Tag Archive | "Rwanda president"

Huye: Abagenerwa inkunga y’ingoboka bashinze koperative Imanishimwe

Huye: Abagenerwa inkunga y’ingoboka bashinze koperative Imanishimwe

Tags: , , , , , , , ,


Huye: Abagenerwa inkunga y’ingoboka bashinze koperative Imanishimwe

Abagenerwabikorwa ba VUP bo mu Murenge wa Huye ho mu Karere ka Huye bari mu cyiciro cya mbere n’icya kabiri cy’ubudehe, bagenerwa inkunga y’ingoboka, bashinze koperative yitwa Imanishimwe. Ibikorwa by’iyi koperative byatangijwe ku mugaragaro kuwa 15 Gicurasi, 2013.
Ferederiko Nzeyimana, perezida w’iyi koperative, avuga Imanishimwe igizwe n’abagenerwabikorwa ba VUP 405, ikaba yaratangiye gukora mu Ukuboza 2012. Buri wese yatanze amafaranga ibihumbi 10 avuye mu nkunga basanzwe bagenerwa, nuko bayaranguza ibishyimbo.
Yagize ati “n’ubwo ari bwo tugitangira, dufite icyizere cy’uko koperative yacu hari aho izatugeza. Twatangije amafaranga miliyoni eshatu n’ibihumbi 680. Twaranguye ibishyimbo bigura amafaranga 330 kuri mironko, none ubungubu mironko iragura 500, kandi turateganya gutegereza gato ku buryo tuzabigurisha bisigaye bihenze kurushaho.”
Ferederiko kandi atekereza ko inyungu bazakura muri ibi bishyimbo izaba irenga miriyoni imwe n’ibihumbi 200. Ayo mafaranga nibamara kuyabona, bazayegeranya n’andi mafaranga y’ingoboka bazahabwa muri iyi minsi, hanyuma bubakemo amazu yo gucumbikamo ahitwa i Sovu.
Impamvu ngo batekereje kubaka aya mazu i Sovu, ni uko ari ho Akarere ka Huye kari kwimurira inganda ndetse n’abanyamyuga itandukanye nk’iy’ubucuzi, ububaji, … baratekereza ko abazaza gukorera muri aka gace bazacumbika mu mazu yabo, bakabasha kubona amafaranga.
Ku bijyanye n’ingano y’inkunga y’ingoboka aba bagenerwabikorwa bategereje, Hakizimana Benigne, umukozi ushinzwe VUP mu Murenge wa Huye, avuga ko atari amafaranga makeya kuko azaba agera kuri miriyoni 17.
Yagize ati “amafaranga abagenerwabikorwa bategereje ni ay’amezi atanu. Naza, buri wese azahabwa 30% by’amafaranga yagenewe kugira ngo abashe kuyikenuza mu rugo, hanyuma 70% asigaye ni yo azavamo ziriya miriyoni 17 navugaga.”
Abanyamuryango ba koperative Imanishimwe bishimiye iki gitekerezo cyo kubafasha kwibumbira muri koperative, kuko ngo izababashisha kubona igikorwa bakuraho amafaranga igihe bazaba batakigenerwa inkunga.
Umukecuru uri mu kigero cy’imyaka 80, abajijwe icyo atekereza kuri koperative Imanishimwe abereye umunyamuryango yagize ati “iyi koterative (koperative) ndayishima, nkashima na Kagame … Paul Kagame uhora azarikana icyazamura n’abakene. Njyewe izamfasha ndayizeye pe! “
Umubyeyi bigaragara ko akiri mutoya (ari mu kigero cy’imyaka 25) wari waje aherekeje umubyeyi we ufite imyaka 90 we yagize ati “Iyi koperative izaduteza imbere. Kuko ntabwo twari twifite nyine, ariko ubu noneho dufite icyerekezo cy’imbere yacu heza.”

53 cows given to the vulnerable

Rwanda | Ruhango: 53 cows given to the vulnerable

Tags: , , , , , , , ,


The Ruhango district administration has given cows to 53 families that reside in 4 sectors in the support of Girinka Program which was initiated by the president of the republic of Rwanda so that at least every Rwandan can own a cow.

53 cows given to the vulnerable

Residents in the 4 sectors were given cows as those from Byimana sector were given 9 cows, Kabagali sector 15 cows, Kinihira sector 15 cows and Bweramana sector in 14cows. The other 5 sectors which were not given cows are yet to be given precisely early next week says Dieudonne Rugwizangoga the veterinary doctor in Ruhango district.

Residents who were given cows are the poor and vulnerable who were selected by their neighbours with the help of local authorities. The families which were given cows thanked the district administration especially the president of the Republic for initiating this program and made them farmers something which was just a dream to most of them.

They assured that now that they got cows to rear, they are going to work even harder to develop as they have been farming without manure, and their children will no longer be affected by kwashiorkor or malnutrition as they will be having milk.

Dieudonne Rugwizangoga the veterinary doctor in Nyabihu district said that every resident who was given a cow has a responsibility to give a cow to a neighbour once the cows reproduce. These 53 cows that were given by the district are additional to too many others which were given out by different partners in development, organizations and associations in Ruhango district.

 

 

imiryango 53 yorojwe inka n’akarere

Rwanda | Ruhango: imiryango 53 yorojwe inka n’akarere

Tags: , , , , , , , ,


imiryango 53 yorojwe inka n’akarere

Imiryano yahawe inka izajya iziturira abandi

Mu rwego rwo gushyigikira gahunda ya gira inka yatangijwe na perezida wa Repubuluka Paul Kagame, akarere ka Ruhango kagabiye inka imiryango igera kuri 53 ituye mu mirenge ine.

Iyi mirenge yorojwe inka harimo uwa Byimana wahawe inka 9, Kabagali yahawe 15, Kinihira yahawe 15, Bweramana yahawe 14.

Bikaba biteganyijwe ko n’indi mirenge 5 isigaye nayo izorozwa inka mu ntangiriro z’icyumweru gitaha; nk’uko bitangazwa na Rugwizangoga Dieu Donne ushinzwe ubworozi mu karere ka Ruhango.

Abaturage bahawe izi inka, akaba ari abaturage bafite amikoro make baba baratoranijwe n’abagenzi babo baturanye babifashijwe n’inzego zibanze.

Imiryango yabonye izi nka, ivuga ishimira cyane Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame we watekereje kuri iyi gahunda ya gira nka aho buri mu nyarwanda agenda abona inka.

Bavuga ko ubu ubwo bamaze kubona izi nka, bagiye guterimbere kuko ubundi babagaho nta gafumbire bagira, nditse ibi bikazatuma nta mwana wongera kurwara bwaki kuko bazajya babona amata.

Rugwizangoga Dieu Donne ushinzwe ubworozi mu karere ka Ruhango, avuga ko umuturage wahawe inka azajya yoroza mugenzi igihe inka yahawe yabyaye.

Izi nka 53 za guhunda ya girinka munyarwanda zitanzwe n’akarere, zije ziyongera kuzindi nyinshi zagiye zitangwa n’abafatanyabikorwa b’akarere ka Ruhango.

 

 

Amatungo ya Habiyambere

Rwanda | Ngororero: Ngo Perezida Kagame yamuteye ishaba

Tags: , , , , , , , , , , , , , ,


Umugabo witwa Habiyambere Gerard utuye mu murenge wa Hindiro mu karere ka Ngororero aravuga ko azitura Perezida Kagame kuko ngo yamuteye ishaba atigeze agira mu buzima bwe. Ibi ngo byaturutse kunka uyu mugabo yahawe na Nyakubahwa Perezida wa Repuburika ubwe, ubwo yasuraga abaturage b’akarere ka Ngororero kuwa 15 Gashyantare 2012.

Kuri ubu, iyo ugeze mu rugo rw’uwo mugabo  ufite umugore n’abana umunani ubundi utaragiraga amatungo mu rugo rwe akaba yarahereye kuyo yahawe na Perezida, uhasanga inka 3 zirimo iyo yahawe hamwe n’inyana yayo ndetse hakaba n’indi yahashye ngo amaze kubona ko korora ari ingirakamaro, akagira kandi intama 2 n’ihene imwe.

Ngororero Ngo Perezida Kagame yamuteye ishaba

Amatungo ya Habiyambere

Nkuko uyu mugabo abitangaza, ngo yatangiye kumvira Perezida Kagame ubwo yavugaga kuri radiyo ko abaturage bakwiye kuva ahantu h’imibande bakajya mu midugudu bakegerezwa ibikorwa remezo, maze Habiyambere afata iyambere asaba ikibanza maze afatanyije n’abana be biyubakira inzu kandi ari abakene gusa ngo bakaba baragiye babona inkunga zitandukanye.

Nyuma yo kubona atanze abandi kubaka mu mudugudu, ndetse agahabwa inka na Perezida, nibwo yiyumvisemo ko nawe agomba kugira icyo yigezaho maze akorera amafaranga nawe yigurira inka n’andi matungo yavuzwe haruguru ariko byose ngo akaba yarabitewe na Kagame wamufunguriye amarembo.

Uretse kwitura Perezida nawe yoroza abandi, Habiyambere ngo ubu yatangiye gahunda yo gushishikariza abaturage batuye mu mibande kumwegera kugirango bifatanye bahabwe n’umuriro w’amashanyarazi kandi iyi gahunda akaba ayigejeje kure.

Ubwo bwitange bwo gukangurira abaturage kujya mu midugudu ndetse n’ibikorwa by’uyu mugabo bigaragaza imbaraga z’ibitekerezo ngo nibyo byatumye n’abaturage bamwizera none kuri ubu bakaba baramugize umukuru w’umududgudu atuyemo, ibintu ubundi ngo atari yarigeze arota kubera ubukene bwe.

Abazi uyu mugabo barimo n’abayobozi mumurenge atuyemo bahamya ko ari umuntu ufite gahunda z’ejo hazaza heza kandi agashaka kugendana n’abandi baturage.

 

 

Rwanda-President-Paul-kagame-to-attend-the-10th-extra-ordinary-300×150

Rwanda President Paul kagame to attend the 10th extra-ordinary summit of EAC heads of state

Tags: , , ,


Rwanda President Paul kagame to attend the 10th extra ordinary 300x150 Rwanda President Paul kagame to attend the 10th extra ordinary summit of EAC heads of state

The East African Community heads of State will gather at the Ngurdoto Mountain Lodge in Arusha, Tanzania this Saturday 28.04.2012 in the 10th extraordinary summit that brings together heads of member countries.

President Paul Kagame of the republic of Rwanda , Mwai Kibaki of the Republic of Kenya and Chairperson of the EAC Summit, President Jakaya Mrisho Kikwete of the United Republic of Tanzania, President Pierre Nkurunziza of the Republic of Burundi and President Yoweri Kaguta Museveni of the Republic of Uganda are all expected at the Summit.

At the Summit, the Heads of State will consider, among others, appointment of a new Deputy Secretary General from Uganda; renewal of contract of Mr. Jean Claude Nsengiyumva (Deputy Secretary General – Productive and Social Sectors); a report of the Council of Ministers on the proposed attainment of a Single Customs Territory; and a report of the Council of Ministers on the application by the Republic of South Sudan to join the East African Community.

Meanwhile, the 24th Extraordinary meeting of the EAC Council of the Ministers is currently underway at the Arusha International Conference Centre (AICC). The Council meeting is being held through a series of sessions which has seen the session of Senior Officials running from 20-22 April, followed by the Permanent Secretaries session from 23-24 April while the ministerial session is taking place this Wednesday 25th April.


 

Rwanda Gicumbi Survivors

Rwanda | Gicumbi: Survivors benefit from ‘Girinka’ cows

Tags: , , , , , , , , , , , , , ,


Rwanda Gicumbi Survivors

Gicumbi survivors receiving cows

 Over 60 cows of were donated to the families of survivors of the 1994 Genocide against the Tutsi in Gicumbi district, last week. The donation is part of the one cow per family programme locally know as ‘Girinka.’  

Deogaratias Mwanafunze the coordinator of one cow per family program in the northern district of Gicumbi said that the cows were donated to poor families through the fund for genocide survivors (FARG).

“We have given cows to selected survivor families who seem to be under privileged than others in a bid to boost their economic and social wellbeing,” said Mwanafunze adding that those who benefited were selected from the Sectors of  Mutete, Muko, Rutare, Ruvune, Bukure, Giti, Kajyeyo, Nyamiyaga and Rwamiko.

Mukandamutsa Daphrose who benefited from the program said that the cow given to her will help her and her neighbors to get milk and manure adding that her social wellbeing will improve as a result.

Those who were given cows were urged to take good care of them so that they can fully benefit from them.

Girinka program (One cow per poor Family) was inspired by the Rwandan culture and initiated by His Excellency the President of the Republic in 2006.


Gicumbi Abacitse ku

Rwanda | Gicumbi: Abacitse ku icumu batishoboye bo mu mirenge 9 borojwe inka

Tags: , , , , , , , , , , , , , , ,


Gicumbi Abacitse ku

Umwe muborojwe muri gahunda ya girinka

Imiryango itishoboye yo muri imwe mu mirenge 9 igize akarere ka Gicumbi mu ntara y’amajyaruguru yahawe inka mu rwego rwo kuyifasha kwiteza imbere.

Mwanafunze Deogaratias ushinzwe gahunda ya girinka munyarwanda mu karere ka Gicumbi avuga ko hatanzwe inka 60 zatanzwe ku nkunga y’ikigega gishinzwe gutera inkunga abacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe abatutsi yabaye mu Rwanda mu 1994 (FARG).

Avuga ko abahawe inka biganjemo imiryango y’abacitse ku icumu batishoboye, bakomoka mu mirenge ya Mutete, Muko, Rutare, Ruvune, Bukure, Giti, Kajyeyo, Nyamiyaga na Rwamiko.

Umwe mu borojwe, Mukandamutsa Daphrose avuga ko inka abonye izamufasha kubona amata ndetse akabasha kwiteza imbere kuko bizatuma abona ifumbire agafumbira umurima we wari watangiye kurumbuka bityo ugatanga umusaruro. Avuga ko azarushaho kuyifata neza kugirango ibashe kumuha umusaruro.

Gahunda ya girinka munyarwanda yatangijwe na perezida wa repubulika Paul Kagame, ikaba igamije gufasha abaturage bakennye kwikura mubukene.

 

Top Network News

Rwanda president Paul Kagame hits campaign with Jeannette Kagame, Ivan Kagame and Ange Kagame

A Voyage Through The Life Of Our Late Inyumba Aloisea , Refugee – Leader – Minister – Legend

Jeannette Kagame : Study Finds Rwanda Is “BEST PLACE” For Women Politicians

President Paul Kagame along with Jeannette , Ange and Ivan Kagame - The first family of Rwanda

Related sites

Advertisement

jaguar cars jaguar, jeep, kia