ibigoby’amashulintibyayirengagijekukohariibigobimwenabimwebyo mu karereka Nyanza byashyizehouburyobwokoroherezaabafiteubumuga  munyubakozabyonk’ukoumuyoboziwungirijeushinzweimiberehomyizamuriakokarereyabisobanuye.

Abafiteubumuga mu karereka Nyanza banababoneye no gusezerahoumukorerabushakeukomoka mu gihugucy’uBuhindebafatanyije  mu mwakawa 2012 ushize mu bikorwabyokubakangurirauburenganzirabwabondetse no kubongereraubushobozi mu bijyanye no gutegura no gucungaimishingayaboibyarainyungu

 

 

m_01

Nyanza: Youth on Urugerero program to keep up work after holidays

Tags: , , , , ,


In the celebrations to put to a halt the operations of the youth on Urugerero program due to the commemoration period for the 1994 genocide against the Tutsis in Nyanza district on Thursday the 28th.March.2013, the youth vowed to take up where they had stopped and to achieve what they had promised and much more.

According to Emile Nkurikiyumikiza who represented the youth on Urugerero program in Kibilizi sector says the work him and youth do is done willingly and voluntarily well knowing they are participating in building their country while solving their own people’s problems.

Nyanza: Youth on Urugerero program to keep up work after holidays

Some of activities that youth do for the society

 The youth on Urugerero program presented their achievements in this program including fighting soil erosion through planting trees and making trenches for water in the sector. Making vegetable gardens for the people, teaching people about nutrition, constructing accommodation for the homeless were among those achievements.

The youth on Urugerero program intend to start off where they halted from on the 21st.April.2013 when the 3rd phase of the program will start by sensitizing couples who are cohabiting to legally get married.

The executive secretary of Kibilizi sector Theophile Kayigambire asked the youth on Urugerero program to be exemplary to the rest of the people in government programs especially the upcoming genocide commemoration period.

“We are soon going to be commemorating the 1994 genocide against Tutsis and we need you to be exemplary and catalysts to development in your villages and cells by participating in the presentations and dialogues that will be given” says Kayigambire.

The 3rd phase of the Urugerero program which is yet to start will end on 28th.June.2013 as Florence Kubwimana the coordinator of the National Itorero in Nyanza district as well as Aline Niwemukobwa who works for the Itorero explained.

m_01

Nyanza: LWH project to develop local farmers

Tags: , , , , , , , , ,


Residents of Rwabicuma sector in Nyanza district in Southern Province should make use of the projects done by and the money they make from Land Husbandry, Water Harvesting, and Hillside Irrigation (LWH) project and attain development even after its closure.

Nyanza: LWH project to develop local farmers

Farming is part of common activities in Rwabicuma sector

This was said by Francis Nkurunziza the vice mayor for finance of Nyanza district on Thursday the 28th.Feb.2013 during the function to officially begin season 2013B of farming.  He reminded farmers that they should use well the money they get paid for making terraces in this sector and develop themselves.

“If you use your money for alcohol and for pleasure, you will always be poor instead use that money for profitable ventures and projects” said the vice mayor. LWH employs residents of this sector to make modern terraces for their own use among other many projects.

Apart from using profitably the money they are paid for making modern terraces in Rwabicuma sector, the vice mayor asked local residents to conserve the land where these terraces are made by using them well in their crop husbandry as well as growing reeds to feed their cattle.

“Making use of the modern terraces made for you and the manure you were given is what you should start with to get to development” says Francis Nkurunziza.

There is also an electricity dam that is being constructed by Chinese in this same sector that will be completed worth Rwf8billions of which Rwf1.5 billion will be used to pay workers. These developmental projects are to be used to develop people as Nkurunziza pointed out.

According to Vincent Nsabuwera who is in charge of crop husbandry in LWH project, [people should never misuse what they have but should develop and value them.

The season 2013B of farming in Nyanza sector was started by cultivating the 3 hectares where beans will be planted. It was attended by more than 400 people as Philbert Nkurunziza the coordinator of LWH in Southern Province of Rwanda explained.

 

 

Some of the local brew being destroyed

Nyanza: Security Council to close up bars for unfulfilled requirements

Tags: , , , , ,


Bars that do not fulfill all the requirements to operate a bar were given a deadline to close because of insecurities they cause. This was decided upon by the security committee in Nyanza district which convened on Monday the 25th.Feb.2013.

This decision was reached after the security committee moved around in the 10 sectors of the district and found out that many crimes are caused by drugs which are sold in these bars especially illegal local brew like ‘Muriture’, ‘Beyurawihe’ and others.

Some of the local brew being destroyed

Some of the local brew being destroyed

The security committee demanded that the management of sectors such bars operate in to put much strength in closing bars that do not have all the requirements as well as those that create insecurities.

The deadline to the closure of such bars was set not later than 20th.March.2013 and teams were elected to follow up this resolution and make sure it is done thoroughly. The list of violent people who do not heed warnings and conflicting families will also be done not later than the 15th.March.2013 and given over to Nyanza district.

Nyanza district is embarking on ensuring security in all aspects like removing the youth that sell milk and fight for customers on the Kigali- Huye junction commonly known as Hadji’s by finding them other work to do other than selling milk and other goods.

Concerning the crimes committed in February 2013, the security committee disclosed them to be 13 crimes and accidents were 4 therefore creating more panic and insecurity among the people.

The accidents that occur to students who go to schools near the road was discussed and it was agreed upon that all schools neighbouring the main road employ the traffic personnel to aid students to and from school cross the road.

“The security in the district is still intact. Crimes are reducing on monthly basis, there is a good change” says Abdallah Murenzi the mayor of the district.

Nyanza district is one of the 8 districts in the Southern Province of Rwanda that are set to prevent crimes instead of dealing with them when they have already occurred and even destroyed people’s lives.

 

 

People with disabilities in training

Nyanza District supports people with Disabilities

Tags: , , , , , , , ,


The administration of Nyanza District have initiated a program of making people with disabilities become independent and be able to support themselves without relying on the alms given to them through begging  as what has been the matter.

People with disabilities in training

People with disabilities in training

This program will bring together people with disabilities by forming cooperatives and advocate for them as Emmanuel Karabayinga the official in charge of issues of people with disabilities in Nyanza district explained.

“In Nyanza district, we have already formed 12 cooperatives for people with disabilities, some of them have been advocated for and they already got funds to help them support themselves” says Emmanuel Karabayinga.

‘COCUNYA’, ‘Abakundana Rwabicuma’ and ‘Abadahemukirana ba Mukingo’ cooperatives among the 12 cooperatives for people with disabilities have already been sponsored. Since the beginning of 2013, these 3 cooperatives have been given Rwf6.1million as a supporting fund.

Apart from finding these cooperatives financial support to be able to support them, people with disabilities are trained to increase their capabilities especially in management of cooperatives and in other different skills depending on each individual’s capacities.

 

Abakozi ba ILPD hamwe n’abaturage bari hamwe mu gikorwa cy’umuganda

Nyanza: Abakozi ba ILPD bifatanyije n’abaturage bubaka ibiro by’umudugudu

Tags: , , , , , , ,


Abakozi b’ishuli rikuru ryo kwigisha no guteza imbere amategeko ( ILPD) riherereye mu karere ka Nyanza bifatanyije n’abaturage b’umudugudu wa Gatare mu kagali ka Nyanza  ko mu murenge wa Busasamana muri ako karere mu gikorwa cyo kubaka inyubako y’ibiro by’umudugudu.

Icyo gikorwa cyabaye tariki 27/02/2013 ubwo bakozi ba ILPD bifatanyaga n’abaturage baturiye hafi yacyo bakabafasha kubaka ibiro by’umudugudu wabo.

Abakozi ba ILPD hamwe n’abaturage bari hamwe mu gikorwa cy’umuganda

Abakozi ba ILPD hamwe n’abaturage bari hamwe mu gikorwa cy’umuganda

Uko bari 28 muri icyo gikorwa bamwe muri bo bakase urwondo abandi babumba amatafari azubakishwa ibyo ibiro by’imidugudu muri gahunda yo kubafasha kugira aho bakorera heza kandi hagutse nk’uko akarere ka Nyanza kabyiyemeje mu mihigo y’umwaka wa 2012-2013.

 

Uretse kuba abakozi ba ILPD batanze umusanzu wabo muri icyo gikorwa cy’umuganda byanabaye umwanya mwiza wo kumenyana n’abaturage batuye hafi y’icyo kigo akenshi bahoraga babacaho bibereye muri gahunda z’akazi kabo maze ntihagire aho bahurira nabo mu bikorwa nk’ibyo by’umuganda.

Ibyo  byashimangiwe na Ruzindana Alexis  akaba ari umukozi wa ILPD wagize ati: “ Ibi twabiteguye kugira ngo tumenyane n’abaturage kandi nabo bashobore kutwisangaho. Yakomeje avuga ko abakozi ba ILPD badashimishwa no kubaho bonyine badafite aho bahuriye n’abaturage kandi ibyo bakora biri mu nyungu za buri wese.

Ruzindana Alexis asanga n’ubwo ikigo cyabo cya ILPD gikora ibintu bijyanye no kwigisha amategeko hari abanyamahanga bagikoramo baba bakeneye ikintu cyo kubahuza n’abaturage mu bikorwa bimwe na bimwe by’amajyambere baba bakora akenshi kugira ngo nabo babyigireho.

Abaturage baturiye kigo cya ILPD si ubwa mbere babonye abakozi baho baza kubaha umusanzu mu bikorwa bitandukanye kuko buri mwaka bafasha nibura umuntu umwe wakozweho n’ingaruka za jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 kugira ngo bamufashe kwifasha nk’uko Ruzigana Alexis.

Uwimana Jean Noel Umuyobozi w’umudugudu wa Gatare wakorewemo icyo gikorwa cyo kubaka ibiro by’umudugudu wabo mu izina ry’abaturage ayoboye yishimiye ubwo bufasha bahawe n’abakozi b’ikigo cya ILPD.

Yagize ati: “ Ubu twishimiye kuba abantu twumvaga ko ari abasirimu tubatinya aribo baje badusanga ndetse bakemera kwicisha bugufi bakata icyondo hamwe n’abaturage bacu”.

Ibiro by’umudugudu wa Gatare abawutuyemo bifuza ko  byabera abandi intangarugero mu bwiza no mu bunini nk’uko Uwimana Jean Noel Jean Noel umuyobozi w’umudugudu abihamya.

Ku bijyanye n’agaciro ibyo biro by’umudugudu bizaba bifite bimaze kubakwa yasubije ko kagera kuri miliyoni 4 z’amafaranga y’u Rwanda (4. 0000.000frw).

Ibyo biro nibimara kuzura bizakemura byinshi mu bibazo bahura nabyo byo kubura aho bakorera inama ndetse naho bigishiriza abantu bakuru batazi gusoma kwandika no kubara bakibarizwa muri uwo mudugudu.

 

Nyanza: Abafite ubumuga barafashwa kwifasha

Nyanza: Abafite ubumuga barafashwa kwifasha

Tags: , , , , , , , , ,


Ubuyobozi bw’akarere ka Nyanza bwatangiye uburyo bwo kwegera abafite ubumuga kugira ngo bafashwe kwifasha bityo bibarinde umuco wo gusabiriza nk’uko byagiye biranga bamwe muri bo mu gihe cyo ha mbere.

Bumwe muri ubwo buryo bwo kubafasha bwakoreshejwe ni ukubabumbira mu makoperative bakabegeranya kugira ngo byorohe kubakorera ubuvugizi ariko bari ahantu hamwe hazwi babarizwa nk’uko Karabayinga Emmanuel umukozi w’akarere ka Nyanza ushinzwe gukurikirana ibibazo byabo abitangaza.

Nyanza: Abafite ubumuga barafashwa kwifasha

Amwe mu mahugurwa bahawe yo kubafasha kwifasha

Mu kiganiro yasobanuye  ko hamaze gukorwa byinshi bigamije kuzamura imibereho myiza n’ubukungu bw’abafite ubumuga. Abivuga atya: “ Ubu mu karere ka Nyanza twatangiye amakoperative 12 yibumbiwemo abafite ubumuga ndetse amwe muri yo yakorewe ubuvugizi abona inkunga yo kubafasha kwifasha”

Nk’uko akomeza  abitangaza amwe mu makoperative yamaze kubona ubufasha mu karere ka Nyanza harimo iyitwa COCUNYA, Abakundana Rwabicuma n’Abadahemukirana ba Mukingo.

Karabayinga Emmanuel avuga ko ayo makoperative amaze guhabwa miliyoni 6 n’ibihumbi 100 kuva mu ntangiriro z’umwaka wa 2013.

Uretse kubashakira iyo nkunga yo kubafasha kwifasha, banahabwa amahugurwa yo kubongerera ubushobozi mu birebana n’imicungire y’amakoperative.

Ibi kandi bijyana no kubaha amahugurwa yo kubaka ubushobozi bwa komite zabo bibumbiyemo hakurikijwe ibyo bafitiye  ubushobozi bwo kwishoboza.

Nyanza: Utubari tutujuje ibisabwa twahawe igihe ntarengwa cyo gufungirwa imiryango

Nyanza: Utubari tutujuje ibisabwa twahawe igihe ntarengwa cyo gufungirwa imiryango

Tags: , , , , ,


Komite y’umutekano yaguye mu karere ka Nyanza yateranye tariki 25/02/2013 mu cyumba cy’inama cy’ako karere yahaye utubari tutujuje ibisabwa igihe ntarengwa cyo kuba twafungiwe imiryango  kubera impamvu z’umutekano muke ukomeje kutugaragaramo.

Iki cyemezo cyafashwe nyuma y’uko inama y’umutekano yari imaze guterera akajisho hirya no hino mu mirenge 10  igize akarere

Nyanza: Utubari tutujuje ibisabwa twahawe igihe ntarengwa cyo gufungirwa imiryango

Inzoga z’inkorano iyo zifatiwe mu tubari ziramenwa ku mugaragaro

ka Nyanza igasanga hari ibyaha bimwe na bimwe  biba byatewe n’utwo tubari tugaragaramo n’ubucuruza bw’inzoga zitujuje ubuziranenge nka Muriture, Beyurawihe n’izindi.

 Abari muri iyi nama basabye ubuyobozi bw’imirenge utwo tubari tubarizwamo  gushyira imbaraga zihariye mu kuduhagarika ndetse n’udusanzwe tuzwiho guteza umutekano muke iki cyemezo kigasiga kidufungiye imiryango mu buryo bwa burundu.

Ibyo bizakorwa bitarenze itariki 20 Werurwe 2013 kandi amatsinda ashinzwe gukurikirana imirenge agenzure ko icyo gikorwa cyubahirijwe.

Abantu bananiranye ndetse n’ingo zibanye nabi umuriro urara wakamo nabo bitarenze tariki 15/03/2013 bazaba bakorewe urutonde rushyikirizwe ubuyobozi bw’akarere ka Nyanza.

Ahitwa kwa Hadji ku muhanda Kigali- Huye naho hashyizwe mu majwi n’inama y’umutekano  kuba ari ahantu hateza umutekano muke biturutse ku bucuruzi bw’amata yaho urubyiruko rurwanira abakiriya maze ibintu bigafata isura mbi.

Abasanzwe bakora ako kazi biganjemo urubyiruko hemejwe ko bashakirwa ikindi bakora  kitari ugucuruza amata ku mihanda bikavamo  guhungabanya umutekano w’abantu kuruta kuba igikorwa cyo kwihangira imirimo.

Ku birebana n’ibyaha byakozwe muri uku kwezi kwa Gashyantare mu mwaka wa 2013 ibigera kuri 13 nibyo byawuhungabanyije ariko impanuka nizo zabaye nyinshi kuko zagaragaye inshuro 4 mu kwezi.

Ibyo byatumye ikibazo cy’impanuka zituruka ku banyeshuri biga ku bigo byegereye umuhanda wa kaburimbo nacyo kivugwaho byinshi maze hafatwa umwanzuro ko ibigo byose bituriye umuhanda bigomba gushyiraho abakozi bashinzwe kwambutsa abana mu gihe baza ku ishuri cyangwa igihe bataha bakeneye uwo kubambutsa.

Mu kiganiro twagiranye n’ Umuyobozi w’akarere ka Nyanza, Murenzi Abdallah ku birebana n’uko umutekano uhagaze muri ako karere yabyishimiye avuga ko nta kintu kidasanzwe kigeze kibaho ngo gice igikuba mu bantu.

Yagize ati: “ ibyaha aho kwiyongera biragenda bigabanuka mu karere kacu kuko ukurikije uko amezi yagiye akurikirana kuva mu mpera z’umwaka wa 2012 ushize kugeza muri Gashyantare mu  mwaka wa 2013 hari impinduka nziza byatanze”. Ku bwe yashimiye ubufatanye bukomeje kuranga inzego z’umutekano n’abaturage mu guhashya no kurwanya ibyaha bitandukanye.

Akarere ka Nyanza ni kamwe mu turere 8 tw’intara y’Amajyepfo twiyemeje gukumira ibyaha by’uburyo butandukanye kuruta guhangana nabyo byagaragaye ndetse byanahitanye ubuzima bw’abantu.

Top Network News

Rwanda president Paul Kagame hits campaign with Jeannette Kagame, Ivan Kagame and Ange Kagame

A Voyage Through The Life Of Our Late Inyumba Aloisea , Refugee – Leader – Minister – Legend

Jeannette Kagame : Study Finds Rwanda Is “BEST PLACE” For Women Politicians

President Paul Kagame along with Jeannette , Ange and Ivan Kagame - The first family of Rwanda

Related sites

Advertisement

jaguar cars jaguar, jeep, kia