Tag Archive | "Rwanda Youth"

m_01

Nyanza: Nyuma y’imyaka 19 adafite aho kuba yubakiwe inzu

Tags: , , , , , , , ,


Umukecuru witwa Musasanzobe Suzana w’imyaka 61 y’amavuko wari utuye  mu mudugudu wa Bweramana mu kagali ka Masangano mu murenge wa Busoro mu karere ka Nyanza amaze imyaka 19 adafite aho kuba kubera ingaruka jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 mu Rwanda  yamugizeho  agasenyerwa,  tariki 08/05/2013 yubakiwe inzu n’urubyiruko mu rwego rwo kumufasha kwigira.

Iyo nzu yubatswe muri gahunda yo gutangiza ukwezi kw’ibikorwa byahariwe urubyiruko yabereye ku rwego rw’akarere ka Nyanza mu murenge wa Busoro aho uwo mukecuru warokotse jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 yabarizwaga.

Urubyiruko rw’abasore n’inkumi rugera ku 130  nirwo rwitabiriye icyo gikorwa rukata urwondo rwo guhomesha iyo nzu ndetse birangira runayisakaje amabati kugira ngo yihutishwe imirimo yayo dore ko uwo mukecuru yabagaho mu buzima bumukomereye agenda acumbika mu myaka 19 yose ishize jenoside yakorewe abatutsi imaze ibayeho mu Rwanda.

 

Nyanza: Nyuma y’imyaka 19 adafite aho kuba yubakiwe inzu


Inzu y’uwo mukecuru bayisize isakaye

 

Musasanzobe Suzana w’imyaka 61 y’amavuko wubakiwe iyo nzu yatangaje ko icyo gikorwa cyamukorewe kidasanzwe ngo kuko kubura aho kuba byari bimwe mu bimukomereye mu mibereho ye ya buri munsi.

Yagize ati: “Ndashimira urubyiruko rwahisemo kuza kumfasha kubona icumbi nkaba ngiye kwicara mu nzu yanjye bwite ndyamamo simvirwe n’imvura ndetse n’izuba riva nkaryugamamo”

Nyanza: Nyuma y’imyaka 19 adafite aho kuba yubakiwe inzu


Nyuma y’uwo muganda urubyiruko rwahimbawe rurabyina

Avuga ko iyo nzu yubakiwe ariyo izaba amasaziro ye ibyo akaba aribyo aheraho asobanura ko ingufu z’urubyiruko zikoreshejwe neza zakemura ibibazo byinshi biri mu gihugu.

Imvugo y’uyu mukecuru kandi yagarutsweho n’abafashe amagambo bose bemeza ko kwishakira ibisubizo nk’abanyarwanda bizatuma igihugu gitera imbere mu buryo bwihuse kurusha gutega amaboko abitwa ko ari abagiraneza baguha none ejo bakakwima.

Mbarubukeye Vedaste umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Busoro yashimangiye ko mu kwezi k’umwe iyo nzu izaba ituwemo n’uwo mukecuru kandi ifite ibyangombwa byayo kugira ngo ikibazo cy’icumbi amaranye imyaka 19 gikemuke.

Urubyiruko rwakoze icyo gikorwa cyo kumwubakira iyo nzu kimwe n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze zo muri ako gace bahuriza  ku mvuyo y’uko bazakomeza kumuba hafi agafashwa kwigira no gumuhumurizwa ahabwa  icyizere cyiza cy’ejo hazaza.

 

 

Youths encouraged on hard work

Youths encouraged on hard work

Tags: , , , , , , ,


Youths encouraged on hard work  The Minister of Youth and ICT, Jean Philbert Nsengimana has urged Rwandan youths to embrace the culture of saving, hard work and formation of cooperatives in order to improve their standard of living.

The minister made the remarks during the official launching of the 2013 youth month which took place in Kabaya sector, Ngororero district in Western Province, on May 4, under the theme: “The Promise of a generation.”

The main goal of this month is to celebrate the achievements so far made within the sector while focusing on the key issues facing young people but also create a platform for youth advocacy and a clear strategy for youth to be able to meaningfully contribute to nation building especially focusing on the role of youth to build the society.

Minister Nsengimana argued that the youth need to be more of job creators who need to start with available resources within their reach, and those who do not have the ability to start a business should join the Kuremera program and Hanga umurimo program-in which communities and government chip in to finance income generating activities respectively.

The month’s activities will range from those in line with economic empowerment, social contribution, and the use of ICT as a tool for development as well as activities related to sports and entertainment

As part of the agenda, Isamaza youth cooperative were given two computers, a 32inch TV screen and a decoder courtesy of Star Africa media- a Chinese multimedia company in Rwanda. The equipments will be used to generate income for the youth cooperative- which is mainly composed of genocide survivors in Kabaya.

One of the youth in Ngororero District, Eugene Nzanywayinshuti, 26 is a farmer who is  are confident that through working hard to produce more one can improve their welfare and contribute to the economy which largely depends on agriculture.

“I cultivate maize, potatoes and I buy lands where I’ll extend my activities, now I saved more than 1 million Rwandan francs, now I urge my brothers and sisters to work hard and I’m sure they’ll get a result.”

In Vision 2020, Rwanda’s long-term socioeconomic development agenda, it is envisaged that a critical mass of viable SMEs will create 3.2 million off-farm Jobs by 2020.  Incidentally, unemployment is one of the biggest challenges Rwanda is facing today.

The youth population between 14-35 years old is 4, 159,000, among them 70.2% are working and 26.3% are students. About 65% of the youth work less than 35hours per week and this is a proxy to time related to underemployment. It is also estimated that 1.4% are unemployed and the unemployment is high in Kigali city with 4.8% for men and 10% for

Youths encouraged on hard work

Youths encouraged on hard work

Tags: , , , , , ,


Youths encouraged on hard work  The Minister of Youth and ICT, Jean Philbert Nsengimana has urged Rwandan youths to embrace the culture of saving, hard work and formation of cooperatives in order to improve their standard of living.

The minister made the remarks during the official launching of the 2013 youth month which took place in Kabaya sector, Ngororero district in Western Province, on May 4, under the theme: “The Promise of a generation.”

The main goal of this month is to celebrate the achievements so far made within the sector while focusing on the key issues facing young people but also create a platform for youth advocacy and a clear strategy for youth to be able to meaningfully contribute to nation building especially focusing on the role of youth to build the society.

Minister Nsengimana argued that the youth need to be more of job creators who need to start with available resources within their reach, and those who do not have the ability to start a business should join the Kuremera program and Hanga umurimo program-in which communities and government chip in to finance income generating activities respectively.

The month’s activities will range from those in line with economic empowerment, social contribution, and the use of ICT as a tool for development as well as activities related to sports and entertainment

As part of the agenda, Isamaza youth cooperative were given two computers, a 32inch TV screen and a decoder courtesy of Star Africa media- a Chinese multimedia company in Rwanda. The equipments will be used to generate income for the youth cooperative- which is mainly composed of genocide survivors in Kabaya.

One of the youth in Ngororero District, Eugene Nzanywayinshuti, 26 is a farmer who is  are confident that through working hard to produce more one can improve their welfare and contribute to the economy which largely depends on agriculture.

“I cultivate maize, potatoes and I buy lands where I’ll extend my activities, now I saved more than 1 million Rwandan francs, now I urge my brothers and sisters to work hard and I’m sure they’ll get a result.”

In Vision 2020, Rwanda’s long-term socioeconomic development agenda, it is envisaged that a critical mass of viable SMEs will create 3.2 million off-farm Jobs by 2020.  Incidentally, unemployment is one of the biggest challenges Rwanda is facing today.

The youth population between 14-35 years old is 4, 159,000, among them 70.2% are working and 26.3% are students. About 65% of the youth work less than 35hours per week and this is a proxy to time related to underemployment. It is also estimated that 1.4% are unemployed and the unemployment is high in Kigali city with 4.8% for men and 10% for female.

m_Youths construct house for genocide survivor widow

Nyamata: Youths construct house for genocide survivor widow

Tags: , , , , , , ,


m_Youths construct house for genocide survivor widowOn the 11th/04/2013, youths in Muranyundo cell, Nyamata sector, Bugesera District helped constructed a house for one of the women who were widowed in the 1994 genocide against the Tutsi.

The house that Widow Jeanette Nyirarukundo had was almost falling because of the constant rain, and therefore this is why the youths demolished it and constructed another one for her.

This act of helping the vulnerable genocide survivors in the district was organised by the National youth committee, as said by Jean Claude Gahigi the coordinator.

Gahigi said that youths should help reconstruct the country since they also participated in demolishing it during the 1994 genocide.

“This act again helps the vulnerable people become self- reliant”, added on Gahigi.

Nyirarukundo appreciated the help given by these youths, saying that she will continue with the good work start even when the youths are gone.

The youths promised to build this house and make it even stronger so they can help this elderly woman live a happy life.

These activities were organised in all the sectors of Bugesera district where vulnerable genocide survivors’ houses will all be renovated and also several other development activities carried out for them.

 

 

Nyamasheke: Urubyiruko rwakoze urugendo rwo kwibuka jenoside yakorewe Abatutsi

Nyamasheke: Urubyiruko rwakoze urugendo rwo kwibuka jenoside yakorewe Abatutsi

Tags: , , , , , ,


Nyamasheke: Urubyiruko rwakoze urugendo rwo kwibuka jenoside yakorewe AbatutsiUrubyiruko rugera kuri 340 ruturutse mu mirenge itandukanye y’akarere ka Nyamasheke, tariki ya 12/04/2013 rwakoze urugendo mu mutuzo rugamije kwibuka ku nshuro ya 19 jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994.

Uru rubyiruko rwo mu karere ka Nyamasheke rukaba rwakanguriwe kwibuka ruharanira gukosora amakosa urundi rubyiruko rwakoze mu gihe cya jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, ahubwo urubyiruko rw’ubu rugahagurukira kubaka Igihugu kugira ngo kitazasubira aho cyavuye.

Uru rugendo rwaturutse ku Kigo cy’Urubyiruko cya Nyamasheke kiri mu kagari ka Rwesero mu murenge wa Kagano rwerekeza ku rwibutso rwa jenoside rwa Nyamasheke.  Bahageze, uru rubyiruko rwashyize indabo ku mva ndetse rwunamira imibiri y’inzirakarengane zisaga ibihumbi mirongo ine na birindwi (47000) zishwe muri jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994.

Nk’uko byagaragajwe n’umwe mu bazi amateka ya jenoside I Nyamasheke, ngo imibiri myinshi ishyinguye muri uru rwibutso ni iy’Abatutsi baguye muri Kiliziya ya Paruwase Gatolika ya Nyamasheke, aho bari baje bashukwa ko bagiye kuhakirira ariko ari amayeri y’abicanyi bashakaga kubahuriza hamwe ngo babice.

Umuhuzabikorwa w’Ikigo cy’Urubyiruko cya Nyamasheke, Ndanga Janvier yavuze ko bateguye uru rugendo mu rwego rwo kwibuka jenoside yakorewe Abatutsi ariko bikaba umwanya wo kugaragariza urubyiruko amakosa yakozwe n’urubyiruko mu gihe cya jenoside hagamijwe kuyakosora kugira ngo urubyiruko rw’ubu rwubake Igihugu bagenzi babo bashenye.

Depite Renzaho Giovani wari wifatanyije  n’uru rubyiruko yarusobanuriye ko mbere ya jenoside Abanyarwanda bari bunze ubumwe kandi bari bafite umuco mwiza ubahuza ariko ko amacakubiri yatumye habaho jenoside yakorewe Abatutsi, kandi urubyiruko rwinshi rukaba ari rwo rwabigizemo uruhare.

Depite Renzaho akaba yasabye uru rubyiruko ko uru rugendo bakoze rwaba ikimenyetso cyo kwibuka  ariko kandi rugasobanura urugendo umuntu anyuramo ava mu nzira mbi agana mu nzira nziza. Uyu mudepite akaba yasabye uru rubyiruko ko rukwiriye kwibuka ruharanira iterambere kugira ngo rubashe kwigira ari na ko ruhangana n’ingaruka za jenoside.

Uru rugendo rwo kwibuka rwateguwe n’Ikigo cy’Urubyiruko cya Nyamasheke. Uretse ibikorwa byo kwibuka muri rusange, urubyiruko rwibumbiye mu Kigo cyarwo cya Nyamasheke rwagiye rukora ibikorwa bitandukanye byo kuremera abacitse ku icumu bacyugarijwe n’ubukene.

 

 

Burera: Urubyiruko rwakoze urugendo rwo kwibuka abazize Jenoside yakorewe abatutsi

Burera: Urubyiruko rwakoze urugendo rwo kwibuka abazize Jenoside yakorewe abatutsi

Tags: , , , , , ,


Burera: Urubyiruko rwakoze urugendo rwo kwibuka abazize Jenoside yakorewe abatutsiUrubyiruko rwaturutse mu mirenge itandukanye yo mu karere ka Burera rwakoze urugendo rwo kwibuka abazize Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda, mu mwaka wa 1994, runatanga inkunga yo gufasha abacitse ku icumu rya Jenoside.

Urwo rugendo rwabaye tariki ya 12/04/2013, rwabereye muri zone ebyiri zo mu karere ka Burera: abo muri zone ya Bukamba (ahegereye ikirunga cya Muhabura) barukoze bagana k’Urwibutso rwa Jenoside yakorewe abatutsi ruri mu murenge wa Rugarama, naho abari muri zone ya Kirambo bakoze urwo rugendo bagana k’Urwibutso rwa Jenoside rwa Rusarabuye.

Urwo rugendo rwo kwibuka abazize Jenoside yakorewe abatutsi rwatangiye mu ma saa sita za kumanywa. Rwitabiriwe n’urubyiruko rutandukanye rurimo abanyeshuri ndetse n’urundi rubyiruko rusanzwe.

Abitabiriye urugendo rwo kwibuka, muri zone ya Kirambo, bakoze urwo rugendo n’amaguru ahantu hareshya n’ibirometero bibiri. Barushoje bashyira indabo k’Urwibutso kwa Jenoside yakorewe abatutsi rwa Rusarabuye, rushyinguye mo imibiri y’abazize Jenoside 67.

Mukarutwaza Alphonsine, wari uhagarariye inama y’igihugu y’urubyiruko, yavuze ko bateguye urwo rugendo kurigira ngo urubyiruko, rwo mbaraga z’igihugu, rumenye amateka mabi yaranze u Rwanda bityo rutegure ejo hazaza heza.

Agira ati “…inama y’igihugu y’urubyiruko ishishikariza urubyiruko rw’akarere ka Burera, gukurikirana amateka no kwamagana ingengabitekerezo ya Jenoside kugira ngo (Jenoside) itazongera kubaho ukundi.”

Akomeza avuga ko kandi urwo rubyiruko nirumara kumenya ayo mateka arirwo ruzanayigisha n’abana bazarukomoka ho.

Uwambajemariya Florence, umuyobozi wungirije w’akarere ka Burera ushinzwe imibereho myiza y’abaturage, yasabye urwo rubyiruko gukomeza kwamagana uwo ari we wese wasubiza u Rwanda inyuma.

Agira ati “uburyo twahindura amateka ni uko twakwirinda uwo ari we wese wadusubiza inyuma, ni uko twavuguruza ibinyoma bitangwa ku binyamakuru hirya no hino.”

Yongera ho ko urubyiruko rwakoresha impano rufite zo guhanga ibintu bitandukanye ari ukwandika cyangwa kuririrmba n’ibindi, ruvugturuza ibyo binyoma bivugwa ku Rwanda.

Urubyiruko rwo mu karere ka Burera rwakoreye urugendo muri zone ya Kirambo rwateye inkunga abacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe abatutsi, amafaranga y’u Rwanda agera ku bihumbi 23 n’amafaranga 450.

Nyamagabe: Urubyiruko rwasaniye inzu mugenzi warwo wacitse ku icumu.

Nyamagabe: Urubyiruko rwasaniye inzu mugenzi warwo wacitse ku icumu.

Tags: , , , , , , , , ,


Nyamagabe: Urubyiruko rwasaniye inzu mugenzi warwo wacitse ku icumu.Mu rwego rwo gufasha abacitse ku icumu no kubatera ingabo mu bitugu ngo bagane mu nzira yo kwigira, urubyiruko rw’umurenge wa Gasaka mu karere ka Nyamagabe rwasaniye inzu umwe muri rwo wacitse ku icumu mu muganda rwakoze tariki ya 12/04/2013.

Uru rubyiruko rwahomye igikoni, ubwiherero ndetse n’ubwogero by’uwitwa Nzabaregerimana Emmanuel ndetse banareshyeshya imbere y’inzu yo kubamo bakoresheje ibitaka n’ibyatsi kuko hari haratengutse kubera amazi yaturukaga ku gisenge, bikaba byashoboraga gutuma ihirima.

Nzabaregerimana ni umwana w’imfubyi utagira epfo na ruguru ndetse akaba atanazi aho avuka kuko yatoraguwe ahitwa i Murambi haguye abatutsi benshi akiri muto akaza kurerwa n’umubyeyi witwaga Gatima Madina ari nawe wamwise ririya zina.

Nyuma yo kubona ko nta bushobozi bwo kumurera afite yajyanywe mu kigo cy’imfubyi cya Village SOS Gikongoro ariho akiba n’ubu, akaba arangije amashuri yisumbuye. Uyu Gatima nawe ngo yaje kwitaba Imana bityo asigara umuryango we ari village SOS Gikongoro.

Iyo umwana warererwaga muri Village SOS Gikongoro arangije Amashuri yisumbuye agakomeza kwiga kaminuza irakomeza ikamufasha, gusa ngo iyo bidashobotse imufasha kujya mu buzima busanzwe ubundi agacuka.

Nzabaregerimana atangaza ko kuba akarere kamuhaye inzu ndetse urubyiruko rukanamufasha kuyisana ngo bimuhaye ikizere cy’uko atari wenyine ahubwo ko leta imuzirikana, ndetse ngo akaba abonye ko afite abandi bavandimwe n’ubwo hari abo yabuze.

“Bigiye kumpa ikizere binyereke ko ntari ngenyine, ko n’ubuyobozi bunyitayeho, ko mfite inshuti n’abavandimwe n’ubwo hari abo nabuze. Mbese birandenze nge”, Nzabaregerimana.

Umuhuzabikorwa w’inama y’igihugu y’urubyiruko mu murenge wa Gasaka, Kavoma Patrick atangaza ko nk’urubyiruko bafashe ingamba zo gufasha abacitse ku icumu mu buryo butandukanye, mu rwego rwo kubafata mu mugongo no kubereka icyizere cyo kubaho, bakareka kwigunga.

Aragira ati: “Urubyiruko rw’umurenge wa Gasaka twiyemeje gufasha abacitse ku icumu hirya no hino tubahingira, tubafasha gusana amazu mu rwego rwo kubafata mu mugongo turushaho kubereka icyizere. Kuba tumuhaye umuganda ni ukumwereka icyizere cy’igihugu cyacu ngo areke kwigunga muri ibi bihe tumuba hafi”.

Umuyobozi w’akarere ka Nyamagabe akaba n’umuhuzabikorwa w’urubyiruko mu karere, Mugisha Philbert yashimiye urubyiruko ko rutekereza ku barokotse jenoside yakorewe abatutsi batishoboye, bakaba bari mu murongo wo kwiyubakira igihugu, bafasha bagenzi babo batishoboye ngo babashe kwigira.

Imbaraga z’urubyiruko zifashishijwe mu gushyira mu bikorwa jenoside yakorewe abatutsi ndetse zinitabazwa mu kuyigarika no kubohora igihugu, zikaba zigomba no kwitabwazwa mu kucyubaka no guharanira kwigira, bityo inzego zitandukanye zireberera urubyiruko zikaba zigomba kuruba hafi.

 

 

Bahize ko inzu bazayuzuza

Nyamata: Urubyiruko rwubatse inzu y’umupfakazi warokotse Jenoside yakorewe abatutsi

Tags: , , , , , , ,


Urubyiruko rwubatse inzu y’umupfakazi warokotse Jenoside yakorewe abatutsi

Urubyiruko rurishimira kugira uruhare mu bikorwa byubaka igihugu

Urubyiruko rwo mu Kagari ka Maranyundo mu murenge wa Nyamata mu karere ka Bugesera kuwa 11/4/2013 rwaramukiye mu gikorwa cyo gusana inzu y’umwe mu bapfakazi warokotse Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Inzu ya rukarakara yari yarubakiwe umupfakazi wa Jenoside utishoboye witwa Nyirarukundo Jeanette utuye mu mudugudu wa Muyange mu kagari ka Maranyundo ni yo yatewe igishahuro n’urubyiruko rwo muri ako kagari.

Ni mu rwego rwo gufasha uyu mukecuru bigaragara ko yashoboraga kuzamugwa hejuru, kuko atari yarashoboye kuyihomera nk’uko bivugwa n’umuhuzabikorwa w’inama y’igihugu y’urubyiruko mu karere ka Bugesera Gahigi Jean Claude.

Yagize ati “ iki ni igikorwa cyateguwe n’inama y’igihugu y’urubyiruko mu karere ka Bugesera cyo gufasha kwigira abatishoboye barokotse Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994”.

Bahize ko inzu bazayuzuza

Bahize ko inzu bazayuzuza

Yavuze ko kuba urubyiruko rwaragize uruhare runini mu gusenya igihugu, ari na rwo ruhare rugomba kugira mu kucyubaka kandi uwo basaniye inzu ngo ni n’uburyo bwo kumushishikariza kwigira.

Nyirarukundo Jeannette yishimiye ubu bufasha yahawe n’urwo rubyiruko baturanye,

Ati “ nanjye nzashyiraho akanjye mu gukomeza kubaka iyi nzu nyuma y’aho bamfashije bakayirinda gusenywa n’imvura irimo kugwa umusubizo muri iyi minsi”.

Amwe mu matafari ya rukarakara yari yubatse iyo nzu, yatangiye kunogoka mu nkuta, ari nako andi anyagirwa n’imvura. Urwo rubyiruko rwayihomesheje icyondo gikomeye, ariko ngo n’ubushobozi nibuboneka bazashyiraho igishahuro cy’umucanga na sima, kugira ngo iyo nzu ikomere kurushaho.

Ibi ni ibikorwa byateguwe mu mirenge yose igize akarere ka Bugesera, aho bazasana amazu y’abarokotse Jenoside batishoboye yatangiye kwangirika, hakazabaho n’ibindi bikorwa byo kubaremera.

 

Gisagara: Calling Young people to participate in memorial programs

Gisagara: Calling Young people to participate in memorial programs

Tags: , , , , , ,


With one week to the National Commemoration Period of the 1994 genocide against the Tutsi victims for the 19th time, the youth of Gisagara District are being called upon to participate in different programs of the commemoration period.

These said programs that will support genocide survivors and inform Rwandans and the world about the effect of genocide are worth all the support, officials in the District have remarked

Gisagara: Calling Young people to participate in memorial programs

Gisagara Youth to participate in commemoration programs

Youth need to participate and identify themselves in the programs of the commemoration period like doing community work, building houses for the homeless genocide survivors, reconstructing the ruined houses, supporting the poor and vulnerable with tools and food stuffs and giving presentations on the history of Rwanda.

 The youth of Gisagara district know very well that such actions are necessary for healing the hearts of many Rwandans that need healing. “Actions like visiting childless parents or people with no families or orphans due to genocide make them realize that they have support from other people and get out of the shack of loneliness” says one of the youth in Ndora sector Pierre Muneza.

The youth in the district are being called upon to do more than what they have been doing in the last commemoration periods and move out to heal the damaged hearts and traumatized minds of genocide survivors and rebuild their country.

“We have prepared different programs and actions in this commemoration period and we need the youth to own them and participate fully in them. We the youth are the strength of the country we therefore have a responsibility to rebuild it. We have to support the weak genocide survivors and give them the hope and courage we can master” says Noel Rukundo the coordinator of National Youth Council in Gisagara district.

As well as other parts of the country, Gisagara district still has orphans-headed families and widows that need hope and courage to move on with their lives after the atrocities they witnessed 19 years ago during the genocide. This will only be done by their Rwandan neighbours especially the youth who are strong enough to give courage to the weak and scared and hope to the hopeless.

 

m_01

Nyanza: Youth on Urugerero program to keep up work after holidays

Tags: , , , , ,


In the celebrations to put to a halt the operations of the youth on Urugerero program due to the commemoration period for the 1994 genocide against the Tutsis in Nyanza district on Thursday the 28th.March.2013, the youth vowed to take up where they had stopped and to achieve what they had promised and much more.

According to Emile Nkurikiyumikiza who represented the youth on Urugerero program in Kibilizi sector says the work him and youth do is done willingly and voluntarily well knowing they are participating in building their country while solving their own people’s problems.

Nyanza: Youth on Urugerero program to keep up work after holidays

Some of activities that youth do for the society

 The youth on Urugerero program presented their achievements in this program including fighting soil erosion through planting trees and making trenches for water in the sector. Making vegetable gardens for the people, teaching people about nutrition, constructing accommodation for the homeless were among those achievements.

The youth on Urugerero program intend to start off where they halted from on the 21st.April.2013 when the 3rd phase of the program will start by sensitizing couples who are cohabiting to legally get married.

The executive secretary of Kibilizi sector Theophile Kayigambire asked the youth on Urugerero program to be exemplary to the rest of the people in government programs especially the upcoming genocide commemoration period.

“We are soon going to be commemorating the 1994 genocide against Tutsis and we need you to be exemplary and catalysts to development in your villages and cells by participating in the presentations and dialogues that will be given” says Kayigambire.

The 3rd phase of the Urugerero program which is yet to start will end on 28th.June.2013 as Florence Kubwimana the coordinator of the National Itorero in Nyanza district as well as Aline Niwemukobwa who works for the Itorero explained.

Top Network News

Rwanda president Paul Kagame hits campaign with Jeannette Kagame, Ivan Kagame and Ange Kagame

A Voyage Through The Life Of Our Late Inyumba Aloisea , Refugee – Leader – Minister – Legend

Jeannette Kagame : Study Finds Rwanda Is “BEST PLACE” For Women Politicians

President Paul Kagame along with Jeannette , Ange and Ivan Kagame - The first family of Rwanda

Related sites

Advertisement

jaguar cars jaguar, jeep, kia